Wednesday, January 7, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#10SPORTS: Renato Sanches na Juste Fontaine baravutse,Usain Bolt akora agashya…ibyaranze umunsi nk’uyu mu mateka

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
#10SPORTS: Renato Sanches na Juste Fontaine baravutse,Usain Bolt akora agashya…ibyaranze umunsi nk’uyu mu mateka
Share on FacebookShare on Twitter

Turi kuwa Gatatu w’itariki 18 Kanama 2021, ni umunsi wa 230 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 135 ngo umwaka urangire, Turi kuwa Gatatu  wa 33 kuva 2021 yatangira, Turi mu cyumweru cya 34 mu byumweru bigize umwaka wa 2021.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Renato Sanches (1997)

Renato Sanches offered to Barcelona? - Barca Blaugranes

Yujuje imyaka 24, umukinnyi wo hagati w’umunya-Portugal ukinira Lille n’ikipe y’igihugu ya Portugal

Renato Júnior Luz Sanches yavukiye Lisbon mu murwa mukuru wa Portugal, yanyuze mu makipe nka Benfica, Bayern München, Swansea city na Lille akinira kugeza ubu.

Mu ikipe y’igihugu ya Portugal amaze kubakinira imikino 30 abatsindira bibiri, yanatwaranye nabo igikombe cy’Uburayi cya 2016.

2.Juste Fontaine (1933)

Yujuje imyaka 88, Uwahoze ari Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa azwi cyane ko ariwe muntu wabashije gutsinda ibitego byinshi mu irushanwa rimwe ry’igikombe cy’isi aho yatsinze ibitego 13 mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cy’ 1958

3.Esteban Cambiasso (1980)

Yujuje imyaka 41 uwahoze ari umukinnyi wo hagati w’umunya-Argentina

Esteban Matías Cambiasso Deleau yatwaye ibikombe 21 mu makipe atandukanye yanyuzemo,arimo Independiente, River Plate, Real Madrid, Inter Milan, Leicester City na  Olympiacos.

Mu ikipe y’igihugu ya Argentina yayikiniye imikino 52 ayitsindira ibitego bitanu.

4.Liz Cambage -Australia (1991)

Liz Cambage withdraws from Australian Opals Olympic team. | Basketball  Australia

Yujuje imyaka 30, umunya-Australiyakazi ukinira  Las Vegas Aces muri  NBA y’Abagore abitse agahigo ko kuba ariwe mukinnyi watsinze amanota menshi mu mukino umwe (53).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

Christopher Bauman (2005):

Umunyamerika wakinaga umukino gukirana yitabye Imana afite imyaka 32.

Hal Connolly (2010)Umunyamerika wasiganwaga ku maguru akanakina amarushanwa yo kujugunya inyundo yitabye Imana afite 79.

Ni ibihe bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino?

1886 : Carr Baker Neel & Samuel Neel begukanye irushanwa rya Tennis ribera muri Leta zunze ubumwe za Amerika (US open) mu bakina ari babiri.

1958 : Floyd Patterson yakubise ahwereje Roy Harris yegukana ikamba rye rya 13 mu iteramakofe ry’abafite ibiro byinshi.

Patterson's “Moral Crusade”: Islamophobia in Ali v. Patterson | Sport in  American History

1964: kubera Politiki mbi y’ivangura yakandamizaga abirabura, Afrika y’epfo yaciwe mu mikino Olempike.

2004 :imikino Olempike yari yasubiye ku gicumbi cyayo i Athènes mu Bugeleki, bwa mbere abagore barushanijwe mu gutera intosho, umudali wa zahabu wegukanwa n’umunya-Cuba kazi Yumileidi Cumbá

2008 : mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa, umurusiyakazi wamamaye mu gusimbuka yifashishije ikibando yashyizeho agahigo ke ka 24, ubwo yasimbukaga metero 5.05 ari nako yegukana umudali wa zahabu Olempike.

