Thursday, November 20, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

WOMEN-BASKET: Ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero urarayo

radiotv10by radiotv10
14/06/2021
in SIPORO
0
WOMEN-BASKET: Ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero urarayo
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa mbere, ikipe y’igihugu ya Basketball (Abagore) yatangiye umwiherero urarayo (Residential Camp) yitegura imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2021. Imikino yo gushaka itike izabera mu Misiri kuva tariki 5-10 Nyakanga 2021.

Imikino ya nyuma y’igikombe cya cy’ibihugu izaba ikinwa ku nshuro ya 25 ikazabera murin Cameroon kuva tariki 17-26 Nzeri 2021. Ibihugu 12 nibyo bizabona itike ya nyuma mu mikino izabera mu Misiri kuva tariki ya 5-10 Nyakanga 2021.

Iyi kipe iri kuba muri Elevate hotel i Nyarutarama ikazajya ihava igihe mu myitozo muri Kigali Arena nk’uko amakuru ava mu ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) abihamya.

Umunya-Senegal Cheikh Sarr utoza amakipe y’u Rwanda (Abahungu/abakobwa) yahamagaye abakinnyi 15 barimo Hope Butera ukinira South Georgina Tech College muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Ineza Sifa Joyeuse ukina mu ikipe ya Green Forest High School muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse na Whitney Houston kuri ubu udafite ikipe.

Abakinnyi 15 Cheikh Sarr azakuramo 12 bazajya mu Misiri:

1.Whitney Houston

2.Mwizerwa Faustine (The Hoops Rwa)

3.Tetero Odile (RP-IPRC Huye)

4.Micomyiza Rosine (The Hoops Rwa)

5.Marie Laurence Manizabayo (APR)

6.Iryikmanivuze Deborah (The Hoops Rwa)

7.Cecile Nzaramba (RP-IPRC Huye)

8.Ineza Sifa Joyeuse (Green Forest H.School)

9.Muhoza Emerance (The Hoops Rwa)

10.Urwibutso Nicole (The Hoops Rwa)

11.Uwizeyimana Assouma (APR)

12.Rutagengwa Nadine (The Hoops Rwa)

13.Umugwaneza Charlotte (APR)

14.Mushikiwabo Sandrine (RP-IPRC Huye)

15.Hope Butera (South Georgina Tech College)

INKURU YA: MIHIGO Sadam/RADIO & TV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

18 − fifteen =

Previous Post

RUBAVU BEACH-VT: Ikipe ya Ntagengwa & Niyonkuru n’iya Valentine/Charlotte zahize izindi

Next Post

KIGALI: Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

Related Posts

Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Menya umwanya Amavubi yajeho ku Isi ku rutonde ngarukakwezi

by radiotv10
20/11/2025
0

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda mu mupira w'amaguru, Amavubi yagumye ku mwanya wa 131 ku rutonde ngarukakwezi rw'Impuzamashyirahamwe y'Umupira w'Amaguru ku...

Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru muri Afurika

Iby’ingenzi byaranze itangwa ry’ibihembo by’abahize abandi mu mupira w’amaguru muri Afurika

by radiotv10
20/11/2025
0

Ibihembo by'abahize abandi mu mupira w'Amaguru ku Mugabane wa Afurika (CAF Awards 2025) byaranze n'ubwiganze bw’Abanya-Morocco bigukanyemo byinshi dore ko...

23 bahagarariye u Rwanda baratangira gukina Shampiyona Nyafurika y’Amagare

23 bahagarariye u Rwanda baratangira gukina Shampiyona Nyafurika y’Amagare

by radiotv10
20/11/2025
0

Mu gihugu cya Kenya haratangira Shampiyona Nyafurika y’umukino w’amagare, aho u Rwanda ruhagarariwe n’abakinnyi 23 bari mu byiciro umunani. Abakinnyi...

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

Abanyamakuru b’ibiganiro bya siporo mu Rwanda bongeye guhabwa umuburo

by radiotv10
18/11/2025
0

Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura RMC rwongeye kwibutsa abanamakuru bakora ibiganiro bya siporo ko ibitangazamakuru bakorera atari imiyoboro yo gutambukirizamo ubutumwa bwo...

Bitunguranye inama idasanzwe yari yatumijwe muri Rayon yasubitswe ku mpamvu itazwi

Bitunguranye inama idasanzwe yari yatumijwe muri Rayon yasubitswe ku mpamvu itazwi

by radiotv10
17/11/2025
0

Umuyobozi w’Urwego rw'Ikirego rw’Umuryango wa Rayon Sports, Paul Muvunyi yatangaje ko Inama y’Inteko Rusange yari yatumije, isubitswe, ikazaba igihe kizatangazwa....

IZIHERUKA

Icyo polisi y’u Rwanda ivuga ku bandi banyamahanga bagaragaye mu rugomo muri Kigali
MU RWANDA

Icyo polisi y’u Rwanda ivuga ku bandi banyamahanga bagaragaye mu rugomo muri Kigali

by radiotv10
20/11/2025
0

Uruganda rwaherewe uruhushya gukora inzoga mu bitoki rwatahuwe rukoresha ibiteye inkeke

Uruganda rwaherewe uruhushya gukora inzoga mu bitoki rwatahuwe rukoresha ibiteye inkeke

20/11/2025
Umwe mu mihanda ihuza Intara ebyiri mu Rwanda uramara amasaha arindwi utari nyabagendwa n’ibinyabiziga

Umwe mu mihanda ihuza Intara ebyiri mu Rwanda uramara amasaha arindwi utari nyabagendwa n’ibinyabiziga

20/11/2025
Rusizi: Abavugwaho ubutekamutwe bafashwe n’uwo baraye bibye basanganwa bimwe mu byo bakoresha batuburira abantu

Rusizi: Abavugwaho ubutekamutwe bafashwe n’uwo baraye bibye basanganwa bimwe mu byo bakoresha batuburira abantu

20/11/2025
Kwinjiza abafana ku buntu ni inyungu ku Mavubi cyangwa ni ukubamenyereza nabi?

Menya umwanya Amavubi yajeho ku Isi ku rutonde ngarukakwezi

20/11/2025
Eng.-One of the roads connecting two Provinces in Rwanda to be closed for seven hours

Eng.-One of the roads connecting two Provinces in Rwanda to be closed for seven hours

20/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
KIGALI:  Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

KIGALI: Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo polisi y’u Rwanda ivuga ku bandi banyamahanga bagaragaye mu rugomo muri Kigali

Uruganda rwaherewe uruhushya gukora inzoga mu bitoki rwatahuwe rukoresha ibiteye inkeke

Umwe mu mihanda ihuza Intara ebyiri mu Rwanda uramara amasaha arindwi utari nyabagendwa n’ibinyabiziga

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.