• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Miss Igisabo yerekanye ko urukundo rwe n’umusore yihebeye rugeze aharyoshye

radiotv10by radiotv10
22/02/2022
in IMYIDAGADURO, MU RWANDA
0
Miss Igisabo yerekanye ko urukundo rwe n’umusore yihebeye rugeze aharyoshye
Share on FacebookShare on Twitter

Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Miss Igisabo mu irushanwa rya Miss Rwanda 2017, yerekanye amafoto y’umusore yihebeye, agaragaza ko urukundo rwabo rugeze kure.

Miss Igisabo wabaye Nyampinga wakunzwe n’abantu muri Miss Rwanda ya 2017, ntiyakundaga kwerekana iby’urukundo rwe kugeza ubwo muri iyi minsi ari gushyira amafoto ku mbuga nkoranyambaga ze ari kumwe n’umusore bakundana.

Amafoto yanyujije kuri Instagram ye, agaragaza Miss Igisabo ari kumwe n’uyu musore bigaragara ko bari ahantu mu batuyu.

Amakuru yaturutse mu bakurikiranira hafi imyidagaduro, avuga ko Miss Igisabo yari yasohokanye n’uyu mukunzi we mu Mujyi wa Dubai ukunze gutemberwamo n’abari mu kwezi kw’abuki ndetse n’abakundana.

Aya mafoto ya Miss Igisabo yafatiwe muri uyu mujyi uwo we n’uyu mukunzi we bari muri uyu mujyi bari kurya ubuzima nk’abakundana.

Hanasohotse kandi amashusho aba bombi bari kwishimana mu Butayu, banyuzamo bakanasomana umunwa ku wundi, bigaragaza ko urukundo rwabo rugeze aharyoshye.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three + six =

Previous Post

U Rwanda rwabuze indi nshuti yarwo Joe Ritchie wari no mu Bajyanama ba Perezida Kagame

Next Post

Muhanga: Imbwa y’umukozi w’Imana imereye nabi abaturage ibarya

Related Posts

Eng.-Rwanda begins presenting evidence in case against the United Kingdom

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

by radiotv10
01/06/2026
0

Urukiko Ruhoraho Nkemurampaka rwatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda itazishyurwa miliyoni £50 (arenga miliyari 100 Frw) mu kirego yari yarezemo iy’u...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

Rusizi: Uwarokotse Jenoside yahawe inzu n’abo basengana banamuremera butike

by radiotv10
01/06/2026
0

Nyuma yo kumara igihe aba mu nzu imeze nabi yanatumaga agira impungenge ku mutekano w’umuryango we, Ngonga Yves Maurice wo...

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

Eng.-Minister Nduhungirehe Attends Korea-Africa Foreign Ministers’ Meeting in Seoul to Address Global Challenges

by radiotv10
01/06/2026
0

The Minister of Foreign Affairs and International Cooperation, Amb. Olivier Nduhungirehe, is currently in Seoul, South Korea, where he is...

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Korea y’Epfo mu nama y’ubufatanye ku guhangana n’ibibazo byugarije Isi

Minisitiri Nduhungirehe ari muri Korea y’Epfo mu nama y’ubufatanye ku guhangana n’ibibazo byugarije Isi

by radiotv10
01/06/2026
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe ari i Seoul muri Korea y’Epfo, aho yitabiriye Inama y’ubufatanye bw’iki Gihugu n’Umugabane...

Next Post
Muhanga: Imbwa y’umukozi w’Imana imereye nabi abaturage ibarya

Muhanga: Imbwa y’umukozi w’Imana imereye nabi abaturage ibarya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.