Wednesday, January 14, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Harimo abakiniraga amakipe yoroheje berecyeza mu yihagazeho: Dutere ijisho ku bakinnyi 10 bamaze kugurwa

radiotv10by radiotv10
22/06/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Harimo abakiniraga amakipe yoroheje berecyeza mu yihagazeho: Dutere ijisho ku bakinnyi 10 bamaze kugurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru mu Rwanda, bamaze kubona amakipe mashya, bazakinira mu mwaka w’imikino wa 2023-2024, barimo abitwaye neza mu mwaka wasojwe, bitezweho kuzaha umusaruro amakipe yabaguze.

Barimo abarangije shampiyona bigaragaza, ku buryo amakipe yabaguze yebigendeyeho, ibona ko hari icyo abazayaha muri uyu mwaka w’imikino.

URUTONDE

1.NDIKUMANA DANNY:

Yakiniraga ya Rukinzo FC yo mu Burundi, ubu yamaze gusinyira ikipe ya APR FC azayikinira umwaka utaha w’imikino. Uyu mukinnyi akina asatira ariko aca ku ruhande.

2. BUGINGO HAKIM:

Yakiniraga ikipe ya Gasogi Utd, ariko ubu ni umukinnyi mushya uzakinira ikipe ya Rayon Sports umwaka mushya w’imikino. Uyu mukinnyi akina inyuma ku ruhande rw’ibumoso.

3. HAKIZIMANA MUHADJIRI:

Yari asoje amasezerano muri Police FC, nyuma yo Gusoza umukino w’Amavubi na Mozambique yahise yongera amasezerano y’umwaka umwe muri Police FC.

4.MUGENZI BIENVENUE:

Mugenzi Bienvenue ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC, yakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports, ariko yamaze gusinyira ikipe ya Police FC imyaka 2. Uyu ni umukinnyi ukina asatira.

5. KWITONDA ALLY:

Ni umukinnyi mushya wa Police FC yagiyemo avuye muri AS Kigali. Uyu mukinnyi yamaze gusinyira ikipe ya Police FC imyaka 2. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

6.NDIZEYE SAMUEL:

Ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC mu gihe cy’ imyaka 2. yakiniraga ikipe ya Rayon Sports. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

7. Guy KAZINDU:

Uyu ni umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports mu gihe cy’imyaka 2, yajemo avuye Gasogi Utd. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

8.KOUKOURS PETROS:

Uyu mugabo ukomoka mu Bugiliki, akaba ari we mutoza mushya uzatoza ikipe ya Kiyovu Sports mu mwaka utaha w’imikino.

9. MUHOZA TRESOR:

Uyu ni umukinnyi mushya wa Bugesera FC, mu gihe cy’imyaka 2 yajemo avuye muri Mukura VS. uyu mukinnyi akina inyuna ku ruhande rw’ibumoso.

10. NTWALI FIACRE:

Uyu munyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yamaze kumvikana na Police FC iby’ibanze byose ku kigero cya 90%, azakinira imyaka 2. Yari yasoje amasezerano mu ikipe ya AS Kigali.

Muhadjiri yamaze kubona indi kipe
Ndizeye avuye muri Rayon
Ntwali Fiacre agiye kwerecyeza muri Police FC

Wasili UWIZEYE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 3 =

Previous Post

Nyuma y’amezi 9 Minisitiri yemereye P.Kagame ko ibya ‘assurance’ bizakemuka vuba haravugwa ibitari byitezwe

Next Post

Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Related Posts

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

by radiotv10
14/01/2026
0

Dr. Charles Mugemana wari umaze imyaka irenga 30 ari umuganga w’ikipe ya Rayon Sports, yitabye Imana azize uburwayi yari amaranye...

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

Indi mpamvu ivugwaho gutuma Amagaju yirukana umutoza mukuru n’abandi bose bayo

by radiotv10
12/01/2026
0

Ubuyobozi bw'Ikipe y'Amgaju FC, bwirukanye abatoza bose bayitozaga, ibashinja umusaruro mubi, harimo no kuba banyagiwe ibitego 8-0 na Al Hilal,...

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

Uwayoboye Rayon yavuze ibyamubayeho ku munsi yatsindwagaho na APR iyisuzuguye

by radiotv10
12/01/2026
0

Munyakazi Sadate wigeze kuba Perezida wa Rayon Sports, yavuze ko ubwo iyi kipe yatsindwaga na mucyeba wayo ibitego 4-1 ku...

IZIHERUKA

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica
MU RWANDA

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

by radiotv10
14/01/2026
0

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

14/01/2026
Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

14/01/2026
Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

Uko byagenze ngo umugabo afatire umugore we aryamanye n’undi muri Logde i Kigali n’icyo yari yamubeshye

14/01/2026
Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

Inzozi z’umugabo w’imyaka 42 ukiri ku ntebe y’ishuri wiga mu yisumbuye mu Rwanda

14/01/2026
Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

Iby’ingenzi byavugiwe mu rubanza rwa DJ Toxxyk ukurikiranyweho ibirimo kugonga Umupolisi agapfa

14/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AMAKURU MASHYA: U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

Amakuru agezweho ku Bajenerali b’igisirikare cya Congo bafunze barimo uwahoze ari Umugaba Mukuru

Umukinnyi wa filimi uzwi mu Rwanda ‘Ndimbati’ ari mu gahinda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.