Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or ye ya karindwi mu mateka, ahigitse abo bari bahanganye barimo Benzema, Cristiano Ronaldo na Robert Lewandowski. Byari ibirori ubwo Lionel Messi yahabwaga Ballon d'Or ya...
Read moreUbwami bwa Maroc bwahagaritse ingendo zerecyeza n’iziva muri iki Gihugu mu rwego rwo gukumira ubwoko bushya bwa COVID-19 bukomeje guca ibintu mu bihugu binyuranye mu gihe Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda...
Read moreKuri iki cyumweru nibwo Ikipe y’Ingabo z’Igihugu “APR FC” yanganyije na RS Berkana yo muri Maroco 0-0, umukino wabereye kuri Sitade ya Kigali I Nyamirambo w’irushanwa rya CAF Confederation Cup....
Read moreUmukinnyi wo hagati wa AS Kigali, Niyonzima Olivier uzwi nka Seif uherutse guhagarikwa mu gihe kitazwi mu ikipe y’Igihugu Amavubi, yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) asaba imbabazi Abanyarwanda...
Read moreNyuma y’uko Rayon Sports irubiriwe na mucyeba wayo APR FC ikongera kuyitsinda, abakunzi b’iyi kipe bararanye agahinda, barimo Rwarutabura wari wabukereye yakoze ku ntwaro ze zose yifashisha mu gufana iyi kipe....
Read morePolisi y’u Rwanda yafunze abantu 15 bagiye kureba umukino wahuje APR FC na Rayon Sports bazira uburiganya mu kugaragaza ko bipimishije COVID-19, kuko bahimbye ubutumwa bugaragaza ko bipimishije nyamara batarabikoze....
Read moreUmutoza Masudi Djuma utoza ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na mucyeba wayo APR FC, yavuze ko umwaka ushize iyi kipe ifite abakunzi benshi mu Rwanda yari imeze nk’itariho, ubu akaba...
Read moreMu mukino w’ishiraniro wari utegerejwe n’imbaga ya benshi, Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda APR FC isubiriye mucyeba wayo Rayon Sports iyitsinda 2-1 bituma iyi kipe iyitsinda ubugirakabiri mu mikino ibiri iheruka...
Read moreKuva mu bihe byashize umupira w’amaguru mu Rwanda wakunze kuvugwamo amarozi gusa ntibyakunze kugaragara. Kuri uyu wa Mbere ubwo Police FC yakinaga na Gorilla FC, umunyezamu Ndoli Jean Claude yaminjagiye...
Read moreHarabura amasaha ngo umukino w’ishiraniro uba utegerejwe na buri wese ukurikiranira hafi ibya Football mu Rwanda ngo ube. Ni Rayon Sports na APR FC zigiye gucakirana kuri uyu wa Kabiri...
Read moreRadio10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onair@radiotv10.rw
Tv10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onset@radiotv10.rw
Marketing & Sales:
Phone: +2501234567
Email: onlinemarketing@radiotv10.rw
Editorial & Press:
Phone: +2501234567
Email: press@radiotv10.rw
Management:
Phone: +2501234567
Email: admin@radiotv10.rw