Sunday, September 14, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

radiotv10by radiotv10
06/07/2021
in Uncategorized
0
Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba
Share on FacebookShare on Twitter

Bamwe mu batuye mu murenge wa Mbuye wo mu karere ka Muhanga babwiye RadioTV10 ko kubera kubura amazi meza bajya bavoma ibiziba.

Abaturage bo muri uyu murenge bemeye kuganira na RadioTV10 bahamya ko bakoresha amazi mabi kubera ko nta bundi buryo bafite butuma babona amazi meza.

Mukama Celestin yagize ati” Amazi yacu dore yarapfuye, nko ku mureko kugira ngo injerekani yuzure hari igihe umuntu amara nk’amasaha abiri, hari n’abazinduka bakavoma ibi biziba kandi amajerekani arahari nawe urabibona.”

Image

Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Nshimiyimana we avuga ko hari n’ubwo ayo bita meza yo kunywa bavoma ku mureko abana baba bayaneyemo kuko aturuka mu bihuru.

Aba baturage bavuga ibi bimaze igihe bakifuza ko bafashwa  amariba yabo akongera gukorwa.

Kuri iki kibazo Umuyobozi w’akarere ka Ruhango Habarurema Valens yabwiye RadioTV10 ko ibyo bigiye guhita bikurikiranwa.

Twabajije Ntakirende Jean Marie umuyobozi wa gahunda mu munshinga “Living Water International” usanzwe utanga amavomo azwi nk’amapombero ku kibazo cyihariye cy’amapombero yo mu bice bya Kinazi, Mbuye na Ntongwe apfa akamara igihe atarakorwa adusubiza ko amariba yose yo muri Mbuye, Ntongwe na Kinazi bayahaye umushoramari uzajya ayasana ndetse hakazanabaho no kwigisha abaturage kuba bakwisanira iriba ryapfuyeho ibtagoranye cyane.

Image

Amavomero yatangiye kwangirika kuko nta mazi akibamo

Ku mapombero ahora apfa kandi, Ntakirende Jean Marie avuga ko hari n’umushinga bari gutekereza wo kuyavugurura aho kugira ngo abaturage bavome babanje gupomba amazi akajya azamurwa na Moteri hifashishijwe imirasire y’izuba ahatari amashanyarazi, aho byibuza buri Vomo risanzwe ryubatse byasaba miliyoni 5rwfs ahatari amashanyarazi, na miliyoni 3 ahari umuriro w’amashanyarazi kugira ngo ritangire rikoreshe ubwo buryo bushya.

Image

Abaturage bo mu murenge wa Mbuye muri Ruhango bari kuvoma ibiziba

Ubwo twasoza gukora iyi nkuru hari amakuru twamenye y’uko abaturage bo muri Vunga twaganiriye bataka ikibazo cy’amazi ubu bamaze kubona amazi kuko rimwe mu mapombero bahawe ryamaze gukorwa ndetse n’amazi ya Robine asanzwe Atari akiza akaba yongeye kubageraho.

Inkuru ya: SINDIHEBA Yussuf/RadioTV10 Rwanda

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

two + sixteen =

Previous Post

Ifoto y’umuhanzikazi Ariel Wayz yateje yarondogoje benshi ku mbuga nkoranyambaga

Next Post

EURO 2020: Abataliyani bageze ku mukino wa nyuma basezereye Espagne kuri penaliti

Related Posts

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

Ubutumwa ababyeyi ba Minisitiri Ngarambe bamugeneye ku isabukuru y’ubukwe bwe

by radiotv10
25/08/2025
0

Umuryango wa Ngarambe François Xavier wifurije isabukuru nziza y’umwaka umwe umuhungu we Ngarambe Rwego usanzwe ari Umunyamabanga wa Leta muri...

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

Amatora ya FERWAFA akomeje kuzamo utuntu n’utundi hakibura ukwezi ngo abe

by radiotv10
31/07/2025
0

Nyuma yuko bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda FERWAFA, banditse basaba ko amatora y’iri Shyirahamwe asubikwa,...

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

IZIHERUKA

Nyamasheke: Abategeye abageni mu nzira bakabagira intere batawe muri yombi
MU RWANDA

Nyamasheke: Abategeye abageni mu nzira bakabagira intere batawe muri yombi

by radiotv10
13/09/2025
0

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

13/09/2025
Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

13/09/2025
UPDATE: Amakuru agezweho ku basore bagaragaye bakorera ubugome umukobwa muri Kigali

UPDATE: Abagaragaye bakorera ubugome umugore banafite umuhoro byemejwe ko bose bafashwe

13/09/2025
Hagaragajwe ingano y’imyuka ihumanya ikirere yakumiriwe mu Rwanda kubera gutekesha Gaze

Hagaragajwe ingano y’imyuka ihumanya ikirere yakumiriwe mu Rwanda kubera gutekesha Gaze

13/09/2025
Ingabire Victoire yagarutse imbere y’Urukiko arugezeho icyifuzo

Igisubizo u Rwanda ruhaye u Burayi bwarutegetse gufungura umunyapolitiki Ingabire Victoire ataranaburana

12/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
EURO 2020: Abataliyani bageze ku mukino wa nyuma basezereye Espagne kuri penaliti

EURO 2020: Abataliyani bageze ku mukino wa nyuma basezereye Espagne kuri penaliti

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Nyamasheke: Abategeye abageni mu nzira bakabagira intere batawe muri yombi

Icyo Igisirikare cya Congo-FARDC kivuga ku rupfu rutunguranye rw’Umujenerari wayoboraga Ingabo muri Uvira

Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.