• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Davis Kasirye wakiniye Rayon Sports yasinye muri KCCA FC

radiotv10by radiotv10
20/09/2021
in SIPORO
0
Davis Kasirye wakiniye Rayon Sports yasinye muri KCCA FC
Share on FacebookShare on Twitter

Davis Kasirye wakinnye muri Rayon Sports yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri KCCA FC y’iwabo muri Uganda avuye muri UPDF FC.

Davis w’imyaka 26 wanabaye muri Rayon Sports akaba rutahizamu wanakoze agahigo ko kwinjiza ibitego bitatu mu izamu rya APR FC (hat-trick), kuri ubu nta kipe yari afite nyuma yo gusoza amasezerano muri UPDF FC, ikipe yagezemo aviye muri Vipers SC atagiriyemo ibihe byiza.

Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa interineti rwa KCCA FC, Davis Kasirye yasinye amasezerano y’umwaka umwe ariko hakaba harimo ingingo ivuga ko ushobora kongerwaho undi umwe bitewe n’uburyo yaba ahagaze mu kibuga.

Image

Davis Kasirye yakiriwe muri KCCA FC

Kasirye yakiniye Vipers SC, DC Motema Pembe (DRC), Zesco United (Zambia), Rayon Sports (Rwanda) na URA FC, akaba ayabaye umukinnyi wa 11 KCCA FC yinjije mushya nyuma ya Brian Majwega, Brian Kayanja, Geofrey Wasswa, Emmanuel Wasswa, Usama Arafati, Yassar Mugerwa, Innocent Wafula Esimu, Rogers Mato, Derrick Ochan na Benjamin Ochan.

Kasirye in $90,000 move to Motema Pembe | The New Times | Rwanda

Davis Kasirye akiri muri Rayon Sports

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five + seven =

Previous Post

Inkomoko yo kubyibuha no kunanuka hashingiwe ku mirire

Next Post

Abanyeshuri 27 ba kaminuza y’u Rwanda barwariye mu bitaro bazira amafunguro ahumanye

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
Abanyeshuri 27 ba kaminuza y’u Rwanda barwariye mu bitaro bazira amafunguro ahumanye

Abanyeshuri 27 ba kaminuza y’u Rwanda barwariye mu bitaro bazira amafunguro ahumanye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.