Sunday, July 27, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Perezida Kagame na Sassou Nguesso bagize umusangiro baganira ku mubano mwiza wabo n’uw’Ibihugu byombi

radiotv10by radiotv10
12/04/2022
in Uncategorized
0
Perezida Kagame na Sassou Nguesso bagize umusangiro baganira ku mubano mwiza wabo n’uw’Ibihugu byombi
Share on FacebookShare on Twitter

Perezida Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Repubulika ya Congo, yakiriwe ku meza na mugenzi we Denis Sassou Nguesso, baboneraho kongera kuganira ku mubano w’Ibihugu byombi ugeze ahashimishije.

Uyu musangiro wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 11 Mata 2022, ku munsi wa mbere w’uruzinduko rwa Perezida Paul Kagame wagendereye iki Gihugu cya Congo.

Perezida Paul Kagame yaboneyeho gushimira mugenzi we Denis Sassou Nguesso wamutumiye kuza gusura Igihugu cye ndetse n’uburyo yamwakiriye n’abaturage b’Igihugu cye.

Perezida Paul Kagame kandi yavuze ko yishimiye kuba agarutse i Brazaville ndetse no kuba agiye kongera gusura Oyo.

Mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere kandi Perezida Kagame yari yabanje kugeza ijambo ku Nteko Ishinga Amategeko ya Congo imitwe yombi.

Muri iri jambo, Umukuru w’u Rwanda yagarutse ku mubano w’Ibihugu byombi, avuga ko kuva mu myaka yatambutse Ibihugu byombi byubatse umusingi ukomeye w’uyu mubano ndetse bisanyana amasezerano atandukanye ndetse ko “hazasinywa andi mu gukomeza gutsimbataza umubano no kugaragaza umusaruro wawo.”

Yagarutse ku cyorezo cya Covid-19 cyazaniye isi akaga bityo ko kugira ngo Ibihugu bikomeze urugendo rwo kwigobotora ingaruka zacyo bisaba ubufatanye.

Ati “Ibihugu bya Afurika ntabwo byabyikuramo byonyine. Ni yo mpamvu Perezida duha agaciro ubucutu bw’Abanye-Congo n’Abanyarwanda kandi mpa agaciro umubano dufitanye Perezida.”

Yavuze ko Ibihugu byombi bifite ibikenewe mu kwikura mu mbogamizi zihari nko kuba bishyize hamwe mu nzego zinyuranye.

Abakuru b’Ibihugu byombi bagize umusangiro

Abayobozi ku mpande zombi na bo basangiye
Perezida Kagame yavuze ko aha agaciro ubucuti buri hagati ye na mugenzi we ndetse n’ubw’abaturage b’Ibihugu byombi

Photos © Village Urugwiro

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × 5 =

Previous Post

Urugendo Kigali-Amajyepfo ubu ni ruhire, umuhanda wongeye kuba nyabagendwa

Next Post

Rwabuze gica: Baguye gitumo abo bita abarozi n’imiti y’amayobera, bo bavuga ko ari abavuzi

Related Posts

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

by radiotv10
26/07/2025
0

In many African communities, turning 30 is seen as a milestone but for those who are single at that age,...

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

IZIHERUKA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’
MU RWANDA

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

by radiotv10
26/07/2025
0

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

26/07/2025
Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

26/07/2025
Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

Twaba tumeze nk’abari muri bisi tutazi aho ijya-P.Kagame yacyebuye abashobora kujya mu nshingano batazumva

25/07/2025
Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

Rutahizamu w’u Rwanda yabonye ikipe mu Gihugu cy’Abarabu

25/07/2025
General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

General Muhoozi yagiriye inama umuntu wese ukorana na FDLR

25/07/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Rwabuze gica: Baguye gitumo abo bita abarozi n’imiti y’amayobera, bo bavuga ko ari abavuzi

Rwabuze gica: Baguye gitumo abo bita abarozi n'imiti y'amayobera, bo bavuga ko ari abavuzi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Icyo Ubuyobozi buvuga ku ibaruwa itavugwaho rumwe yandikiwe umukozi imugaya imubwira ko ‘arutwa n’udahari’

Being single in your 30s in Africa: Why the pressure?

Kayonza: Gahunda yiswe ‘Iryamukuru’ iri kugarura mu murongo abari barananiye abo bashakanye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.