Tuesday, November 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United

radiotv10by radiotv10
18/10/2021
in SIPORO
0
Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United
Share on FacebookShare on Twitter

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

Image

Image

Muhire Kevin yasinye amasezerano mashya muri Rayon Sports

 

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Image

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 + nineteen =

Previous Post

KIGALI: Abakora ubuzunguzayi bakomeje kwibaza ikigenderwaho iyo habonetse inkunga yo kubafasha

Next Post

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Related Posts

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

by radiotv10
18/11/2025
0

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura RMC rwongeye kwibutsa abanamakuru bakora ibiganiro bya siporo ko ibitangazamakuru bakorera atari imiyoboro yo gutambukirizamo ubutumwa bwo...

Bitunguranye inama idasanzwe yari yatumijwe muri Rayon yasubitswe ku mpamvu itazwi

Bitunguranye inama idasanzwe yari yatumijwe muri Rayon yasubitswe ku mpamvu itazwi

by radiotv10
17/11/2025
0

Umuyobozi w’Urwego rw'Ikirego rw’Umuryango wa Rayon Sports, Paul Muvunyi yatangaje ko Inama y’Inteko Rusange yari yatumije, isubitswe, ikazaba igihe kizatangazwa....

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

Byahinduye isura nyuma yuko Perezida wa Rayon yemeje ko batandukanye burundu n’umutoza Lotfi

by radiotv10
14/11/2025
0

Nyuma yuko Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thadée, atangaje ko ikipe yamaze gutandukana n’umutoza Afahmia Lotfi kubera umusaruro muke, ibintu...

Aimable Nsabimana yahishuye ko yatekereje kureka umupira kubera ubuhemu yakorewe na Perezida wa Rayon

Perezida wa Rayon yizeje gukemura burundi bimwe mu bibazo biyibereye umutwaro

by radiotv10
13/11/2025
0

Perezida wa Rayon Sports, Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports bugiye gukemura burundu ikibazo cy’umutoza Robertinho ndetse n’icya...

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

Handball: U Rwanda ruramenya itsinda ruherereyemo mu gikombe cya Afurika ruzakira bwa mbere

by radiotv10
12/11/2025
0

Tombola y’amatsinda y’Igikombe cya Afurika muri Handball (Men’s Handball Africa Cup of Nations) kizabera mu Rwanda mu kwezi kwa mbere...

IZIHERUKA

Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga
IBYAMAMARE

Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

by radiotv10
18/11/2025
0

The inspiring journey of Tuyishime, a 44-year-old woman representing Rwanda at Miss Universe

The inspiring journey of Tuyishime, a 44-year-old woman representing Rwanda at Miss Universe

18/11/2025
Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

18/11/2025
Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

Hagiye hanze amakuru aca amarenga ko bitifashe neza mu rugo rw’umuririmbyi Vestine umaze amezi akoze ubukwe

18/11/2025
Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

Ibivugwa ko byatangajwe n’umuhanzi uzwiho ubuhanga mu kuririmba Bill Ruzima watawe muri yombi

18/11/2025
Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

18/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim "Mackenzie" yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Andi makuru y’igishobora kuba cyihishe inyuma y’ubutumwa bwa Vestine bwatitije imbuga nkoranyambaga

The inspiring journey of Tuyishime, a 44-year-old woman representing Rwanda at Miss Universe

Min.Nduhungirehe yagaye Umunyekongo uzwi ku rwego mpuzamahanga wirengagije iby’ingenzi mu makuru yatangaje

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.