Friday, December 12, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United

radiotv10by radiotv10
18/10/2021
in SIPORO
0
Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United
Share on FacebookShare on Twitter

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

Image

Image

Muhire Kevin yasinye amasezerano mashya muri Rayon Sports

 

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Image

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 1 =

Previous Post

KIGALI: Abakora ubuzunguzayi bakomeje kwibaza ikigenderwaho iyo habonetse inkunga yo kubafasha

Next Post

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Related Posts

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

by radiotv10
12/12/2025
0

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports biravugwa ko agera mu Rwanda mu mpera z’iki...

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Perezida w’Inzibacyuho wa Rayon yatanze umucyo ku bibaza ku hazaza h’ikipe

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje itariki ntarengwa iyi kipe izaba yamaze kubona umutoza mushya wayo, ndetse anagaruka...

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

by radiotv10
09/12/2025
0

Uwari Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Brigadier General Déo RUSANGANWA, ntakiri kuri uyu mwanya kubera izindi nshingano z’akazi ke ka...

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

by radiotv10
09/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yifurije umugore we isabukuru nziza y’imyaka ine bamaze bakoze ubukwe bemeranyijwe...

Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

Umunsi Rayon na APR zizongera gukiniraho wamenyekanye noneho uzasiga imwe yegukanye igikombe

by radiotv10
09/12/2025
0

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje itariki izakinirwaho umukino wa Super Cup uzahuza ikipe ya APR FC na Rayon...

IZIHERUKA

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze
AMAHANGA

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

by radiotv10
12/12/2025
0

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

12/12/2025
Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

12/12/2025
Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

12/12/2025
Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

Gakenke: Umugabo yasanganywe ibiyobyabwenge by’ubwoko bubiri abibitse mu nzu ahita atanga amakuru

12/12/2025
Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

Uko byagenze ngo imodoka y’urwego rwa Leta muri Kigali ikore impanuka ikomeye

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim "Mackenzie" yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Abasirikare ibihumbi 20 mu Ngabo z’u Rwanda bazamuwe mu mapeti barimo 10.000 b’icyiciro kimwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.