Tuesday, December 16, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United

radiotv10by radiotv10
18/10/2021
in SIPORO
0
Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United
Share on FacebookShare on Twitter

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

Image

Image

Muhire Kevin yasinye amasezerano mashya muri Rayon Sports

 

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Image

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

5 × one =

Previous Post

KIGALI: Abakora ubuzunguzayi bakomeje kwibaza ikigenderwaho iyo habonetse inkunga yo kubafasha

Next Post

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Related Posts

Rayon nyuma yo gutsindwa ihise izana umutoza wungirije uyijemo ku nshuro ya gatatu

Rayon nyuma yo gutsindwa ihise izana umutoza wungirije uyijemo ku nshuro ya gatatu

by radiotv10
15/12/2025
0

Lomami Marcel wari umaze igihe ari umutoza wungirije muri Etincelles FC, yemejwe nk’umutoza wungirije wa Rayon Sports mu gihe igitegereje...

Rayon yibukijwe ibitazibagirana byayibayeho umwaka ushize byatumye igikombe kiyica mu myanya y’intoki

Rayon yibukijwe ibitazibagirana byayibayeho umwaka ushize byatumye igikombe kiyica mu myanya y’intoki

by radiotv10
15/12/2025
0

Bugesera FC yongeye gutsinda Rayon Sports FC mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru byibutsa abafana ba...

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

by radiotv10
13/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC, Kwitonda Alain bakunze kwita Bacca, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga, ahamya ko ari itangirira...

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

by radiotv10
12/12/2025
0

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports biravugwa ko agera mu Rwanda mu mpera z’iki...

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Perezida w’Inzibacyuho wa Rayon yatanze umucyo ku bibaza ku hazaza h’ikipe

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje itariki ntarengwa iyi kipe izaba yamaze kubona umutoza mushya wayo, ndetse anagaruka...

IZIHERUKA

AFC/M23 yongeye gutanga impuruza ku marorerwa FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi bari gukorera Abanyamulenge
MU RWANDA

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

by radiotv10
15/12/2025
0

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

15/12/2025
Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

15/12/2025
Me Evode yagaragaje inzira ishobora kuganisha Minisitiri ku gukurikiranwa na RIB

Wari wabona imbeba ikora pompaje hejuru ya rwagakoco?-Hon.Evode avuga ku Burundi bwifuza gutera u Rwanda

15/12/2025
Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

Icyemezo cy’ubutegetsi bw’u Burundi cyashyize mu ihurizo Abanyekongo bagiyeyo mbere yuko AFC/M23 ifata Uvira

15/12/2025
Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

Igikekwa ku mpanuka ikomeye ya Bisi yavaga muri Uganda yerecyeza mu Rwanda

15/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim "Mackenzie" yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Igitero cy’ubugome cya FDLR cyatumye Min.Nduhungire abwira u Burayi na America icyo gikwiye kubasigira

Ibivugwa ku basirikare benshi n’intwaro zikomeye u Burundi bwohereje ku mupaka wabwo n’u Rwanda

Eng.-FDLR brutal attack prompts Rwanda’s Foreign Minister to send a strong message to the West

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.