• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC

radiotv10by radiotv10
27/07/2021
in SIPORO
0
FC Bugesera imaze kwinjiza Nsabimana Jean de Dieu na Muhinda Bryan bose bahoze muri Sunrise FC
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Bugesera FC imaze kugura abakinnyi babiri bose bavuye muri Sunrise FC, ikipe yamaze kumanuka mu cyiciro cya kabiri nyuma yo kunanirwa kugwiza amanota mu mwaka w’imikino 2020-2021. Muhihda Bryan na Nsabimana Jean de Dieu buri umwe yasinye amasezerano y’imyaka ibiri.

Bugesera FC yatangiye isinyisha Muhinda Bryan wari umaze imyaka ibiri muri Sunrise FC, ikipe yagiyemo mu 2019 avuye muri Police FC nayo yari amazemo imyaka ibiri.

Muhinda Bryan:

Image

Muhinda Bryan ni umukinnyi mu mutima w’ubwugarizi (Center Back) aaba yari amaze imyaka ibiri muri Sunrise FC kuri ubu akaba yageze muri Bugesera FC aho yasinye amasezerano y’imyaka ibiri (2021-2023).

Muhinda yakinnye muri Police FC (2017-2019), ikipe yagezemo avuye muri SEC Academy. Muhinda kandi ashobora no gukina hagati mu kibuga yugarira (Defensive Midfielder).

Nsabimana Jean de Dieu “Shaolin”:

Image

Nsabimana Jean de Dieu “Shaolin”  ni umunyezamu nawe wari umaze imyaka ibiri muri Sunrise FC , ikipe yagiyemo mu 2019 avuye n’ubundi muri Bugesera FC.

Nsabimana yakinnye muri Bugesera FC imyaka ibiri (2017-20219) ubwo yari avuye muri Pepinieres yo ku Ruyenzi.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − 11 =

Previous Post

COVID-19: Imirenge yo mu turere 13 yashyizwe muri Guma mu Rugo

Next Post

Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Bruce Melodie agiye gutaramira i Burundi, Canada na Dubai

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.