• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzi Nyarwanda yifurije isabukuru nziza umubyeyi we uri mu buyobozi bukuru bw’u Rwanda

radiotv10by radiotv10
01/08/2023
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
1
Umuhanzi Nyarwanda yifurije isabukuru nziza umubyeyi we uri mu buyobozi bukuru bw’u Rwanda
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi w’Umuraperi William Muhire uzwi nka K8 Kavuyo, yifurije isabukuru nziza umubyeyi we Oda Gasinzigwa wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda, ubu akaba ari Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora.

Mu butumwa buherekejwe n’ifoto y’umubyeyi we, yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, K8 Kavuyo yagize ati “Isabukuru nziza Mama.”

Oda Gasinzigwa wifurijwe isabukuru n’umuhungu we K8 Kavuyo, yagize imyanya inyuranye mu nzego nkuru z’Igihugu, nko kuba yarabaye Minisitiri w’Uburenganire n’Iterambere ry’Umuryango kuva muri 2008 kugeza muri 2013.

Yahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA), aho yavuyeyo arangije manda ze.

Muri Mutarama uyu mwaka wa 2023 yagizwe Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, umwanya yahawe n’Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki 30 Mutarama 2023, yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.

Oda Gasinzigwa ubu uyobora iyi Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, yinjiranye impinduka mu matora yo mu Rwanda, aho yatanze igitekerezo ko amatora y’Abadepite yahuzwa n’aya Perezida wa Repubulika, ndetse uyu mushinga uza gushimwa na Guverinoma y’u Rwanda.

Umushinga wo kuvugurura itegeko ryerecyeye amatora, watangijwe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, uherutse kwemezwa n’Inteko Ishinga Amategeko.

K8 Kavuyo akunze kugaragaza urukundo akunda umubyeyi we

Oda Gasinzigwa ubu ni Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora

RADIOTV10

Comments 1

  1. MUTUYIMANA Lydia Lydia says:
    3 years ago

    Ni byiza.

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

6 − one =

Previous Post

Igishobora kuba cyaratumye umusozi wo mu Rwanda ugaragaraho ibyateye urujijo cyamenyekanye

Next Post

CG Dan Munyuza wayoboye Polisi y’u Rwanda yahawe inshingano nshya

Related Posts

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

by radiotv10
02/06/2026
0

Mu rubanza ruregwamo umuhanzi Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, Ubushinjacyaha bwagaragaje impamvu zikomeye bumusabira gufungwa by’agateganyo, zirimo urumogi ruri ku...

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

Umuhanzikazi France Mpundu nyuma yo kwambikwa impeta yahishuye ko agiye kwibaruka imfura

by radiotv10
02/06/2026
0

Umuhanzikazi France Mpundu uherutse kwambikwa impeta n’umusore wo muri Niger, Moctar bahuriye mu kiganiro ‘The Secret Story’ cyamamaye, yatangaje ko...

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Next Post
CG Dan Munyuza wayoboye Polisi y’u Rwanda yahawe inshingano nshya

CG Dan Munyuza wayoboye Polisi y’u Rwanda yahawe inshingano nshya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Byagenze gute ngo ikibumbano cya rurangiranwa Lionel Messi cyari mu Buhindi gikurweho

Gisagara: Abaturage bibukijwe impamvu kurandura inzoga z’inkorano bakwiye kubigiramo uruhare rufatika

Gukoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi, kugonga umukunzi we: Ibyavugiwe mu rubanza ruregwamo umuhanzi Yampano

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.