Friday, January 9, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

radiotv10by radiotv10
27/07/2021
in SIPORO
0
FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Bugesera FC imaze kugura abakinnyi babiri bose bavuye muri Sunrise FC, ikipe yamaze kumanuka mu cyiciro cya kabiri nyuma yo kunanirwa kugwiza amanota mu mwaka w’imikino 2020-2021. Muhihda Bryan na Nsabimana Jean de Dieu buri umwe yasinye amasezerano y’imyaka ibiri.

Bugesera FC yatangiye isinyisha Muhinda Bryan wari umaze imyaka ibiri muri Sunrise FC, ikipe yagiyemo mu 2019 avuye muri Police FC nayo yari amazemo imyaka ibiri.

Muhinda Bryan:

Image

Muhinda Bryan ni umukinnyi mu mutima w’ubwugarizi (Center Back) aaba yari amaze imyaka ibiri muri Sunrise FC kuri ubu akaba yageze muri Bugesera FC aho yasinye amasezerano y’imyaka ibiri (2021-2023).

Muhinda yakinnye muri Police FC (2017-2019), ikipe yagezemo avuye muri SEC Academy. Muhinda kandi ashobora no gukina hagati mu kibuga yugarira (Defensive Midfielder).

Nsabimana Jean de Dieu “Shaolin”:

Image

Nsabimana Jean de Dieu “Shaolin”  ni umunyezamu nawe wari umaze imyaka ibiri muri Sunrise FC , ikipe yagiyemo mu 2019 avuye n’ubundi muri Bugesera FC.

Nsabimana yakinnye muri Bugesera FC imyaka ibiri (2017-20219) ubwo yari avuye muri Pepinieres yo ku Ruyenzi.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

14 − twelve =

Previous Post

COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo

Next Post

Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Related Posts

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

by radiotv10
09/01/2026
0

Nyuma y’imyitozo ya nyuma bitegura umukino wa nyuma w’Igikombe cya Super Cup, umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yatangaje ko...

Ubutumwa Maj.Gen.Nyakarundi yahaye abakinnyi ba APR mbere yo guhura na Rayon

Ubutumwa Maj.Gen.Nyakarundi yahaye abakinnyi ba APR mbere yo guhura na Rayon

by radiotv10
09/01/2026
0

Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi yasuye abakinnyi b’ikipe ya APR FC, abibutsa ko intego yayo...

Ibyo kwitega mu mikino imaze kwigarurira imitima ya benshi mu Rwanda yagarutse

Ibyo kwitega mu mikino imaze kwigarurira imitima ya benshi mu Rwanda yagarutse

by radiotv10
09/01/2026
0

Imikino yo kwishyura ya shampiyona y’icyiciro cya mbere muri volleyball mu bagabo no mu bagore iratangira kuri uyu wa Gatanu...

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

Umufana wa Congo wazanye uburyo bwihariye bw’imifanire akomeje gusekerwa n’amahirwe nyuma yo kurira

by radiotv10
09/01/2026
0

Michel Kuka Mboladinga, umufana wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika ubwo yafanaga ikipe y’Igihugu ya DRC mu buryo bwihariye yigaragaza...

Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira

Ibyo umukinnyi wa Algeria yakoreye imbere y’umufana utazibagirana wa Congo byatumye habaho gusaba imbabazi

by radiotv10
08/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru muri Algeria ryasabye imbabazi Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’ikimenyetso cyakozwe n’umwe mu bakinnyi b’ikipe...

IZIHERUKA

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo
FOOTBALL

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

by radiotv10
09/01/2026
0

Eng.-AFC/M23 decides to withdraw from Uvira City after holding it for a few days

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

09/01/2026
Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

09/01/2026
AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

AFC/M23 iravugwaho kongera imbaraga mu gace kamwe

09/01/2026
VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

VIDEO: Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda yagaragaye anyonga igare ry’abanyonzi

09/01/2026
How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

09/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Umutoza wa Rayon atanze ubutumwa butanga icyizere ku bakunzi bayo

Eng.-AFC/M23 Reportedly Reinforcing Its Presence in a Certain Area

Key points to know about Rwanda’s new Road Traffic Law

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.