Monday, December 29, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Russia&Ukraine: Putin yagaragaje ko Afurika ishobora gukora ibyananiye Ibihugu by’ibihangange

radiotv10by radiotv10
08/06/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Russia&Ukraine: Putin yagaragaje ko Afurika ishobora gukora ibyananiye Ibihugu by’ibihangange
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje ko yishimiye ubushake bwa Leta ya Afurika y’Epfo n’ibindi Bihugu bafatanyije, bwo kumwunga na Ukraine bamaze igihe barwana.

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’epfo ku wa Kabiri yavuze ko we n’abandi bakuru b’Ibihugu bya Zambia, Uganda, Kenya n’ibindi, bumvikanye ko muri uku kwa Gatandatu bajya mu Burusiya na Ukraine, ku mugambi wo guhuza u Burusiya na Ukraine bagahagarika intambara bamazemo umwaka.

Perezida Putin ngo yishimiye icyo gitekerezo ndetse mu kiganiro kuri telephone yagiranye na Ramaphosa, yamwizeje ko afite ubushake bwo kuzitabira no kubahiriza ibyo biganiro.

Putin atangaje ibi mu gihe mu minsi ishize, yohereje Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Igihugu cye, Sergei Lavrov agiriye uruzinduko mu Bihugu binyuranye ku Mugabane wa Afurika, birimo n’u Burundi.

Ibihugu by’ibihangange nka Leta Zunze Ubumwe za America ndetse n’ibindi byo mu Burayi biri mu byakunze gutegeka Putin guhagarika iyi ntambara yashoje muri Ukraine, ariko na we ntahweme kubyereka ko igitugu bumushyiraho kitakora dore ko anabishinja kuba ari byo biri kurwana iyi ntambara ahanganyemo na Ukraine.

Eugenie NYIRANSABIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five + 12 =

Previous Post

Museveni yeruye atanga amakuru mpamo ku kwandura Covid-19 kwe

Next Post

MTN Rwanda yashyize Miliyoni 50Frw mu isiganwa ritegerejwe na benshi i Kigali

Related Posts

FARDC yasohoye itangazo ivuga ku magambo yatangajwe n’Umuvugizi wayo

FARDC yasohoye itangazo ivuga ku magambo yatangajwe n’Umuvugizi wayo

by radiotv10
29/12/2025
0

Ubuyobozi Bukuru bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bwitandukanyije n'amagambo ya Major General Sylvain Ekenge Bomusa Efomi wari...

BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

by radiotv10
29/12/2025
0

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko Maj Gen Sylvain Ekenge wari Umuvugizi w'Igisirikare cy'iki Gihugu-FARDC, yahagaritswe...

Hakomeje kwamaganirwa kure amagambo rutwitsi y’Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

Hakomeje kwamaganirwa kure amagambo rutwitsi y’Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

by radiotv10
29/12/2025
0

Abantu banyuranye barimo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, bamaganye imvugo yuzuye ingengabitekerezo mbi y’Umuvugizi wa FARDC, Maj Gen Sylvain Ekenge...

Eng.-FARDC spokesperson Maj. Gen. Ekenge suspended following widely criticized remarks

Eng.-FARDC spokesperson Maj. Gen. Ekenge suspended following widely criticized remarks

by radiotv10
29/12/2025
0

Reports from the Democratic Republic of Congo indicate that Major General Sylvain Ekenge, the Spokesperson of the Armed Forces of...

Inyeshyamba z’umutwe ukorana n’igisirikare cya Congo zasubiranyemo hagwa umukamando

Mu buryo butunguranye AFC/M23 yakozanyijeho n’umutwe wa Wazalendo ufasha FARDC

by radiotv10
26/12/2025
0

Mu muhanda wa Goma-Rutshuru werecyeza muri Pariki y’Igihugu ya Virunga, abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 baguye mu gico cy’inyeshyamba za Wazalendo...

IZIHERUKA

FARDC yasohoye itangazo ivuga ku magambo yatangajwe n’Umuvugizi wayo
AMAHANGA

FARDC yasohoye itangazo ivuga ku magambo yatangajwe n’Umuvugizi wayo

by radiotv10
29/12/2025
0

The Painkiller Culture: Why we reach for pills at every discomfort

The Painkiller Culture: Why we reach for pills at every discomfort

29/12/2025
Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

29/12/2025
BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

BREAKING: Umuvugizi wa FARDC yahise afatirwa icyemezo nyuma y’amagambo yanenzwe na benshi

29/12/2025
Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

Havuzwe ibyatumye hirukanwa abayobozi b’Ibigo by’amashuri bakabakaba 900 mu Rwanda

29/12/2025
Hakomeje kwamaganirwa kure amagambo rutwitsi y’Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

Hakomeje kwamaganirwa kure amagambo rutwitsi y’Umuvugizi w’Igisirikare cya Congo

29/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
MTN Rwanda yashyize Miliyoni 50Frw mu isiganwa ritegerejwe na benshi i Kigali

MTN Rwanda yashyize Miliyoni 50Frw mu isiganwa ritegerejwe na benshi i Kigali

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

FARDC yasohoye itangazo ivuga ku magambo yatangajwe n’Umuvugizi wayo

The Painkiller Culture: Why we reach for pills at every discomfort

Icyo u Rwanda ruvuga ku byatangajwe n’Imiryango yateye utwatsi ivuka ry’Igihugu gishya muri Afurika

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.