• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#RPL: Igikombe kirabona nyiracyo kuri uyu wa gatanu

radiotv10by radiotv10
25/06/2021
in SIPORO
0
#RPL: Igikombe kirabona nyiracyo kuri uyu wa gatanu
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Kamena 2021 nibwo igikombe cya shampiyona y’u Rwanda 2020-2021 ibona nyirayo kuko ikipe ya APR FC na AS Kigali zikina umukino wazo wa nyum, umunsi wa karindwi wa kamarampaka. AS Kigali na APR ziranganya amanota 16.

Ikipe ya APR ibitse igikombe cya shampiyona 2019-2020, igikombe yatwaye idatsinzwe. Kuri ubu iracakirana na Rutsiro FC n’ubundi ikaba ikina uyu mukino itaratsindwa umukino n’umwe muri uru rugendo.

Imikino y’umunsi wa nyuma wa shampiyona ku makipe ashaka igikombe:

Uyu munsi tariki 25 Kamena 2021

Marines FC vs Bugesera (Ubworoherane, 15h30)

Rayon Sports FC vs Espoir FC (Bugesera, 15h30)

AS Kigali vs Police FC (Muhanga, 15h30)

APR FC vs Rutsiro FC (Huye Stadium, 15h30)

Amakipe arwana no kutamanuka: Uyu munsi tariki 25 Kamena 2021

Kiyovu SC vs Etincelles FC (Mumena Stadium, 12h00)

Sunrise FC vs Musanze FC (Nyagatare Stadium, 12h00)

AS Muhanga vs Gasogi United (Muhanga Stadium, 12h00)

Gorilla FC vs Mukura VS&L (Bugesera Stadium, 12h00)

See the source image

Nshimiyimana Amran ukina hagati muri Rayon Sports ari mu bakinnyi batemerewe gukina imikino y’uyu wa Gatanu

Abakinnyi batemerewe gukina:

Rucogoza Elias (Bugesera FC)

Twizeyimana Martin Fabrice (Police FC)

Nnshimiyimana Abdoul (Etincelles FC)

Nnshimiyimana Amran (Rayon Sports FC)

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

sixteen + 15 =

Previous Post

KICUKIRO: Abarimu ba G.S Busanza babangamiwe no guhurira ku bwiherero bumwe n’abanyeshuri

Next Post

COVID-19 ntikwiye guhagarika ubutabera mu Rwanda -Minisitiri Busingye

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
COVID-19 ntikwiye guhagarika ubutabera mu Rwanda -Minisitiri Busingye

COVID-19 ntikwiye guhagarika ubutabera mu Rwanda -Minisitiri Busingye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.