Saturday, December 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Ubusatirizi bwa Rayon bwadanangiwe hongerwamo umugande unyaruka nk’isha

radiotv10by radiotv10
28/01/2023
in FOOTBALL, SIPORO
1
Ubusatirizi bwa Rayon bwadanangiwe hongerwamo umugande unyaruka nk’isha
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Umunya-Uganda Joackim Ojera ukina mu busatirizi, akaba azwiho umwihariko wo kunyaruka ku buryo iyo afashe umupira feri ya mbere ari imbere y’izamu y’ikipe baba bahanganye.

Joackim Ojera yaje muri Rayon Sports nyuma yo kuba nta kipe yari afite dore ko yari yatandukanye Uganda Revenue Authority (URA) yakiniye mu gihe cy’Imyaka ine n’igice.

Uyu kandi, yakiniye Ikipe y’Igihugu ya Uganda Cranes mu mikino ya CHAN 2020, yabereye muri Cameroon.

Ojera kandi ari hamwe na URA yakinnye amarushanwa ya Confederation Cup ubwo bakinaga na Ethiopian yo mu Misiri kwa Farawo.

Ibi kandi, bikaba byahamijwe n’Ikipe ya Rayon Sports mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa Twitter, aho bagize bati “Joackim Ojera ubu ni umukinnyi wa Rayon Sports.”

Ojera Joackim aje asanga Umunya-Uganda mwenewabo Mussa Esenu, bikaba byitezwe ko Ojera azafasha Rayon Sports imbere mu busatirizi bwayo binyuze mu bunararibonye asanganywe.

Aje kandi asanga ubusatirizi bw’iyi kipe budadiye dore ko iyi kipe ifite ba rutahizamu bakomeye barimo Willy Essomba Onana ufite ubuhanga bwihariye muri shampiyona y’u Rwanda.

Annet KAMUKAMA
RADIOTV10

Comments 1

  1. Kisakye Eria says:
    3 years ago

    Kyamuwendo nnyo ffe ngabawagizi ba rayon

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + 16 =

Previous Post

Isomo ku bakobwa babenga ababafashije: Ibyabaye ku wipakuruye uwo yari yemereye kuzamubera umugore biratangaje

Next Post

Inkunga y’ibiryo yateje umwuka mucye kubera ibyabaye bidakwiye

Related Posts

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

by radiotv10
13/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC, Kwitonda Alain bakunze kwita Bacca, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga, ahamya ko ari itangirira...

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

by radiotv10
12/12/2025
0

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports biravugwa ko agera mu Rwanda mu mpera z’iki...

Amakuru mashya: Ibya Rayon byongeye gusubirwamo abayobozi bose bakurwaho hahita hatangazwa ab’inzibacyuho

Perezida w’Inzibacyuho wa Rayon yatanze umucyo ku bibaza ku hazaza h’ikipe

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuyobozi w’inzibacyuho wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje itariki ntarengwa iyi kipe izaba yamaze kubona umutoza mushya wayo, ndetse anagaruka...

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

Uwari Chairman wa APR FC yemeje ko atakiri muri izi nshingano avuga n’impamvu

by radiotv10
09/12/2025
0

Uwari Umuyobozi w’ikipe ya APR FC, Brigadier General Déo RUSANGANWA, ntakiri kuri uyu mwanya kubera izindi nshingano z’akazi ke ka...

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

Rutahizamu Byiringiro Lague arishimira imyaka ine amaze akoze ubukwe n’umugore we

by radiotv10
09/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yifurije umugore we isabukuru nziza y’imyaka ine bamaze bakoze ubukwe bemeranyijwe...

IZIHERUKA

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID
IMIBEREHO MYIZA

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

by radiotv10
13/12/2025
0

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

13/12/2025
Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

13/12/2025
Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

13/12/2025
Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

13/12/2025
America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Inkunga y’ibiryo yateje umwuka mucye kubera ibyabaye bidakwiye

Inkunga y’ibiryo yateje umwuka mucye kubera ibyabaye bidakwiye

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.