Monday, December 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

WOMEN-FOOTBALL U20: U Rwanda ruzacakirana na Ethiopia mu mpera z’iki Cyumeru

radiotv10by radiotv10
21/09/2021
in SIPORO
0
WOMEN-FOOTBALL U20:  U Rwanda ruzacakirana na Ethiopia mu mpera z’iki Cyumeru
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Nzeri 2021, Ikipe y’Igihugu y’abari n’abategarugori yatangiye umwiherero mu rwego rwo kwitegura imikino y’ijonjora rya kabiri u Rwanda rugomba guhuramo na Ethiopia.

Ikipe y’Igihugu y’abatarenge imyaka 20 mu bagore yakomeje mu kiciro gikurikira nyuma yo gukuramo Ikipe ya Sudani y’amajyepfo kuri mpaga kuko iyo kipe yamenyesheje CAF ko itazitabira ayo majonjora. Umukino ubanza ugomba guhuza u Rwanda na Ethiopia uzabera I Kigali ku wa gatanu tariki 24 Nzeri 2021 kuri Stade ya Kigali mu gihe umukino wo kwishyura uteganyijwe tariki ya 9 Ukwakira 2021 muri Ethiopia.

Umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’abangavu, Marie Grace NYINAWUMUNTU yahamagaye abakinnyi 30 bagomba gukora umwiherero bitegura Ikipe y’Igihugu ya Ethiopia y’abatarengeje imyaka 20.

Urutonde rw’abakinnyi bahamagawe:

ABANYEZAMU

1. MUTUYIMANA Elizabeth (APAER WFC)
2. UWASE Beatrice (APAER WFC)
3. MUSHIMIYIMANA Anitha (KAMONYI WFC)
4. UWINEZA Belise (RUGENDE WFC)

AB’INYUMA

1. UZAYISENGA Lydia (APAER WFC)
2. NIYONSABA Diane (APAER WFC)
3. MUKAMANA Jeannette (LES LIONNES WFC)
4. MUKARUZAGIRA Jeannette (AS KIGALI WFC)
5. DUKORERIMANA M Catherine (FATIMA)
6. MUSHIMIYIMANA Julienne (NASHO WFC)
7. MUKANDAYISENGA Jeannine (INYEMERA WFC)
8. IRANZI Benitha (IPM WFC)
9. UWIMBABAZI Fidélité (IPM WFC)

ABO HAGATI

10. GIKUNDIRO Solange (APAER WFC)
11. NTAKOBANJILA Nelly Salam (APAER FC)
12. NIYONSHUTI Emerance (KAMONYI WFC)
13. UKWISHAKA Zawadi (KAMONYI WFC)
14. MUSHIMIYIMANA Thacienne (LES LIONNES WFC)
15. UMWARIWASE Dudja (FATIMA WFC)
16. MUTESIWASE Latifa (RUGENDE WFC)
17. USANASE Zawadi (SCANDINAVIA)
18. KAMIKAZI Yvonne (IPM WFC)
19. UWITUZE Janvière (IPM WFC)
20. UWASE Mireille (IPM WFC)

AB’IMBERE

21. IRUMVA Delphine (KAMONYI WFC)
22. INGABIRE Aline (KAMONYI WFC)
23. UMUTUZA Justine (KAMONYI WFC)
24. NTAKIRUTIMANA Benilde (LES LIONNES WFC)
25. NYIRAMIGISHA Rosette (APAER WFC)
26. IZABAYO Clemence (IPM WFC)

Ikipe y’Igihugu y’abangavu iri kwitoreza kuri Stade ya Kigali ikaba icumbitse kuri Hilltop Hotel I Remera.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

13 + 11 =

Previous Post

10 KONNEKT: Uburyo bwagufasha gushyushya umugati waraye cyangwa watangiye gukomera

Next Post

RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

Related Posts

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

by radiotv10
30/11/2025
0

Biniam Girmay ukomoka mu Gihugu cya Eritrea ni we wabaye Umukinnyi w'umwaka muri Afurika mu mukino w'amagare muri 2025, mu...

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

by radiotv10
28/11/2025
0

Rutahizamu w'ikipe ya Arsenal Bukayo Saka yasabye urukundo Tolami Benson, umukobwa bakundanye igihe kirekire, mu birori byabereye muri resitora yo...

Rayon Sports igiye kumara hafi ukwezi idafite umwe mu bakinnyi b’ingenzi

Rayon Sports igiye kumara hafi ukwezi idafite umwe mu bakinnyi b’ingenzi

by radiotv10
28/11/2025
0

Umukinnyi wo hagati Bigirimana Abedi wa Rayon Sports, agiye kumara ibyumweru bitatu hanze y’ikibuga adakina kubera imvune yagize. Aya makuru...

Hatangajwe ibihano byafatiwe umukinnyi w’Umurundi wigaragaje mu mukino wakurikiwe n’ubushyamirane mu Rwanda n’icyo yahaniwe

Hatangajwe ibihano byafatiwe umukinnyi w’Umurundi wigaragaje mu mukino wakurikiwe n’ubushyamirane mu Rwanda n’icyo yahaniwe

by radiotv10
28/11/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yahagaritse imikino itatu rutahizamu w’Umurundi Jean Claude Girumugisha ukinira Al Hilal Omdurman, nyuma yo...

Ibizigirwa mu nama ya mbere y’ubuyobozi bushya bwa Kiyovu bwakemuye icyari kibereye umutwaro ikipe

Ibizigirwa mu nama ya mbere y’ubuyobozi bushya bwa Kiyovu bwakemuye icyari kibereye umutwaro ikipe

by radiotv10
27/11/2025
0

Nyuma yuko Kiyovu Sports yishyuye amadeni arenga miliyoni 85 Frw yari ifitiye abakinnyi n’abatoza bari barayireze muri FIFA, ubuyobozi bushya...

IZIHERUKA

What every girl should know before 25
IMIBEREHO MYIZA

What every girl should know before 25

by radiotv10
01/12/2025
0

Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

01/12/2025
Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

01/12/2025
RDF na Polisi y’u Rwanda i Cabo Delgado bashimangiye imikoranire myiza hagati yabo n’abaturage

RDF na Polisi y’u Rwanda i Cabo Delgado bashimangiye imikoranire myiza hagati yabo n’abaturage

01/12/2025
Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

30/11/2025
Ukuri abantu batamenye ku byari byatumye umuhanzi w’i Burundi arakarirwa n’Abanyarwanda benshi

Ukuri abantu batamenye ku byari byatumye umuhanzi w’i Burundi arakarirwa n’Abanyarwanda benshi

29/11/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

What every girl should know before 25

Hatangajwe amagambo umwe muri batatu bakekwaho kwica umuntu bamukase ijosi yakundaga kumubwira

Iby’ingenzi wamenya kuri gahunda nshya mu gutwara abagenzi muri Kigali n’icyo yitezweho

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.