Tuesday, December 23, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Inyongera mu bihembo bihabwa abanyeshuri b’indashyikirwa mu Gihugu zazaniye inkuru nziza ababyeyi

radiotv10by radiotv10
13/09/2023
in MU RWANDA
0
Inyongera mu bihembo bihabwa abanyeshuri b’indashyikirwa mu Gihugu zazaniye inkuru nziza ababyeyi
Share on FacebookShare on Twitter

Ibihembo bihabwa abanyeshuri babaye aba mbere mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye, byiyongereyemo no kuzishyurirwa amafaranga y’ishuri umwaka wose.

Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Nzeri 2023, ubwo hanatangazwaga ibyavuye mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2022-2023.

Mu muhango wo gutangaza ibi byavuye mu bizamini bya Leta kandi, hanagaragajwe abana batanu muri buri cyiciro, babaye indashyikirwa ku rwego rw’Igihugu, banashyikirizwa bimwe mu bihembo.

Minisitiri w’Uburezi, Dr Gaspard Twagirayezu, yavuze ko mu bihembo byahabwaga aba bana babaye aba mbere, uyu mwaka hiyongereyemo n’ibindi.

Ati “Twari dusanzwe duha abana mudasobwa ariko uyu mwaka twahisemo kobongerera n’ibikoresho by’ishuri kubera ko na byo barabikenera, ndetse turashimira n’Umwarimu SACCO kuko abanyeshuri bose babaye indashyikirwa, rwa ruhare rw’ababyeyi, Umwarimu SACCO uzarubatangira.”

Minisitiri Gaspard Twagirayezu yakomeje abwira aba banyeshuri bari baje gushyikira ibihembo byabo, ati “mufite umwaka umwe wa kane cyangwa se uwa mbere, mufite mudasobwa, mufite ibikoresho by’ishuri, ku itariki 25 [Nzeri] muzajye ku ishuri, uruhare rw’ababyeyi bazarubatangira.”

 

Ababaye indashyikirwa n’aho bigaga

Mu Mashuri Abanza

  1. Kwizera Regis: Ecole Primaire Espoir de L’Avenir (Bugesera);
  2. Cyubahiro Herve: Crystal Fountain Academy (Kamonyi);
  3. Dushimiyimana Joos Bruce: E P High Land (Bugesera);
  4. Igiraneza Cyubahiro Benjamin: Ecole Privee Marie Auxiliatrice (Nyarugenge);
  5. Iratuzi Sibo Sandra: Keystone School Ltd (Musanze).

 

Muri O Level

  1. Umutoniwase Kelie: Fawe Girls School (Gasabo);
  2. Ihimbazwe Niyikora Kevine: Lycee Notre-Dame De Citeaux (Nyarugenge);
  3. Niyubahwe Uwacu Annick: Maranyundo Girls School (Bugesera);
  4. Ganza Rwabuhama Danny Mike: Ecole des Science de Byimana (Ruhango);
  5. Munyetwali Kevin: Petit Seminaire Saint Paul II Gikongoro (Nyamagabe).
Umutoniwase Kelie wigaga muri Fawe Girls School yabaye uwa mbere muri 0 Level
Kwizera Regis wigaga muri Ecole Primaire Espoir de Lavenir yabaye uwa mbere mu basoje abanza
Bahawe ibihembo birimo za mudasobwa

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

12 − 5 =

Previous Post

Imfura ya Ange Kagame nyuma ya ‘Gaduation’ yatangiye ikindi cyiciro cy’ishuri

Next Post

Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

Related Posts

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

by radiotv10
23/12/2025
0

Nyuma y’imyaka igera kuri ibiri, abaturage bo mu Karere ka Rutsiro na Rubavu batabaje kubera ikibazo cy’umugezi wa Bihongora ugabanya...

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

by radiotv10
23/12/2025
0

Mu muhanda uva Nyanza ya Kicukiro werecyeza Sanatubes mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, habaye impanuka y’imodoka itwara...

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

by radiotv10
23/12/2025
0

Abasirikare barimo abo ku rwego rwa Ofisiye ndetse n’abo ku zindi nzego barangije amahugurwa yo ku rwego rwo hejuru barimo...

Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

by radiotv10
23/12/2025
0

Nyuma y’uko mu karere ka Gisagara hatanzwe inka 113 mu myaka ine ishize bikozwe n’umushinga wa Green amayaga hagamijwe kuzahura...

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It

by radiotv10
23/12/2025
0

There’s a competition happening among young people today, quiet, invisible, and rarely admitted. No one announces it. No one sets...

IZIHERUKA

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze
MU RWANDA

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

by radiotv10
23/12/2025
0

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

23/12/2025
Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

23/12/2025
Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

23/12/2025
Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

23/12/2025
The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

Iby'ingenzi wamenya kuri Minisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Imyaka ibaye ibiri bagaragaje ikibazo cy’umugezi utuma bahorana impungenge ariko umuti warabuze

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.