Friday, October 31, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Umuhanzi wamamaye muri muzika Nyarwanda yateguje abakunzi icyo abahishiye

radiotv10by radiotv10
07/11/2024
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Umuhanzi wamamaye muri muzika Nyarwanda yateguje abakunzi icyo abahishiye
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Kitoko Bibarwa uri mu bagize izina rikomeye muri muzika nyarwanda, akaba amaze igihe adashyira hanze indirimbo, yateguje abakunzi be ko agiye gushyira hanze indirimbo nshya.

Uretse kuba yaramamaye mu ndirimbo y’ibihe byose ‘Thank You Kagame’, Kitoko ari mu bahanzi bubatse izina muri muzika nyarwanda, ubu akaba asigaye aba hanze y’u Rwanda, ndetse akaba adaheruka gushyira hanze indirimbo ngo icengera mu matwi y’abakunzi ba muzika nyarwanda nk’uko byagenze ku ndirimbo nka ‘Ikiragi’, ‘Urankunda’ n’izindi.

Mu butumwa yanyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram, Kitoko yateguje abakunda ibihangano bye ko bashonje bahishiwe, kuko agiye gushyira hanze indirimbo nshya.

Yifashije kamwe mu duce tw’amashusho y’iyi ndirimbo, Kitoko yagize ati “Nyuma y’igihe nsa nkuri kure y’umuziki, ngarukanye indirimbo nshya nise Tiro. Irajya hanze muri iki cyumweru.

Kitoko wasoje ubutumwa bwe, ashishakiriza abantu gukomeza gukurikiana ibikorwa bye kugira ngo iyi ndirimbo nshya nijya hanze, bazayumve, ni umwe mu bahanzi bamamaye mu gihe cy’izamuka rya muzika igezweho, aho yaje gusa nk’aho ayirengagije nyuma yo kuva mu Rwanda akajya gutura hanze.

Uyu muhanzi yaherukaga gushyira hanze indirimbo umwaka ushize, yise ‘Uri Imana’ yumvikana amagambo yo gushima imirimo Imana yamukoreye.

Kitoko yateguje abakunda ibihangano bye indirimbo nshya

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

six + 13 =

Previous Post

Menya ibikubiye mu ibaruwa The Ben yandikiye Urukiko rwaburanishije umunyamakuru Fatakumavuta

Next Post

Hasobanuwe uko Umunyarwanda yafatiwe muri Kenya n’ibyo akekwaho

Related Posts

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

Umugore w’umuhanzi Tom Close yamwibukije urwo amukunda anamubwira icyo amwifuriza

by radiotv10
29/10/2025
0

Ange Niyonshuti Tricia, umugore w’umuhanzi Tom Close; yongeye kumwibutsa ko amukunda urutagereranywa, anamubwira ko amwifuriza kuramba kugeza igihe azabonera ubuvivi....

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

Eng.-Rwandan origin girl competing for Miss Belgium crown

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera, who has Rwandan roots, is among the contestants for the Miss Belgium title. She is confident about her...

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

Ufite inkomoko mu Rwanda ari guhatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi

by radiotv10
28/10/2025
0

Kyra Nkezabera ufite inkomoko mu Rwanda, ari mu bahatanira ikamba rya Miss w’u Bubiligi, ndetse akaba afite icyizere cyo kuryegukana,...

How musicians are using streaming platforms to make money

How musicians are using streaming platforms to make money

by radiotv10
27/10/2025
0

In today’s digital world, streaming platforms have completely changed how musicians share their music and earn a living. Instead of...

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

Annette Murava n’umugabo we Bishop Gafaranga bazanye ubutumwa bifashishije ibyo banyuzemo

by radiotv10
25/10/2025
0

Nyuma y'ibyumweru bibiri afunguwe, Habiyaremye Zacharie uzwi nka Bishop Gafaranga n'umugore we Annette Murava, basohoye indirimbo nshya bise ‘Ndi inde”...

IZIHERUKA

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding
MU RWANDA

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

by radiotv10
31/10/2025
0

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

31/10/2025
Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

31/10/2025
Akazi k’Ingabo z’u Rwanda mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Mozambique kongeye kuzirikanwa

Akazi k’Ingabo z’u Rwanda mu rugamba rwo guhashya ibyihebe muri Mozambique kongeye kuzirikanwa

31/10/2025
Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

Ibiteye amatsiko ku modoka ya mbere y’imfura ya rurangiranwa muri ruhago Cristiano Ronaldo

31/10/2025
Impaka zavutse nyuma yuko u Bufaransa buvuze ibyo gufungura ikibuga cy’indege cya Goma kigenzurwa na AFC/M23

Impaka zavutse nyuma yuko u Bufaransa buvuze ibyo gufungura ikibuga cy’indege cya Goma kigenzurwa na AFC/M23

31/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hasobanuwe uko Umunyarwanda yafatiwe muri Kenya n’ibyo akekwaho

Hasobanuwe uko Umunyarwanda yafatiwe muri Kenya n’ibyo akekwaho

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-Genocide suspect arrested after 31 years in hiding

Irebere uburyo abakinnyi ba Man.United baje mu myitozo bambaye (AMAFOTO)

Ukekwaho Jenoside umaze imyaka 31 yihishahisha yafatiwe ku Murenge yagiye kwaka serivisi ahita atanga amakuru y’ibanze

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.