Tuesday, June 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

UPDATE: Haravugwa ibindi ku gahenge kari katangajwe hagati ya Israel na Iran

radiotv10by radiotv10
24/06/2025
in AMAHANGA, UMUTEKANO
0
UPDATE: Haravugwa ibindi ku gahenge kari katangajwe hagati ya Israel na Iran
Share on FacebookShare on Twitter

Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz arashinja Iran kurenga ku gahenge kari katangajwe, ategeka igisirikare gutegura ibitero simusiga kuri Iran bahanganye.

Ni nyuma yuko aka gahenge kari katangajwe ndetse kemewe na Guverinoma ya Israel nyuma yuko ibisabwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donal Trump.

Iran na yo yari yatangaje ko yemeye aka gahenge, ariko Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz yatangaje ko iki Gihugu bahanganye cyakarenzeho.

Iran yo irahakana ibi ishinjwa na Israel byo kurenga ku guhagarika imirwano, ahubwo igasaba igisirikare cyayo kuryamira amajanja kugira ngo gisubize ibitero byose bishobora kugabwa na Israel.

Nubwo Iran ihakana ibi byo kurenga ku gahenge, amakuru avuga ko mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kabiri, igisirikare cyayo cyohereje ibindi bisasu bya misile kuri Israel bikica abantu bane mu majyepfo y’Umujyi wa Beersheba.

Ni nyuma yuko kandi kuri uyu wa Mbere Iran yari yagabye igitero ku kigo cy’Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za America kiri muri Qatar, mu kwihorero ku bitero iki Gihugu giherutse kuyigabaho ku Cyumweru.

Iran iravuga ko abantu 400 barimo abana 13 bamaze gutakaza ubuzima, mu gihe abandi 3 056 bakomeretse kuva Israel yatangira kugaba ibitero kuri Iran tariki 13 Kamena 2025, mu gihe Israel yo imaze gutakaza abantu 24 bahitanywe n’ibitero bya Iran.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

five × two =

Previous Post

Icyateye Umusirikare mu Ngabo za Congo kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be

Next Post

Ingabo z’u Rwanda zamaganye itangazo ryazitiriwe ry’amakuru y’ibihuha

Related Posts

Icyateye Umusirikare mu Ngabo za Congo kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be

Icyateye Umusirikare mu Ngabo za Congo kubyuka arasa urufaya rw’amasasu muri bagenzi be

by radiotv10
24/06/2025
0

Umusirikare umwe mu gisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarashe amasasu menshi muri bagenzi be, yicamo babiri, abandi...

Agezweho ku ntambara ya Israel na Iran bamwe bari batangiye kwikanga aho yerecyeza

Agezweho ku ntambara ya Israel na Iran bamwe bari batangiye kwikanga aho yerecyeza

by radiotv10
24/06/2025
0

Ibihugu bya Israel na Iran bimaze iminsi byinjiye mu ntambara yari yakomeje guteza impungenge, bamwe bikanga ko ishobora kuvamo iya...

Trump yabaye nk’ukina ku mubyimba Iran ku bitero rurangiza byayishegeshe bikanahitana abasirikare bakuru bayo

Icyo Perezida Trump avuga ku gitero cya Iran cyari kigamije kwihorera kuri America

by radiotv10
24/06/2025
0

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za America, Donald Trump yavuze ko igitero Iran yagabye ku birindiro by’Igisirikare cy’Igihugu cye biri...

Urugamba rwongeye gukara hagati ya M23 na Wazalendo

Urugamba rwongeye gukara hagati ya M23 na Wazalendo

by radiotv10
23/06/2025
0

Muri Lokarite ya Nyanzale muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Rurugu, habereye imirwano ikomeye hagati y’Ihuriro rya...

Urugamba rushobora guhindura isura: Iran yateguje America akaga kagiye kuyibaho nyuma yo kuyirasaho ikanigamba

Urugamba rushobora guhindura isura: Iran yateguje America akaga kagiye kuyibaho nyuma yo kuyirasaho ikanigamba

by radiotv10
23/06/2025
0

Nyuma yuko Leta Zunze Ubumwe za America yifatanyije na Israel, ikagaba ibitero ku bikorwa by’ingufu za Nikeleyeri bya Iran, iki...

IZIHERUKA

Amakuru agezweho: Perezida Kagame yakiriye Obasanjo wayoboye Nigeria
MU RWANDA

Amakuru agezweho: Perezida Kagame yakiriye Obasanjo wayoboye Nigeria

by radiotv10
24/06/2025
0

President Kagame is in good health- Government dispels online rumors

President Kagame is in good health- Government dispels online rumors

24/06/2025
Umuvugizi w’u Rwanda yageneye ubutumwa Abanyekongo bacye batibonamo Perezida Kagame nk’abandi Banyafurika bose

Guverinoma yasubije abakomeje kuzamura amakuru y’ibihuha

24/06/2025
Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

Hazafatwa imboni z’amaso, intoki zose,…: Ibindi ku irangamuntu-Koranabuhanga igiye gutangira gutangwa mu Rwanda

24/06/2025
Ingabo z’u Rwanda zamaganye itangazo ryazitiriwe ry’amakuru y’ibihuha

Ingabo z’u Rwanda zamaganye itangazo ryazitiriwe ry’amakuru y’ibihuha

24/06/2025
UPDATE: Haravugwa ibindi ku gahenge kari katangajwe hagati ya Israel na Iran

UPDATE: Haravugwa ibindi ku gahenge kari katangajwe hagati ya Israel na Iran

24/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ingabo z’u Rwanda zamaganye itangazo ryazitiriwe ry’amakuru y’ibihuha

Ingabo z’u Rwanda zamaganye itangazo ryazitiriwe ry’amakuru y’ibihuha

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Amakuru agezweho: Perezida Kagame yakiriye Obasanjo wayoboye Nigeria

President Kagame is in good health- Government dispels online rumors

Guverinoma yasubije abakomeje kuzamura amakuru y’ibihuha

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.