• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Udushya twabaye uburo buhuye mu isabukuru y’umuherwe wihagazeho muri America

radiotv10by radiotv10
06/07/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Udushya twabaye uburo buhuye mu isabukuru y’umuherwe wihagazeho muri America
Share on FacebookShare on Twitter

Umuherwe w’Umunyamerika Micheal Rubin uri mu bihagazeho muri USA, yigije imbere itariki y’ibirori by’isabukuru y’amavuko ye, kugira ngo ayihuze n’iy’ubwigenge bwa Leta Zunze Ubumwe za America. Ni ibirori byaranzwe n’udushya twinshi, turimo imyambarire, ubwinshi bw’abasitari babyitabiriye ndetse n’imitegurire yabyo.

Ni umunsi wabaye tariki 04 Nyakanga, mu gihe isabukuru ya Micheal Rubin isanzwe iba tariki 27 Nyakanga, akaba yaravutse kuri iyi tariki 1972.

Micheal Robin asanzwe ari umuyobozi wa Sosiyete ya Fanatics ikora imyenda ya siporo. Ibirori by’uyu muherwe byabereye mu nzu ihenze ifite agaciro ka miliyari 50.

Ni ibirori byitabiriwe n’abasitari barimo Jay-Z, Beyoncé, Drake, Fat Joe, Kylian Mbappe, Usher, Ne-Yo, Dj Khaled, Kim Kardashian, Justin Bieber n’umugore we.

Aba basitari bitebiriye ibi birori bambaye imyenda y’umweru, mu gihe ababyitabiriye bose barenga 350.

Hari hanateganyijwe kajugujugu itwara bamwe mu byamamare bitabiriye ibi birori. Uyu Micheal Rubin ari muri ba rwiyemezamirimo batunze agatubutse kuko abarirwa miliyari 11.4$.

Abasitari bari benshi

Jolie MUKANTWALI
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − seventeen =

Previous Post

RDF yaganirije abahagarariye Igisirikare cy’Ibihugu byabo birimo America, Russia, S.Korea,…

Next Post

Uko hafashwe uwari wibye ikinyabiziga inshuti ye yafashwe ni we byaturutseho

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Uko hafashwe uwari wibye ikinyabiziga inshuti ye yafashwe ni we byaturutseho

Uko hafashwe uwari wibye ikinyabiziga inshuti ye yafashwe ni we byaturutseho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

Umujenerali wo muri FDLR byari byatangajwe ko yiciwe mu mirwano na AFC/M23 byatangajwe ko yakomeretse

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.