Wednesday, December 17, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

WOMEN-BASKET: Ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero urarayo

radiotv10by radiotv10
14/06/2021
in SIPORO
0
WOMEN-BASKET: Ikipe y’igihugu yatangiye umwiherero urarayo
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa mbere, ikipe y’igihugu ya Basketball (Abagore) yatangiye umwiherero urarayo (Residential Camp) yitegura imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2021. Imikino yo gushaka itike izabera mu Misiri kuva tariki 5-10 Nyakanga 2021.

Imikino ya nyuma y’igikombe cya cy’ibihugu izaba ikinwa ku nshuro ya 25 ikazabera murin Cameroon kuva tariki 17-26 Nzeri 2021. Ibihugu 12 nibyo bizabona itike ya nyuma mu mikino izabera mu Misiri kuva tariki ya 5-10 Nyakanga 2021.

Iyi kipe iri kuba muri Elevate hotel i Nyarutarama ikazajya ihava igihe mu myitozo muri Kigali Arena nk’uko amakuru ava mu ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda (FERWABA) abihamya.

Umunya-Senegal Cheikh Sarr utoza amakipe y’u Rwanda (Abahungu/abakobwa) yahamagaye abakinnyi 15 barimo Hope Butera ukinira South Georgina Tech College muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Ineza Sifa Joyeuse ukina mu ikipe ya Green Forest High School muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse na Whitney Houston kuri ubu udafite ikipe.

Abakinnyi 15 Cheikh Sarr azakuramo 12 bazajya mu Misiri:

1.Whitney Houston

2.Mwizerwa Faustine (The Hoops Rwa)

3.Tetero Odile (RP-IPRC Huye)

4.Micomyiza Rosine (The Hoops Rwa)

5.Marie Laurence Manizabayo (APR)

6.Iryikmanivuze Deborah (The Hoops Rwa)

7.Cecile Nzaramba (RP-IPRC Huye)

8.Ineza Sifa Joyeuse (Green Forest H.School)

9.Muhoza Emerance (The Hoops Rwa)

10.Urwibutso Nicole (The Hoops Rwa)

11.Uwizeyimana Assouma (APR)

12.Rutagengwa Nadine (The Hoops Rwa)

13.Umugwaneza Charlotte (APR)

14.Mushikiwabo Sandrine (RP-IPRC Huye)

15.Hope Butera (South Georgina Tech College)

INKURU YA: MIHIGO Sadam/RADIO & TV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

19 − 8 =

Previous Post

RUBAVU BEACH-VT: Ikipe ya Ntagengwa & Niyonkuru n’iya Valentine/Charlotte zahize izindi

Next Post

KIGALI: Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

Related Posts

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

by radiotv10
16/12/2025
0

Muhammed Kagawa Ssenoga, rutahizamu uca ku ruhande wakiniraga Express yo muri Uganda na Ali Ismael Ahmed EL SAYED Moussa ukomoka...

Rayon nyuma yo gutsindwa ihise izana umutoza wungirije uyijemo ku nshuro ya gatatu

Rayon nyuma yo gutsindwa ihise izana umutoza wungirije uyijemo ku nshuro ya gatatu

by radiotv10
15/12/2025
0

Lomami Marcel wari umaze igihe ari umutoza wungirije muri Etincelles FC, yemejwe nk’umutoza wungirije wa Rayon Sports mu gihe igitegereje...

Rayon yibukijwe ibitazibagirana byayibayeho umwaka ushize byatumye igikombe kiyica mu myanya y’intoki

Rayon yibukijwe ibitazibagirana byayibayeho umwaka ushize byatumye igikombe kiyica mu myanya y’intoki

by radiotv10
15/12/2025
0

Bugesera FC yongeye gutsinda Rayon Sports FC mu mukino wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru byibutsa abafana ba...

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

by radiotv10
13/12/2025
0

Rutahizamu wa Police FC, Kwitonda Alain bakunze kwita Bacca, yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga, ahamya ko ari itangirira...

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

Agezweho ku mutoza mushya ushobora gutoza Rayon Sports

by radiotv10
12/12/2025
0

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports biravugwa ko agera mu Rwanda mu mpera z’iki...

IZIHERUKA

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US
AMAHANGA

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

by radiotv10
17/12/2025
0

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

17/12/2025
Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

17/12/2025
Hasohotse urutonde rw’ibindi Bihugu byakomanyirijwe ko ababikomoka batemerewe kujya muri America

Hasohotse urutonde rw’ibindi Bihugu byakomanyirijwe ko ababikomoka batemerewe kujya muri America

17/12/2025
Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

Ubutumwa AFC/M23 isigira abatuye umujyi wa Uvira bayigaragarije ko batifuza ko iwurekura

17/12/2025
Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

Umusore akurikiranyweho kwicisha ishoka umukecuru nyuma yo gukora ibitemewe mu Rwanda

17/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
KIGALI:  Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

KIGALI: Abasenyewe inzu zabo barasaba ingurane bamaze igihe bateregereje

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Eng.-An updated list of other Countries whose citizens are banned from entering the US

Icyo Polisi y’u Rwanda ivuga ku bapolisi bagaragaye bashyira umuntu muri Pandagari mu buryo budakwiye

Hari Akarere mu Rwanda kagiye kubarura abashomeri badafite akazi bagatuyemo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.