Friday, December 19, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

WOMEN-BASKET: Ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero urarayo

radiotv10by radiotv10
14/06/2021
in SIPORO
0
WOMEN-BASKET: Ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero urarayo
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa mbere, ikipe y’igihugu ya Basketball (Abagore) yatangiye umwiherero urarayo (Residential Camp) yitegura imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2021. Imikino yo gushaka itike izabera mu Misiri kuva tariki 5-10 Nyakanga 2021.

Imikino ya nyuma y’igikombe cya cy’ibihugu izaba ikinwa ku nshuro ya 25 ikazabera murin Cameroon kuva tariki 17-26 Nzeri 2021. Ibihugu 12 nibyo bizabona itike ya nyuma mu mikino izabera mu Misiri kuva tariki ya 5-10 Nyakanga 2021.

Iyi kipe iri kuba muri Elevate hotel i Nyarutarama ikazajya ihava igihe mu myitozo muri Kigali Arena nk’uko amakuru ava mu ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) abihamya.

Umunya-Senegal Cheikh Sarr utoza amakipe y’u Rwanda (Abahungu/abakobwa) yahamagaye abakinnyi 15 barimo Hope Butera ukinira South Georgina Tech College muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Ineza Sifa Joyeuse ukina mu ikipe ya Green Forest High School muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse na Whitney Houston kuri ubu udafite ikipe.

Abakinnyi 15 Cheikh Sarr azakuramo 12 bazajya mu Misiri:

1.Whitney Houston

2.Mwizerwa Faustine (The Hoops Rwa)

3.Tetero Odile (RP-IPRC Huye)

4.Micomyiza Rosine (The Hoops Rwa)

5.Marie Laurence Manizabayo (APR)

6.Iryikmanivuze Deborah (The Hoops Rwa)

7.Cecile Nzaramba (RP-IPRC Huye)

8.Ineza Sifa Joyeuse (Green Forest H.School)

9.Muhoza Emerance (The Hoops Rwa)

10.Urwibutso Nicole (The Hoops Rwa)

11.Uwizeyimana Assouma (APR)

12.Rutagengwa Nadine (The Hoops Rwa)

13.Umugwaneza Charlotte (APR)

14.Mushikiwabo Sandrine (RP-IPRC Huye)

15.Hope Butera (South Georgina Tech College)

INKURU YA: MIHIGO Sadam/RADIO & TV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

9 + fourteen =

Previous Post

RUBAVU BEACH-VT: Ikipe ya Ntagengwa & Niyonkuru n’iya Valentine/Charlotte zahize izindi

Next Post

KIGALI: Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

Related Posts

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

Inyongera ya 50%: dore agahigo k’amafaranga azahabwa amakipe azitabira igikombe cy’isi cya 2026

by radiotv10
17/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, yemeje amafaranga angana na miliyoni 620 z’amayero (€620 M) azagenerwa ibihugu 48 bizitabira igikombe...

IZIHERUKA

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo
MU RWANDA

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

by radiotv10
19/12/2025
1

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

19/12/2025
Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

19/12/2025
Eng.-Fighting between AFC/M23 and its opponents resumes with heavy weapons

Eng.-Fighting between AFC/M23 and its opponents resumes with heavy weapons

19/12/2025
Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

AFC/M23 yavuze ko nubwo iri kuvana abarwanyi bayo muri Uvira hari icyo yifuza cyazayishimisha

19/12/2025
Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

Umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yashyize hanze igihe azakorera ubukwe

19/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
KIGALI:  Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

KIGALI: Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abafurere babiri mu Rwanda barafunze nyuma y’urupfu rw’amayobera rwa mugenzi wabo

AGEZWEHO: Muri Congo imirwano yongeye noneho hagabwa n’ibitero mu buryo bushya

Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda yishimiye imyaka 15 amaze asezeranye n’umugore we

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.