Abagenda mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange mu Mujyi wa Kigali, bongeye kwizezwa ko hari kuvugutwa umuti w’ubucye...
Read moreDetailsAbabihombeyemo ntibazagira icyo babaza, ati “ahubwo bakwiye kujya muri 1930.” Perezida Paul Kagame yagarutse ku bikorwa bimaze iminsi byo gushora...
Read moreDetailsHatangajwe imibare y’agateganyo y’ibyavuye mu ibarura rusange ry’abaturage ryakozwe umwaka ushize, igaragaza ko Abanyarwanda biyongereyeho miliyoni 2,7 mu myaka icumi...
Read moreDetailsUmukobwa w’imyaka 17 wari utwite inda, arakekwaho kubyara umwana, agahita amuta mu musarani ubwo yahengeraga abandi baturage bagiye gusenga, ndetse...
Read moreDetailsPerezida Paul Kagame yongeye gusaba abayobozi kuva mu nzego zo hejuru kugeza mu z’ibanze kwibuka ko bakorera rubanda, bagahora iteka...
Read moreDetailsUmugore w’imyaka 31 y’amavuko wo mu Murenge wa Ruvune mu Karere ka Gicumbi, akurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana we w’amezi...
Read moreDetailsUretse kuba yarigaruriye imitima ya benshi mu Rwanda bemera bakamanuka imisozi abandi bakazamuka ibikombe bakajya kwirebera uko abakinnyi banyonga igare,...
Read moreDetailsPerezida Paul Kagame yabwiye Polisi y’u Rwanda ko abaturage ari bo ba mbere bafatanya mu kuzuza inshingano zayo, yibutsa abayobozi...
Read moreDetailsPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yongeye kugaragaza amafoto ari kumwe n’umwuzukuru we, baganira baseka bishimye. Ni amafoto abiri...
Read moreDetails