Friday, August 8, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Sierra Leone: Uwabaye Perezida yahamagajwe na Polisi ngo imuhate ibibazo

radiotv10by radiotv10
08/12/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Sierra Leone: Uwabaye Perezida yahamagajwe na Polisi ngo imuhate ibibazo
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi yo muri Sierra Leone yahamagaje uwahoze ari Perezida w’iki Gihugu, Ernest Bai Koroma, kugira ngo abazwe, ku bijyanye n’igikorwa cyo kugerageza guhirika ubutegetsi giherutse kuvugwa muri iki Gihugu.

Kugerageza guhirika ubutegetsi muri Sierra Leone, bayabaye mu kwezi gushize k’Ugushyingo tariki 26, ariko uyu mugambi ukaba waraje gupfuba uburijwemo n’inzego z’umutekano z’iki Gihugu.

Minisitiri w’Itangazamakuru muri iki Gihugu, kuri uyu wa Kane tariki 07 Ukuboza 2023, Ernest Bai Koroma wabaye Perezida w’iki Gihugu, yahamagajwe kugira ngo agire ibyo abazwa kuri ririya hirika ry’ubutegetsi ryageragejwe muri iki Gihugu.

Mu mpera z’ukwezi gushize k’Ugushyingo, nibwo abantu bitwaje intwaro bateye mu kigo cya gisirikare muri Sierra Leone, batera Gereza n’ahandi hakorera inzego za Leta, babohora imfungwa zigera ku 2 200 ndetse bica abantu barenga 20.

Leta ya Sierra Leone ivuga koi bi byari mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bw’iki Gihugu, wari uyobowe n’abashinzwe kurinda uwahoze ari Perezida Ernest Bai Koroma.

Ernest Bai Koroma wahakanye yivuye inyuma ibi byatangajwe na Leta, yari yavuze ko yiteguye kwitaba Polisi, igihe cyose yaba ikeneye kugira ibyo imubaza kuri ibi yari yavuzweho.

Inzego z’ubuyobozi zavuze ko kugeza ubu abantu 71 batawe muri yombi mu gihe iperereza rigikomeje. Muri bo harimo abasirikare 45, Abapolisi 7 ndetse n’abasivili 13.

Shemsa UWIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 + 19 =

Previous Post

Guhangana n’imihindagurikire y’ibihe: Kigali mu mujyi itatu yasekewe n’amahirwe yatoranyijwe i Dubai

Next Post

Harakekwa ikihishe inyuma y’igikorwa kigaragara nko gukora mu jisho America

Related Posts

Hamenyekana icyakurikiyeho nyuma yuko Teta Sandra agonze Weasel hanajya hanze amashusho biba

Hamenyekana icyakurikiyeho nyuma yuko Teta Sandra agonze Weasel hanajya hanze amashusho biba

by radiotv10
07/08/2025
0

Nyuma yuko bivuzwe ko umuhanzi w’Umunya-Uganda, Weasel ari mu Bitaro aho ari kuvurirwa imvune z’amaguru yombi bivugwa ko yagize nyuma...

Eng.-More details announced about the conspiracy by FARDC and FDLR against Banyamulenge

Eng.-More details announced about the conspiracy by FARDC and FDLR against Banyamulenge

by radiotv10
07/08/2025
0

Moïse Nyarugabo, a former DRC Minister and advocate for Kinyarwanda-speaking Congolese, has condemned recent attacks on the Banyamulenge by a...

Hatangajwe amakuru arambuye ku mugambi mubisha FARDC na FDLR bafitiye Abanyamulenge

Hatangajwe amakuru arambuye ku mugambi mubisha FARDC na FDLR bafitiye Abanyamulenge

by radiotv10
07/08/2025
0

Me Moïse Nyarugabo wabaye mu nzego nkuru mu butegetsi bwa DRC, yamaganye ibitero bikomeje kugabwa n’abahuzamugambi bahuriyemo FARDC, FDLR na...

Ubutumwa Gen.Muhoozi yahaye uwamuvuzeho nyuma yo kongera kuburira abarwanya Perezida Kagame

Eng.-General Muhoozi sheds light on the enemies who recently entered the country

by radiotv10
06/08/2025
0

The Chief of Defence Forces of Uganda, General Muhoozi Kainerugaba, announced that the “enemy of Uganda” who recently entered the...

Ibyatunguranye kuri Guverinoma nshya y’u Burundi yashyizweho na Perezida Ndayishimiye

Ibyatunguranye kuri Guverinoma nshya y’u Burundi yashyizweho na Perezida Ndayishimiye

by radiotv10
06/08/2025
0

U Burundi bwabonye Guverinoma nshya irimo Lieutenant General Gabriel Nizigama wari waraviriye rimwe mu nshingano na General Alain Guillaume Bunyoni...

IZIHERUKA

Abarimo uwari Umuyobozi wa WASAC batawe muri yombi hatangazwa n’ibyo bakurikiranyweho
MU RWANDA

Abarimo uwari Umuyobozi wa WASAC batawe muri yombi hatangazwa n’ibyo bakurikiranyweho

by radiotv10
08/08/2025
0

Izajya ihabwa n’abakivuka: Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda

Mu Rwanda hatangijwe serivisi zizatuma hatangwa irangamuntu Koranabuhanga

07/08/2025
Ntawundi muntu uyirimo- Ibyihariye ku mashusho y’indirimbo nshya ya Confy na Chiboo

Ntawundi muntu uyirimo- Ibyihariye ku mashusho y’indirimbo nshya ya Confy na Chiboo

07/08/2025
Icyo umuhanzi Diamond avuga ku bana ashobora kuba arera kandi atari abe

Icyo umuhanzi Diamond avuga ku bana ashobora kuba arera kandi atari abe

07/08/2025
Hamenyekana icyakurikiyeho nyuma yuko Teta Sandra agonze Weasel hanajya hanze amashusho biba

Hamenyekana icyakurikiyeho nyuma yuko Teta Sandra agonze Weasel hanajya hanze amashusho biba

07/08/2025
Umunyamakuru Aissa Cyiza yazamuwe mu ntera nyuma y’amezi atatu n’ubundi ahawe inshingano

Umunyamakuru Aissa Cyiza yazamuwe mu ntera nyuma y’amezi atatu n’ubundi ahawe inshingano

07/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Harakekwa ikihishe inyuma y’igikorwa kigaragara nko gukora mu jisho America

Harakekwa ikihishe inyuma y’igikorwa kigaragara nko gukora mu jisho America

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Abarimo uwari Umuyobozi wa WASAC batawe muri yombi hatangazwa n’ibyo bakurikiranyweho

Mu Rwanda hatangijwe serivisi zizatuma hatangwa irangamuntu Koranabuhanga

Ntawundi muntu uyirimo- Ibyihariye ku mashusho y’indirimbo nshya ya Confy na Chiboo

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.