Saturday, December 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tombola ya CECAFA Kagame Cup 2021 yasize KCCA ifite igikombe iri kumwe na Le Messeger de Ngozi

radiotv10by radiotv10
27/07/2021
in SIPORO
0
Tombola ya CECAFA Kagame Cup 2021 yasize KCCA ifite igikombe iri kumwe na Le Messeger de Ngozi
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Nyakanga 2021 nibwo habaye tombola y’imikino ya CECAFA Kagame Cup 2021, imikino ngaruka mwaka ihuza amakipe yo mu karere ka Afurika y’iburasirazuba no hagati kongeraho amakipe aba yatumiwe. Irushanwa ry’uyu mwaka rizakinwa kuva tariki 1-15 Kanama 2021, i Dar Es Slaam muri Tanzania.

Iri rushanwa ngaruka mwaka rifitwe na KCCA FC  yo muri Uganda, riterwa inkunga na Perezida wa Repbulika y’u Rwanda, Paul Kagame kuva mu 2002. KCCA yatwaye iki gikombe mu 2019 itsinze Azam FC ku mukino wa nyuma wakiniwe kuri sitade ya Kigali.

Amakipe nka APR FC yo mu Rwanda na TP Mazembe yo muri Repubulika Ihanira Demokarasi ya Congo yari yaremeye ko azitabira, yaje kwikura ku rutonde mu gihe Simba SC itigeze yemera ko izitabira ari nayo mpamvu aya makipe atari muri iri rushanwa.

Tombola ya CECAFA Kagame Cup 2021 izabera muri Tanzania (1-15 Kanama 2021):

Itsinda A: KCCA FC (Ibitse igikombe,Uganda), Le Messeger Ngozi (Burundi), KMKM FC (Zanzibar)

Itsinda B: Azam FC (Tanzania), Atlabara FC (S.Sudan), Tusker (Kenya)

Itsinda C: Yanga SC (Tanzania), Nyasa Big Bullets (Malawi), Express SC (Uganda).

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − 13 =

Previous Post

Binyuze mu nkiko, FERWAFA yishyuye Jerôme Dufourg 119,000,000 FRW inagerekaho amande

Next Post

Mutsinzi Ange Jimmy yagiye mu igeragezwa mu Bubiligi

Related Posts

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

by radiotv10
13/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC, Kwitonda Alain bakunze kwita Bacca, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga, ahamya ko ari itangirira...

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

by radiotv10
12/12/2025
0

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports biravugwa ko agera mu Rwanda mu mpera z’iki...

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Perezida w’Inzibacyuho wa Rayon yatanze umucyo ku bibaza ku hazaza h’ikipe

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje itariki ntarengwa iyi kipe izaba yamaze kubona umutoza mushya wayo, ndetse anagaruka...

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

by radiotv10
09/12/2025
0

Uwari Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Brigadier General Déo RUSANGANWA, ntakiri kuri uyu mwanya kubera izindi nshingano z’akazi ke ka...

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

by radiotv10
09/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yifurije umugore we isabukuru nziza y’imyaka ine bamaze bakoze ubukwe bemeranyijwe...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi
AMAHANGA

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

by radiotv10
13/12/2025
0

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

13/12/2025
Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

13/12/2025
Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

13/12/2025
America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

12/12/2025
Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Mutsinzi Ange Jimmy yagiye mu igeragezwa mu Bubiligi

Mutsinzi Ange Jimmy yagiye mu igeragezwa mu Bubiligi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.