Wednesday, December 24, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

WOMEN-BASKET: Ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero urarayo

radiotv10by radiotv10
14/06/2021
in SIPORO
0
WOMEN-BASKET: Ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero urarayo
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa mbere, ikipe y’igihugu ya Basketball (Abagore) yatangiye umwiherero urarayo (Residential Camp) yitegura imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2021. Imikino yo gushaka itike izabera mu Misiri kuva tariki 5-10 Nyakanga 2021.

Imikino ya nyuma y’igikombe cya cy’ibihugu izaba ikinwa ku nshuro ya 25 ikazabera murin Cameroon kuva tariki 17-26 Nzeri 2021. Ibihugu 12 nibyo bizabona itike ya nyuma mu mikino izabera mu Misiri kuva tariki ya 5-10 Nyakanga 2021.

Iyi kipe iri kuba muri Elevate hotel i Nyarutarama ikazajya ihava igihe mu myitozo muri Kigali Arena nk’uko amakuru ava mu ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) abihamya.

Umunya-Senegal Cheikh Sarr utoza amakipe y’u Rwanda (Abahungu/abakobwa) yahamagaye abakinnyi 15 barimo Hope Butera ukinira South Georgina Tech College muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Ineza Sifa Joyeuse ukina mu ikipe ya Green Forest High School muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse na Whitney Houston kuri ubu udafite ikipe.

Abakinnyi 15 Cheikh Sarr azakuramo 12 bazajya mu Misiri:

1.Whitney Houston

2.Mwizerwa Faustine (The Hoops Rwa)

3.Tetero Odile (RP-IPRC Huye)

4.Micomyiza Rosine (The Hoops Rwa)

5.Marie Laurence Manizabayo (APR)

6.Iryikmanivuze Deborah (The Hoops Rwa)

7.Cecile Nzaramba (RP-IPRC Huye)

8.Ineza Sifa Joyeuse (Green Forest H.School)

9.Muhoza Emerance (The Hoops Rwa)

10.Urwibutso Nicole (The Hoops Rwa)

11.Uwizeyimana Assouma (APR)

12.Rutagengwa Nadine (The Hoops Rwa)

13.Umugwaneza Charlotte (APR)

14.Mushikiwabo Sandrine (RP-IPRC Huye)

15.Hope Butera (South Georgina Tech College)

INKURU YA: MIHIGO Sadam/RADIO & TV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nineteen − 12 =

Previous Post

RUBAVU BEACH-VT: Ikipe ya Ntagengwa & Niyonkuru n’iya Valentine/Charlotte zahize izindi

Next Post

KIGALI: Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

Related Posts

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

IZIHERUKA

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho
IMIBEREHO MYIZA

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

by radiotv10
24/12/2025
0

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

24/12/2025
Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

24/12/2025
Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

Living With Parents as a Young Adult: Benefits, Tensions and the Unspoken Rules

24/12/2025
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zongeye gushimirwa akazi k’indashyikirwa zakoze zigira n’icyo zisabwa

24/12/2025
Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

Umunyamakuru uri mu bamaze igihe mu intangazamakuru mu Rwanda yatawe muri yombi

23/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
KIGALI:  Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

KIGALI: Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

Habaye indi mpanuka ikomeye na yo y’ikamyo

Icyo Minisitiri Nduhungirehe avuga ku guhanganisha no kugereranya abahanzi The Ben na Bruce Melodie

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.