Thursday, December 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home MU RWANDA

Inyongera mu bihembo bihabwa abanyeshuri b’indashyikirwa mu Gihugu zazaniye inkuru nziza ababyeyi

radiotv10by radiotv10
13/09/2023
in MU RWANDA
0
Inyongera mu bihembo bihabwa abanyeshuri b’indashyikirwa mu Gihugu zazaniye inkuru nziza ababyeyi
Share on FacebookShare on Twitter

Ibihembo bihabwa abanyeshuri babaye aba mbere mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’ayisumbuye, byiyongereyemo no kuzishyurirwa amafaranga y’ishuri umwaka wose.

Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Nzeri 2023, ubwo hanatangazwaga ibyavuye mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2022-2023.

Mu muhango wo gutangaza ibi byavuye mu bizamini bya Leta kandi, hanagaragajwe abana batanu muri buri cyiciro, babaye indashyikirwa ku rwego rw’Igihugu, banashyikirizwa bimwe mu bihembo.

Minisitiri w’Uburezi, Dr Gaspard Twagirayezu, yavuze ko mu bihembo byahabwaga aba bana babaye aba mbere, uyu mwaka hiyongereyemo n’ibindi.

Ati “Twari dusanzwe duha abana mudasobwa ariko uyu mwaka twahisemo kobongerera n’ibikoresho by’ishuri kubera ko na byo barabikenera, ndetse turashimira n’Umwarimu SACCO kuko abanyeshuri bose babaye indashyikirwa, rwa ruhare rw’ababyeyi, Umwarimu SACCO uzarubatangira.”

Minisitiri Gaspard Twagirayezu yakomeje abwira aba banyeshuri bari baje gushyikira ibihembo byabo, ati “mufite umwaka umwe wa kane cyangwa se uwa mbere, mufite mudasobwa, mufite ibikoresho by’ishuri, ku itariki 25 [Nzeri] muzajye ku ishuri, uruhare rw’ababyeyi bazarubatangira.”

 

Ababaye indashyikirwa n’aho bigaga

Mu Mashuri Abanza

  1. Kwizera Regis: Ecole Primaire Espoir de L’Avenir (Bugesera);
  2. Cyubahiro Herve: Crystal Fountain Academy (Kamonyi);
  3. Dushimiyimana Joos Bruce: E P High Land (Bugesera);
  4. Igiraneza Cyubahiro Benjamin: Ecole Privee Marie Auxiliatrice (Nyarugenge);
  5. Iratuzi Sibo Sandra: Keystone School Ltd (Musanze).

 

Muri O Level

  1. Umutoniwase Kelie: Fawe Girls School (Gasabo);
  2. Ihimbazwe Niyikora Kevine: Lycee Notre-Dame De Citeaux (Nyarugenge);
  3. Niyubahwe Uwacu Annick: Maranyundo Girls School (Bugesera);
  4. Ganza Rwabuhama Danny Mike: Ecole des Science de Byimana (Ruhango);
  5. Munyetwali Kevin: Petit Seminaire Saint Paul II Gikongoro (Nyamagabe).
Umutoniwase Kelie wigaga muri Fawe Girls School yabaye uwa mbere muri 0 Level
Kwizera Regis wigaga muri Ecole Primaire Espoir de Lavenir yabaye uwa mbere mu basoje abanza
Bahawe ibihembo birimo za mudasobwa

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × three =

Previous Post

Imfura ya Ange Kagame nyuma ya ‘Gaduation’ yatangiye ikindi cyiciro cy’ishuri

Next Post

Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

Related Posts

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

by radiotv10
18/12/2025
0

From mobile money to online banking and QR-code payments, the world is rapidly moving toward a cashless society. In Rwanda,...

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

by radiotv10
18/12/2025
1

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yatangaje ko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi ziherutse guhurira mu biganiro nyuma...

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

by radiotv10
18/12/2025
0

Abahinzi b’umuceri mu gishanga cya Cyunuzi bavuga ko umusaruro wabo utinda guhuza ibipimo bikenerwa kugira ngo ugurwe kuko batagira imashini...

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

by radiotv10
18/12/2025
0

Inama y’Abaminisitiri ya nyuma y'umwaka wa 2025, yaranzwe n’ibikorwa binyuranye birimo kugezwaho isinywa ry’amasezerano y’Amahoro n’Ubufatanye mu by’Ubukungu hagati y’u...

Why young adults should embrace short courses in today’s fast-changing World

Why young adults should embrace short courses in today’s fast-changing World

by radiotv10
18/12/2025
0

In a world that keeps changing faster than ever, young adults are under increasing pressure to keep up. Technology, job...

IZIHERUKA

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?
MU RWANDA

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

by radiotv10
18/12/2025
0

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

18/12/2025
Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

18/12/2025
Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

Bagaragaje imbogamizi ituma umusaruro wabo utinda kubona isoko n’icyakorwa ngo biranduke

18/12/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yemeje ko abarwanyi bayo batangiye kuva muri Uvira inavuga igihe bose bazaba bahavuye

18/12/2025
Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

Menya ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya nyuma ya 2025 ya Guverinoma y’u Rwanda

18/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Iby’ingenzi wamenya kuri Minisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

Iby'ingenzi wamenya kuri Minisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Cashless Society: Progress or a risk we’re not ready for?

Hatangajwe icyitezwe nyuma yuko inzego z’umutekano z’u Rwanda n’u Burundi zihuriye mu biganiro

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.