2008: mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa, Abashinwa batwaye irushanwa rya Tennis ikinirwa ku meza badatsinzwe umukino n’umwe

2016 : Mu mikino Olempike yabereye i Río de Janeiro muri Brazil, umunya-Jamaica Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kwirukanka metero 200 aho yazikoze mu masegonda 19.78, ukaba wari. Umudali wa zahabu Olempike wa gatatu wikurikiranya muri izi metero kuko yari yawutwaye 2012 i Londres na 2008 i Beijing

Going the extra half-mile: Retired Bolt trains for 800 event

Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu 2016 muri metero 200

Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen − thirteen =

Previous Post

Mozambique: UN irasaba ko hongerwa imfashanyo ku bahunze muri Cabo Delgado

Next Post

Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Related Posts

Iby’ingenzi wamenya ku bakinnyi bashya baguzwe na Rayon mbere y’umukino utegerejwe na benshi

Iby’ingenzi wamenya ku bakinnyi bashya baguzwe na Rayon mbere y’umukino utegerejwe na benshi

by radiotv10
06/01/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports yitegura umukino wa Super Cup uzayihuza na mucyeba wayo, APR FC, yaguze abakinnyi batatu barimo myugariro...

Ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu cy’Afurika yafatiwe icyemezo cy’agateganyo Kapiteni wayo afatirwa icya burundu

Ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu cy’Afurika yafatiwe icyemezo cy’agateganyo Kapiteni wayo afatirwa icya burundu

by radiotv10
02/01/2026
0

Guverinoma ya Gabon yahagaritse by’agateganyo ikipe y’Igihugu iherutse gusezererwa mu Gikombe cya Afurika (AFCON) itarenze umutaru, inahagarika burundu rutahizamu Pierre-Emerick...

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

by radiotv10
28/12/2025
0

Tariki 25 Ugushyingo 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwasheshe inzego zose za Rayon Sports maze rushyiraho Komite y’inzibacyuho iyobowe na...

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
28/12/2025
0

Isi ya ruhago ikomeje kunamira uwari umutoza Jean-Louis Gasset witabye Imana ku myaka 72 y’amavuko, aho bamwe mu bafite amazina...

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

IZIHERUKA

Polisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe
MU RWANDA

Polisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe

by radiotv10
07/01/2026
0

Why We Feel Motivated at the Beginning of the Year (The Science Behind It)

Why We Feel Motivated at the Beginning of the Year (The Science Behind It)

07/01/2026
Dore ibihano biteganywa ku buri cyaha muri bine biregwa DJ Toxxyk wagonze Umupolisi agapfa

Dore ibihano biteganywa ku buri cyaha muri bine biregwa DJ Toxxyk wagonze Umupolisi agapfa

06/01/2026
Congo yategetswe icyo igomba gushyira mu bikorwa kiri mu by’ingenzi mu masezerano yasinyanye n’u Rwanda

Congo yategetswe icyo igomba gushyira mu bikorwa kiri mu by’ingenzi mu masezerano yasinyanye n’u Rwanda

06/01/2026
Hari abarwanyi ba FDLR batahutse mu Rwanda ko iminsi bahawe yarangiye?-Guverinoma yabisobanuye

Eng.-DR Congo urged to accelerate the implementation of FDLR neutralization operations without delay

06/01/2026
Ibirambuye ku mugabo ukekwaho Jenoside wari umaze imyaka 23 yihisha mu mwobo ucukuye mu nzu

Uko Urukiko rwanzuye mu rubanza rw’umugabo wamaze imyaka 23 yihisha mu mwobo kubera ibyaha bikomeye

06/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Polisi y’u Rwanda yatanze umucyo ku mugabo wagaragaye afatwa mu buryo butavugwaho rumwe

Why We Feel Motivated at the Beginning of the Year (The Science Behind It)

Dore ibihano biteganywa ku buri cyaha muri bine biregwa DJ Toxxyk wagonze Umupolisi agapfa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.