Polisi ikorera mu Karere ka Nyabihu yafashe umugore witwa Nyiramatama Zubeda w’imyaka 49 ari mu modoka itwara abagenzi afite udupfunyika 876 tw’urumogi yaduhishe mu gakapu ubundi arenzaho imbuto kugira ngo...
Read moreKuri uyu wa Kane tariki 18 Ugushyingo 2021, i Kampala muri Uganda habayeho kwikanga iturika ry’ikindi gisasu ku isoko ryitwa Akamwesi riherereye ku muhanda wa Gayaza. Ikinyamakuru The Informer UG...
Read moreBamwe mu batwara ibinyabiziga n’abakurikiranira hafi amakuru y’ibibera mu Rwanda bakomeje kugaragaza uruhande bahagazeho mu bijyanye n’imikoreshereze ya Camera zifashishwa mu gucunga umutekano wo mu muhanda, bashingiye ku kiganiro CP...
Read more*Yagaragaje ko u Rwanda rwarenze intego ya UN yo gukingira abakobwa nibura 90% bari munsi y’imyaka 15 Madamu Jeannette Kagame yavuze ko nubwo abagabo batarwara kanseri y’inkondo y’umura ariko bashobora...
Read moreKu mupaka uhuza u Rwanda na Uganda wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare, hakiriwe Abanyarwanda 43 barimo abana 11 n’abagore barindwi bari bafungiwe muri Uganda bakaba barekuwe n’iki Gihugu kigahita...
Read moreAbagore batatu bo mu Mujyi wa Kigali basetse abanyamahanga basuye u Rwanda, batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda bakurikiranyweho icyaha cyo gukoza isoni. Aba bagore batatu basanzwe bakora ubucuruzi...
Read moreHakuzimana Abdul Rashid uregwa ibyaha birimo guhakana no gupfobya Jenoside Yakorewe Abatutsi, uyu munsi yagejejwe imbere y’urukiko, ahakana ibyaha byose akekwaho ariko yanga kubitangaho ibisobanuro birambuye ahubwo avuga ko yakorewe...
Read moreBamwe mu baturage bo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko kuba icyorezo cya COVID-19 cyaragenjeje amaguru macye bikwiye kujyana no kugabanya amande n’ibihano bicibwa abarenga ku mabwiriza yo kwirinda iki...
Read moreBamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu badafite ibyangombwa nk’irangamuntu, barajya kwikingiza COVID-19 bagasubizwa inyuma mu gihe bo bavuga ko bidakwiye kuko gukingirwa ari uburenganzira bwabo bityo ko batari...
Read moreUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Karama mu Karere ka Nyagatare, Habineza Longin n’umuyobozi wa Koperative y’Abahinzi b’Ibigori, Twiringiyimana Jean Chrysostom, bombi bakurikiranyweho gutanga ruswa...
Read moreRadio10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onair@radiotv10.rw
Tv10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onset@radiotv10.rw
Marketing & Sales:
Phone: +2501234567
Email: onlinemarketing@radiotv10.rw
Editorial & Press:
Phone: +2501234567
Email: press@radiotv10.rw
Management:
Phone: +2501234567
Email: admin@radiotv10.rw