Guverinoma ivuga ko mu myaka 30 ishize ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku gipimo kiri hejuru ya 7% buri mwaka, ndetse...
Read moreDetailsUmutungo wa RNIT Iterambere Fund muri 2023 wageze muri miliyari 41,4 Frw uvuye kuri miliyari 28,5 Frw wariho mu mwaka...
Read moreDetailsUbushakashatsi ku mirimo idahemberwa mu Rwanda, bwagaragaje ko abagore ari bo bamara amasaha menshi muri iyi mirimo, aho barusha abagabo...
Read moreDetailsAbapolisi b’u Rwanda 320 bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye (MINUSCA) muri Repubulika ya Centrafrique, bambitswe imidari y’ishimwe, mu muhango...
Read moreDetailsUmuvugabutumwa Harelimana Joseph uzwi nka Apôtre Yongwe uherutse kurekurwa nyuma yo gukatirwa igifungo cy’umwaka umwe usubitse, avuga ko atarakira ko...
Read moreDetailsNyuma y’umwaka umwe n’igice Minisitiri w’Ibikora Remezo yemereye Umukuru w’Igihugu ko Guverinoma igiye gukemura ikibazo cy’ubwishingizi bw’Abamotari buhanitse mu gihe...
Read moreDetailsAmbasaderi w’u Rwanda muri Mozambique, Donath Ndamage yagiriye uruzinduko ku cyicaro cy’ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa muri iki Gihugu,...
Read moreDetailsAbahagarariye Inyungu z’Ingabo z’Ibihugu byabo muri za Ambasade zabo mu Rwanda (Defence Attachés) mirongo itatu, bakiriwe n’ubuyobozi bwa RDF, bubagaragariza...
Read moreDetailsInama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga, ivuga ko mu myanzuro 11 yihaye gukora mu mwaka ushize, harimo umwe utaragezweho uko byifuzwaga, wo...
Read moreDetails