Monday, September 15, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

WOMEN-FOOTBALL U20: U Rwanda ruzacakirana na Ethiopia mu mpera z’iki Cyumeru

radiotv10by radiotv10
21/09/2021
in SIPORO
0
WOMEN-FOOTBALL U20:  U Rwanda ruzacakirana na Ethiopia mu mpera z’iki Cyumeru
Share on FacebookShare on Twitter

Kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Nzeri 2021, Ikipe y’Igihugu y’abari n’abategarugori yatangiye umwiherero mu rwego rwo kwitegura imikino y’ijonjora rya kabiri u Rwanda rugomba guhuramo na Ethiopia.

Ikipe y’Igihugu y’abatarenge imyaka 20 mu bagore yakomeje mu kiciro gikurikira nyuma yo gukuramo Ikipe ya Sudani y’amajyepfo kuri mpaga kuko iyo kipe yamenyesheje CAF ko itazitabira ayo majonjora. Umukino ubanza ugomba guhuza u Rwanda na Ethiopia uzabera I Kigali ku wa gatanu tariki 24 Nzeri 2021 kuri Stade ya Kigali mu gihe umukino wo kwishyura uteganyijwe tariki ya 9 Ukwakira 2021 muri Ethiopia.

Umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’abangavu, Marie Grace NYINAWUMUNTU yahamagaye abakinnyi 30 bagomba gukora umwiherero bitegura Ikipe y’Igihugu ya Ethiopia y’abatarengeje imyaka 20.

Urutonde rw’abakinnyi bahamagawe:

ABANYEZAMU

1. MUTUYIMANA Elizabeth (APAER WFC)
2. UWASE Beatrice (APAER WFC)
3. MUSHIMIYIMANA Anitha (KAMONYI WFC)
4. UWINEZA Belise (RUGENDE WFC)

AB’INYUMA

1. UZAYISENGA Lydia (APAER WFC)
2. NIYONSABA Diane (APAER WFC)
3. MUKAMANA Jeannette (LES LIONNES WFC)
4. MUKARUZAGIRA Jeannette (AS KIGALI WFC)
5. DUKORERIMANA M Catherine (FATIMA)
6. MUSHIMIYIMANA Julienne (NASHO WFC)
7. MUKANDAYISENGA Jeannine (INYEMERA WFC)
8. IRANZI Benitha (IPM WFC)
9. UWIMBABAZI Fidélité (IPM WFC)

ABO HAGATI

10. GIKUNDIRO Solange (APAER WFC)
11. NTAKOBANJILA Nelly Salam (APAER FC)
12. NIYONSHUTI Emerance (KAMONYI WFC)
13. UKWISHAKA Zawadi (KAMONYI WFC)
14. MUSHIMIYIMANA Thacienne (LES LIONNES WFC)
15. UMWARIWASE Dudja (FATIMA WFC)
16. MUTESIWASE Latifa (RUGENDE WFC)
17. USANASE Zawadi (SCANDINAVIA)
18. KAMIKAZI Yvonne (IPM WFC)
19. UWITUZE Janvière (IPM WFC)
20. UWASE Mireille (IPM WFC)

AB’IMBERE

21. IRUMVA Delphine (KAMONYI WFC)
22. INGABIRE Aline (KAMONYI WFC)
23. UMUTUZA Justine (KAMONYI WFC)
24. NTAKIRUTIMANA Benilde (LES LIONNES WFC)
25. NYIRAMIGISHA Rosette (APAER WFC)
26. IZABAYO Clemence (IPM WFC)

Ikipe y’Igihugu y’abangavu iri kwitoreza kuri Stade ya Kigali ikaba icumbitse kuri Hilltop Hotel I Remera.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

fifteen − 4 =

Previous Post

10 KONNEKT: Uburyo bwagufasha gushyushya umugati waraye cyangwa watangiye gukomera

Next Post

RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

Related Posts

Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

by radiotv10
13/09/2025
0

Umunyamakuru Mucyo Antha Biganiro wamenyekanye mu biganiro bya siporo, yashyize hanze abakinnyi 11 n’umutoza abona b’ibihe byose banyuze mu mupira...

Dore ibihano bishya bizajya bitangwa ku makosa yagaragaye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

Dore ibihano bishya bizajya bitangwa ku makosa yagaragaye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

by radiotv10
12/09/2025
0

Urwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’umupira w’Amaguru 'Rwanda Premier League', rwatangaje ibihano bishya bizaja bihabwa abarenga ku mategeko n’amabwiriza mu mwaka...

Abakinnyi ba APR bavuye mu makipe y’Ibihugu barimo Mugisha wahesheje umugisha Amavubi dore uko bahagaze (AMAFOTO)

Abakinnyi ba APR bavuye mu makipe y’Ibihugu barimo Mugisha wahesheje umugisha Amavubi dore uko bahagaze (AMAFOTO)

by radiotv10
11/09/2025
0

Abakinnyi ba APR FC bavuye mu makipe y’Ibihugu, bahise basanga bagenzi babo muri Tanzania aho iyi kipe iri mu mikino...

Icyo amategeko avuga ku byo Abanyekongo bakoreye muri Sitade n’ibihano bishobora gufatwa

Icyo amategeko avuga ku byo Abanyekongo bakoreye muri Sitade n’ibihano bishobora gufatwa

by radiotv10
10/09/2025
0

Ibikorwa bidakwiye byakozwe n’abafana b’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byo kwangiza Sitade yabo, bishobora gutuma hafatwa ibihano...

Hamenyekanye amafaranga Perezida wa FERWAFA yahaye Amavubi nk’agahimbazamusyi ayakuye ku ikofi ye

Hamenyekanye amafaranga Perezida wa FERWAFA yahaye Amavubi nk’agahimbazamusyi ayakuye ku ikofi ye

by radiotv10
10/09/2025
0

Nyuma yuko Perezida mushya w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA) Shema Ngoga Fabrice yizeje Amavubi kubakandira akanyenyeri nyuma yo gutsinda Zimbabwe, amakuru...

IZIHERUKA

Icyo Inteko y’u Rwanda ivuga ku cyemezo cy’iy’i Burayi cyanenzwe na Guverinoma
MU RWANDA

Icyo Inteko y’u Rwanda ivuga ku cyemezo cy’iy’i Burayi cyanenzwe na Guverinoma

by radiotv10
15/09/2025
0

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura

15/09/2025
Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza

Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza

15/09/2025
Bishop Gafaranga yagarutse imbere y’Urukiko yongera guhita arugezaho icyifuzo

Bishop Gafaranga yagarutse imbere y’Urukiko yongera guhita arugezaho icyifuzo

15/09/2025
Uko umwana muto yatabawe bigoranye nyuma yuko aho yari yaryamishijwe hafashwe n’inkongi

Uko umwana muto yatabawe bigoranye nyuma yuko aho yari yaryamishijwe hafashwe n’inkongi

15/09/2025
Agashya karanze Weekend: I Roma kwa Papa hagaragaye ibyanyuze benshi

Agashya karanze Weekend: I Roma kwa Papa hagaragaye ibyanyuze benshi

15/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

RwandaAir igiye gutangiza ingendo za Kigali-Lubumbashi-Kigali na Kigali-Goma-Kigali

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Inteko y’u Rwanda ivuga ku cyemezo cy’iy’i Burayi cyanenzwe na Guverinoma

Gen.Makenga Umugaba Mukuru wa AFC/M23 yabwiye abakomando 7.000 binjiye mu gisirikare icyo bagomba kwitegura

Mu butumwa bukomeye Joseph Kabila yageneye Abanyekongo yaberuriye icyo yifuza

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.