• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Igisubizo gitunguranye cy’umuhanzi ugezweho wibazwaho kubera kuririmba indirimbo za Gatulika kandi ari Umu-ADEPR

radiotv10by radiotv10
19/08/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Igisubizo gitunguranye cy’umuhanzi ugezweho wibazwaho kubera kuririmba indirimbo za Gatulika kandi ari Umu-ADEPR
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi ugezweho mu Rwanda mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Josh Ishimwe yasubije abibaza impamvu aririmba indirimbo zo muri Kiliziya Gatulika kandi ari umurokore wo muri ADEPR, ati “nkorera Imana sinkorera idini.”

Uyu muhanzi umenyerewe mu gusubiramo indirimbo zihimbaza Imana mu njyana ya Gakondo cyane cyane izo mu idini ya Gatulika, yasubije ibi ubwo yari abajijwe n’itangazamakuru impamvu aririmba indirimbo zo muri Gatukika kandi ari umurokore muri ADEPR.

Yagize ati “Ndi umurokore ni byo ariko ntabwo ndi umunyedini, nkorera Imana ntabwo nkorera Idini.”

Yakomeje avuga ko adashingira ku idini runaka mu ndirimbo ze zirimo iz’Abadivantisite, Abagatulika n’iz’abo mu yandi madini.

Ati “Ntabwo nshingira ku idini runaka kuko iyo ukorera idini ntabwo uba ukorera Imana, na Yezu/Yesu yabwiye abantu kugera ku mpera y’Isi, nicyo ngenderaho, mu ijuru nta mashyaka y’amadini azabayo tuzaba turi umwe.”

Uyu muhanzi Josh Ishimwe yatangiye umuziki 2020 muri Covid-19, afite igitaramo ari gutegura kizaba kuri iki Cyumweru tariki 20 Kanama yise ‘IBISINGIZO BYA NYIRIBIREMWA’ aho azaba ari kumwe na korali ALARM Ministries na Korali yo muri Gatulika yitwa Christus Regnat.

Joshua mu kiganiro n’itangazamakuru

Esther FIFI UWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 − five =

Previous Post

Dutere ijisho muri 2025 ubwo ikindi gikorwa gihanitse kizaba gihagaze i Kigali (AMAFOTO)

Next Post

Couple y’umukambwe n’umukecuru yakoze ibikomeje kuvugisha benshi

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Couple y’umukambwe n’umukecuru yakoze ibikomeje kuvugisha benshi

Couple y’umukambwe n’umukecuru yakoze ibikomeje kuvugisha benshi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.