Saturday, December 6, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

#10SPORTS: Renato Sanches na Juste Fontaine baravutse,Usain Bolt akora agashya…ibyaranze umunsi nk’uyu mu mateka

radiotv10by radiotv10
18/08/2021
in SIPORO
0
#10SPORTS: Renato Sanches na Juste Fontaine baravutse,Usain Bolt akora agashya…ibyaranze umunsi nk’uyu mu mateka
Share on FacebookShare on Twitter

Turi kuwa Gatatu w’itariki 18 Kanama 2021, ni umunsi wa 230 mu minsi igize umwaka harabura iminsi 135 ngo umwaka urangire, Turi kuwa Gatatu  wa 33 kuva 2021 yatangira, Turi mu cyumweru cya 34 mu byumweru bigize umwaka wa 2021.

Ni bande bavutse ku munsi nk’uyu?

1.Renato Sanches (1997)

Renato Sanches offered to Barcelona? - Barca Blaugranes

Yujuje imyaka 24, umukinnyi wo hagati w’umunya-Portugal ukinira Lille n’ikipe y’igihugu ya Portugal

Renato Júnior Luz Sanches yavukiye Lisbon mu murwa mukuru wa Portugal, yanyuze mu makipe nka Benfica, Bayern München, Swansea city na Lille akinira kugeza ubu.

Mu ikipe y’igihugu ya Portugal amaze kubakinira imikino 30 abatsindira bibiri, yanatwaranye nabo igikombe cy’Uburayi cya 2016.

2.Juste Fontaine (1933)

Yujuje imyaka 88, Uwahoze ari Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa azwi cyane ko ariwe muntu wabashije gutsinda ibitego byinshi mu irushanwa rimwe ry’igikombe cy’isi aho yatsinze ibitego 13 mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cy’ 1958

3.Esteban Cambiasso (1980)

Yujuje imyaka 41 uwahoze ari umukinnyi wo hagati w’umunya-Argentina

Esteban Matías Cambiasso Deleau yatwaye ibikombe 21 mu makipe atandukanye yanyuzemo,arimo Independiente, River Plate, Real Madrid, Inter Milan, Leicester City na  Olympiacos.

Mu ikipe y’igihugu ya Argentina yayikiniye imikino 52 ayitsindira ibitego bitanu.

4.Liz Cambage -Australia (1991)

Liz Cambage withdraws from Australian Opals Olympic team. | Basketball  Australia

Yujuje imyaka 30, umunya-Australiyakazi ukinira  Las Vegas Aces muri  NBA y’Abagore abitse agahigo ko kuba ariwe mukinnyi watsinze amanota menshi mu mukino umwe (53).

Ni bande bitabye Imana ku munsi nk’uyu?

Christopher Bauman (2005):

Umunyamerika wakinaga umukino gukirana yitabye Imana afite imyaka 32.

Hal Connolly (2010)Umunyamerika wasiganwaga ku maguru akanakina amarushanwa yo kujugunya inyundo yitabye Imana afite 79.

Ni ibihe bihe by’ingenzi byaranze itariki nk’iyi mu mateka y’imikino?

1886 : Carr Baker Neel & Samuel Neel begukanye irushanwa rya Tennis ribera muri Leta zunze ubumwe za Amerika (US open) mu bakina ari babiri.

1958 : Floyd Patterson yakubise ahwereje Roy Harris yegukana ikamba rye rya 13 mu iteramakofe ry’abafite ibiro byinshi.

Patterson's “Moral Crusade”: Islamophobia in Ali v. Patterson | Sport in  American History

1964: kubera Politiki mbi y’ivangura yakandamizaga abirabura, Afrika y’epfo yaciwe mu mikino Olempike.

