Hatangajwe inote nshya z’ibihumbi bitanu (5 000 Frw) n’iy’ibihumbi bibiri (2 000 Frw) mu mafaranga y’u Rwanda, zirimo izaba ifitemo...
Read moreDetailsUbuyobozi Bukuru bw’Ingabo z’u Rwanda, bwatangaje ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga wa RDF, yirukanye...
Read moreDetailsUmuntu bikekwa ko ari umusirikare mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasatiriye ubutaka bw’u Rwanda arasa amasasu agera...
Read moreDetailsUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwerekanye abantu batandatu bakurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo ubwambuzi bwakorewe abacuruzi babeshyaga ko ari abakiliya, ndetse na...
Read moreDetailsImodoka yo mu bwoko bwa Toyota Hiace yari iparitse hafi ya Sitasiyo icuruza ibikomoka kuri Peteroli mu Murenge wa Gahanga...
Read moreDetailsPerezida wa Repubulika, yakiriye impapuro za ba Ambasaderi bashya bahawe inshingano zo guhagararira Ibihugu byabo mu Rwanda, barimo uw’u Burusiya,...
Read moreDetailsUmunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Brig Gen Célestin Kanyamahanga yagiriye uruzinduko muri Brazil, anagirana ibiganiro n’umwe mu bayobozi muri Minisiteri...
Read moreDetailsUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruherutse guta muri yombi abarimo nyiri akabari kagaragayemo abakobwa babyinaga bambaye ubusa, rutangaza ko iperereza ry’ibanze ryagaragaje...
Read moreDetailsIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka, cyatangaje ko serivisi zirimo izo kugabanyamo ubutaka ibice cyangwa kubuhuza ndetse no gukosoza ubuso, zitazongera gusabwa...
Read moreDetails