Umuturage witwa Turatsinze Jean Claude utuye mu murenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera, arasaba ubutabera nyuma y'uko we n'umugore...
Inkuru ya CCTV Plus ivuga ko Perezida w’ubushinwa XI Jinping kuri uyu wa mbere yoherereje ubutumwa mugenzi we Ebrahim Raisi...
Abantu babarirwa muri 22 b’abayoboke b’idini ya Islam bahitanywe n’igitero cyagabwe n’abo bikekwa ko ari urubyiruko rw’abakirisitu ruzwi nk’aba-Irigwe, abandi...
Madamu Jeannette Kagame, umufasha wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda (Paul Kagame), yagizwe umwe mu bahagarariye Inama y’Ubutegetsi ya Kaminuza...
Mu murenge wa Nyamata ho mu karere ka Bugesera hari abaturage banenga umuturanyi wabo kuba amaze igihe yeza ibitoki agahitamo...
Hari umuturage witwa Nsengiyumva Thadée wo mu karere ka Gasabo mu murenge wa Nduba mu kagari ka Gatunga, usaba ubufasha...
Hari abamotari batemeranya n'ubuyobozi bw'ishyirahamwe ryabo buvuga ko bwabanje kubasobanurira ibigendanye n'isubukurwa ku ikoreshwa rya mubazi, bakavuga ko bongeye guhatirwa...
Umubare w’abariguhitanwa n’inkongi yafashe ishyamba mu gihugu cya Algeria ukomeje kwiyongera. Inkuru ya France24 ivuga ko abaturage bagera kuri 65...
Hari abamotari babwiye Radio &TV10 Rwanda ko kuri ubu batwara abagenzi batambaye umwenda w’akazi uzwi nka “julet” bitewe n’uko iyo...
Ubushakashatsi bwa Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango bugaragaza ko abangavu 70,614 batewe inda kuva mu mwaka wa 2016 kugeza mu mwaka...
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful
© 2024 Radio TV 10 - Simply Rwandaful