Tuesday, January 20, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Harimo abakiniraga amakipe yoroheje berecyeza mu yihagazeho: Dutere ijisho ku bakinnyi 10 bamaze kugurwa

radiotv10by radiotv10
22/06/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Harimo abakiniraga amakipe yoroheje berecyeza mu yihagazeho: Dutere ijisho ku bakinnyi 10 bamaze kugurwa
Share on FacebookShare on Twitter

Abakinnyi 10 b’umupira w’amaguru mu Rwanda, bamaze kubona amakipe mashya, bazakinira mu mwaka w’imikino wa 2023-2024, barimo abitwaye neza mu mwaka wasojwe, bitezweho kuzaha umusaruro amakipe yabaguze.

Barimo abarangije shampiyona bigaragaza, ku buryo amakipe yabaguze yebigendeyeho, ibona ko hari icyo abazayaha muri uyu mwaka w’imikino.

URUTONDE

1.NDIKUMANA DANNY:

Yakiniraga ya Rukinzo FC yo mu Burundi, ubu yamaze gusinyira ikipe ya APR FC azayikinira umwaka utaha w’imikino. Uyu mukinnyi akina asatira ariko aca ku ruhande.

2. BUGINGO HAKIM:

Yakiniraga ikipe ya Gasogi Utd, ariko ubu ni umukinnyi mushya uzakinira ikipe ya Rayon Sports umwaka mushya w’imikino. Uyu mukinnyi akina inyuma ku ruhande rw’ibumoso.

3. HAKIZIMANA MUHADJIRI:

Yari asoje amasezerano muri Police FC, nyuma yo Gusoza umukino w’Amavubi na Mozambique yahise yongera amasezerano y’umwaka umwe muri Police FC.

4.MUGENZI BIENVENUE:

Mugenzi Bienvenue ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC, yakiniraga ikipe ya Kiyovu Sports, ariko yamaze gusinyira ikipe ya Police FC imyaka 2. Uyu ni umukinnyi ukina asatira.

5. KWITONDA ALLY:

Ni umukinnyi mushya wa Police FC yagiyemo avuye muri AS Kigali. Uyu mukinnyi yamaze gusinyira ikipe ya Police FC imyaka 2. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

6.NDIZEYE SAMUEL:

Ubu ni umukinnyi mushya wa Police FC mu gihe cy’ imyaka 2. yakiniraga ikipe ya Rayon Sports. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

7. Guy KAZINDU:

Uyu ni umukinnyi mushya wa Kiyovu Sports mu gihe cy’imyaka 2, yajemo avuye Gasogi Utd. Akina inyuna mu bwugarizi bwo hagati.

8.KOUKOURS PETROS:

Uyu mugabo ukomoka mu Bugiliki, akaba ari we mutoza mushya uzatoza ikipe ya Kiyovu Sports mu mwaka utaha w’imikino.

9. MUHOZA TRESOR:

Uyu ni umukinnyi mushya wa Bugesera FC, mu gihe cy’imyaka 2 yajemo avuye muri Mukura VS. uyu mukinnyi akina inyuna ku ruhande rw’ibumoso.

10. NTWALI FIACRE:

Uyu munyezamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, yamaze kumvikana na Police FC iby’ibanze byose ku kigero cya 90%, azakinira imyaka 2. Yari yasoje amasezerano mu ikipe ya AS Kigali.

Muhadjiri yamaze kubona indi kipe
Ndizeye avuye muri Rayon
Ntwali Fiacre agiye kwerecyeza muri Police FC

Wasili UWIZEYE
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × 2 =

Previous Post

Nyuma y’amezi 9 Minisitiri yemereye P.Kagame ko ibya ‘assurance’ bizakemuka vuba haravugwa ibitari byitezwe

Next Post

Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Related Posts

Hatangajwe icyemezo cyafashwe ku bitaranyuze APR byatumye hari n’abafana bigaragambya

Hatangajwe icyemezo cyafashwe ku bitaranyuze APR byatumye hari n’abafana bigaragambya

by radiotv10
20/01/2026
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko igitego cyanzwe cya APR FC mu mukino wayihuje na El Merrikh SC,...

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

by radiotv10
19/01/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko Umutoza mukuru w’iyi Kipe, Bruno Ferry yapfushije umubyeyi we Jean Pierre Ferry, nyuma y'iminsi...

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

by radiotv10
19/01/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika warangiye Ikipe y’Igihugu ya Senegal icyegukanye, nyuma y’imvururu zawuranze kubera...

Aba-Rayon turababaye ariko dore uko mbibona- Ubutumwa bw’Umu-Rayon w’ukuri

Aba-Rayon turababaye ariko dore uko mbibona- Ubutumwa bw’Umu-Rayon w’ukuri

by radiotv10
19/01/2026
0

Ndi umukunzi wa Rayon Sport w'akadosohoka, nimbivuga mubyumve nk’Ukuri kuzuye. Niba hari igihe nshobona kubona ibyishimo bisendereye ni igihe iyi...

Hashyizwe hanze itangazo ku byakozwe n’abafana ba APR nyuma y’icyemezo kitabanyuze

Hashyizwe hanze itangazo ku byakozwe n’abafana ba APR nyuma y’icyemezo kitabanyuze

by radiotv10
19/01/2026
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w'Amaguru mu Rwanda na Rwanda Premier League ikurikirana Shampiyona, bamaganye imyitwarire yagaragajwe na bamwe mu bafana ba APR...

IZIHERUKA

Hatangajwe icyemezo cyafashwe ku bitaranyuze APR byatumye hari n’abafana bigaragambya
FOOTBALL

Hatangajwe icyemezo cyafashwe ku bitaranyuze APR byatumye hari n’abafana bigaragambya

by radiotv10
20/01/2026
0

Umunyemari ukomeye mu Rwanda akurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimbano yaka inguzanyo ya Miliyoni 100Frw

Umwarimu wa Kaminuza imwe mu Rwanda afunzwe akurikiranyweho gusambanya abakobwa biga mu yisumbuye

20/01/2026
Museveni yahishuye ibanga akesha intsinzi ye n’icyo ishimangira muri Uganda

Museveni yahishuye ibanga akesha intsinzi ye n’icyo ishimangira muri Uganda

20/01/2026
Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

19/01/2026
AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

19/01/2026
Abarwanyi ba AFC/M23 bakimara kuva muri Uvira byuzuye ibintu byahise bidogera

Abarwanyi ba AFC/M23 bakimara kuva muri Uvira byuzuye ibintu byahise bidogera

19/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Hari intambwe yatewe mu bujurire ku cyemezo kuri Kabuga cyababaje benshi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hatangajwe icyemezo cyafashwe ku bitaranyuze APR byatumye hari n’abafana bigaragambya

Umwarimu wa Kaminuza imwe mu Rwanda afunzwe akurikiranyweho gusambanya abakobwa biga mu yisumbuye

Museveni yahishuye ibanga akesha intsinzi ye n’icyo ishimangira muri Uganda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.