Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Nigeria, bifuza ko ibyavuye mu matora yegukanywe n'umukambwe Bola Tinubu, biteshwa agaciro, nyuma y’uko Urukiko rushinzwe...
Read moreDetailsAmakuru yacicikanaga avuga ko Perezida Denis Sassou-N’Guesso wa Repubulika ya Congo (Congo-Brazzaville), yahiritswe ku butegetsi n’Igisirikare, yamaganiwe kure na Guverinoma...
Read moreDetailsMinisiteri y’Itumanaho, Ikoranabuhanga n’Itangazamakuru mu Burundi yanyomoje amakuru yavugwaga ko hari ubwoba bw’uko hashobora kuba coup d’état. Amakuru yatangiye kuvugwa nyuma y’aho...
Read moreDetailsMuri Libya Abakora mu nzego z’ubutabazi bakomeje ibikorwa byo gushakisha abantu barenga ibihumbi 20 baburiwe irengero mu mujyi wa Derna. Ibiro...
Read moreDetailsUmunyapolitiki Jean-Marc Kabund wigeze kuba Perezida w’ Ishyaka rya Perezida Félix Tshisekedi, wari wanatangaje ko bazahangana mu matora, washinjwaga ibyaha birimo...
Read moreDetailsMu ruzinduko rw’amateka Perezida wa Korea ya Ruguru, Kim Jong Un yagiriye mu Burusiya, akakirwa na Putin, bombi bagaragarizanyije ubucuti...
Read moreDetailsNyuma yuko yongeye gutorerwa indi manda yo kuyobora Zimbabwe, Perezida Emmerson Mnangagwa yashyize umuhungu we mu bagize Guverinoma nshya, biteza impaka. Kuri...
Read moreDetailsByari bimaze iminsi binugwanugwa ko Perezida wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un ategerejwe mu Burusiya, guhura na mugenzi we Vladimir...
Read moreDetailsAmafoto y’abakuru b’Ibihugu bikomeye ku Isi byo mu muryango wa G20 w’ibikize kurusha ibindi, bari mu muhanda batambaye inkweto, akomeje...
Read moreDetails