Monday, January 5, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United

radiotv10by radiotv10
18/10/2021
in SIPORO
0
Muhire Kevin yasinyiye Rayon Sports, Nsengiyumva Moustapha agana muri Gasogi United
Share on FacebookShare on Twitter

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin ”Rooney” wari usoje amasezerano mu ikipe ya Rayon Sports, yongeye gusinya andi masezerano y’umwaka umwe w’imikino 2021-2022 akinira iyi kipe iheruka igikombe cya shampiyona mu mwaka w’imikino 2018-2019.

Muhire wari umaze igihe ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports, amakuru y’uko yamaze kwemeranya n’iyi kipe yagiye hanze kuri iki cyumweru mbere y’uko kuri uyu wa mbere ashyira umukono ku masezerano.

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

Image

Image

Muhire Kevin yasinye amasezerano mashya muri Rayon Sports

 

Muhire Kevin w’imyaka 23 ukina hagati mu kibuga, yabaye muri Rayon Sports kuva mu 2014-2019 mbere y’uko ajya gushaka ubuzima mu makipe yo mu Misiri kuko mu 2019 yari muri Misr El Makassa.

Mu 2021 nibwo uyu musore unakinira ikipe y’igihugu yasubiye muri Rayon Sports asinyamo umwaka w’imikino wakinwe mu gihe cy’amezi abiri. Kuri ubu rero yahise yongera kwemera gukomezanya n’iyi kipe.

Nsengiyumva Moustapha yasinye muri Gasogi United:

Image

Nsengiyumva Moustapha wakinaga aca mu mpande mu ikipe ya Kiyovu SC yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Gasogi United.

Nsengiyumva yabaye mu makipe atandukanye arimo Rayon Sports, Police FC, APR FC kuri ubu akaba yari avuye muri Kiyovu SC.

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

twenty − 15 =

Previous Post

KIGALI: Abakora ubuzunguzayi bakomeje kwibaza ikigenderwaho iyo habonetse inkunga yo kubafasha

Next Post

Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Related Posts

Ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu cy’Afurika yafatiwe icyemezo cy’agateganyo Kapiteni wayo afatirwa icya burundu

Ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu cy’Afurika yafatiwe icyemezo cy’agateganyo Kapiteni wayo afatirwa icya burundu

by radiotv10
02/01/2026
0

Guverinoma ya Gabon yahagaritse by’agateganyo ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu Gikombe cya Afurika (AFCON) itarenze umutaru, inahagarika burundu rutahizamu Pierre-Emerick...

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

by radiotv10
28/12/2025
0

Tariki 25 Ugushyingo 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwasheshe inzego zose za Rayon Sports maze rushyiraho Komite y’inzibacyuho iyobowe na...

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
28/12/2025
0

Isi ya ruhago ikomeje kunamira uwari umutoza Jean-Louis Gasset witabye Imana ku myaka 72 y’amavuko, aho bamwe mu bafite amazina...

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

IZIHERUKA

Yampano yahishuye ibyago bikomeye byamubayeho benshi batamenye byamukomerekeje umutima nyuma ya Video
IBYAMAMARE

Yampano yahishuye ibyago bikomeye byamubayeho benshi batamenye byamukomerekeje umutima nyuma ya Video

by radiotv10
05/01/2026
0

Icyakurikiye ubutumwa butavugwaho rumwe bwa Minisitiri wo mu Burundi kuri Qatar yazanyemo n’u Rwanda

Icyakurikiye ubutumwa butavugwaho rumwe bwa Minisitiri wo mu Burundi kuri Qatar yazanyemo n’u Rwanda

05/01/2026
Afurika yagize icyo ivuga ku byakozwe na America yagiye gufatira Perezida w’ikindi Gihugu iwe

Afurika yagize icyo ivuga ku byakozwe na America yagiye gufatira Perezida w’ikindi Gihugu iwe

05/01/2026
Inkuba ifite imbaraga yakubise abantu 15 mu Rwanda benshi muri bo bahasiga ubuzima

Inkuba ifite imbaraga yakubise abantu 15 mu Rwanda benshi muri bo bahasiga ubuzima

05/01/2026
Eng.-AU statement addressing the capture of Venezuela’s president by the US

Eng.-AU statement addressing the capture of Venezuela’s president by the US

05/01/2026
How to Clean Your Earbuds and Keep Germs Away

How to Clean Your Earbuds and Keep Germs Away

05/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Nizigiyimana Abdul Karim “Mackenzie” yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Nizigiyimana Abdul Karim "Mackenzie" yashyize umukono ku rupapuro rwa Rayon Sports

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Yampano yahishuye ibyago bikomeye byamubayeho benshi batamenye byamukomerekeje umutima nyuma ya Video

Icyakurikiye ubutumwa butavugwaho rumwe bwa Minisitiri wo mu Burundi kuri Qatar yazanyemo n’u Rwanda

Afurika yagize icyo ivuga ku byakozwe na America yagiye gufatira Perezida w’ikindi Gihugu iwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.