2004 :imikino Olempike yari yasubiye ku gicumbi cyayo i Athènes mu Bugeleki, bwa mbere abagore barushanijwe mu gutera intosho, umudali wa zahabu wegukanwa n’umunya-Cuba kazi Yumileidi Cumbá

2008 : mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa, umurusiyakazi wamamaye mu gusimbuka yifashishije ikibando yashyizeho agahigo ke ka 24, ubwo yasimbukaga metero 5.05 ari nako yegukana umudali wa zahabu Olempike.

2008: mu mikino Olempike yabereye i Beijing mu Bushinwa, Abashinwa batwaye irushanwa rya Tennis ikinirwa ku meza badatsinzwe umukino n’umwe

2016 : Mu mikino Olempike yabereye i Río de Janeiro muri Brazil, umunya-Jamaica Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu kwirukanka metero 200 aho yazikoze mu masegonda 19.78, ukaba wari. Umudali wa zahabu Olempike wa gatatu wikurikiranya muri izi metero kuko yari yawutwaye 2012 i Londres na 2008 i Beijing

Going the extra half-mile: Retired Bolt trains for 800 event

Usain Bolt yegukanye umudali wa zahabu Olempike mu 2016 muri metero 200

Byateguwe na Esther Fifi Uwizera/RadioTV10 ku bufatanya na DSTV

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one + eleven =

Previous Post

Mozambique: UN irasaba ko hongerwa imfashanyo ku bahunze muri Cabo Delgado

Next Post

Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Related Posts

Ikibazo cya Bus, umwenda wa miliyoni 260Frw,…-Ubuyobozi bushya bwa Rayon bwatangaje byinshi by’uko bayisanze

Ikibazo cya Bus, umwenda wa miliyoni 260Frw,…-Ubuyobozi bushya bwa Rayon bwatangaje byinshi by’uko bayisanze

by radiotv10
05/12/2025
0

Nyuma y’ihererekanyabubasha, Perezida wa Komite y'Inzibacyuho ya Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje ko bahawe ikipe ifite amadeni arenga miliyoni 260...

Imikino ibanza ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda igiye kurangira amakipe ahagaze ate?

Imikino ibanza ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda igiye kurangira amakipe ahagaze ate?

by radiotv10
05/12/2025
0

Imikino ibanza muri shampiyona y’icyiciro cya mbere (Phase Aller) muri Volleyball irasozwa mu mpera z’iki cyumweru guhera kuri uyu wa...

Abijanditse mu gikunze kuvugwaho kwica ruhago Nyarwanda bategujwe ikibategereje bidatinze

Abijanditse mu gikunze kuvugwaho kwica ruhago Nyarwanda bategujwe ikibategereje bidatinze

by radiotv10
02/12/2025
0

Umunyamabanga Mushya Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bonnie Mugabe avuga ko yinjiye muri iri shyirahamwe azi ko amanyanga...

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

by radiotv10
30/11/2025
0

Biniam Girmay ukomoka mu Gihugu cya Eritrea ni we wabaye Umukinnyi w'umwaka muri Afurika mu mukino w'amagare muri 2025, mu...

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

by radiotv10
28/11/2025
0

Rutahizamu w'ikipe ya Arsenal Bukayo Saka yasabye urukundo Tolami Benson, umukobwa bakundanye igihe kirekire, mu birori byabereye muri resitora yo...

IZIHERUKA

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro
IMIBEREHO MYIZA

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

by radiotv10
06/12/2025
0

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

06/12/2025
Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

05/12/2025
Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

05/12/2025
Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahozi mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

Abayoboye Uturere tw’Umujyi wa Kigali n’abahozi mu buyobozi bwawo muri manda ya mbere ubu bari he?

05/12/2025
Ubutumwa buteye urujijo bw’agahinda n’amarira bwa Yampano nyuma y’ibyamubayeho

Ubutumwa buteye urujijo bw’agahinda n’amarira bwa Yampano nyuma y’ibyamubayeho

05/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Kevin Monnet Paquet utegerejwe mu Mavubi yerekeje muri Chypre

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.