Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gishari mu Karere ka Rwamagana, buvuga ko bwamenyesheje ubw’Akarere, ikibazo cy’imiyoboro ifata amazi ibangamiye bamwe mu baturage...
Read moreDetailsGuverinoma y’u Rwanda igaragaza ko mu mavugurura y’itegeko ry’imisoro, hifuzwa ko umusoro ku nyungu wagabanukaho 2%, ndetse n’ipatanti ikagabanuka n’amafaranga...
Read moreDetailsKugura ibicuruzwa hifashishijwe ikoranabuhanga, bimaze kuba ibintu bisanzwe mu Rwanda, aho benshi bagura ibyo bifuza banyuze ku mbuga zinyuranye. Iposita...
Read moreDetailsNyuma y’amezi icyenda Minisitiri w’ibikorwa Remezo yemereye Perezida Paul Kagame ko ikibazo cy’ubwishingizi bwa moto buhanitse kizakemuka mu mezi abiri,...
Read moreDetailsAbivuriza ku Kigo cy’Ubuzima cya Nyakanazi giherereye mu Muremge wa Murama mu Karere ka Kayonza, bavuga ko kubona ubavura ari...
Read moreDetailsBamwe mu bagize imiryango 302 yo mu Murenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi, yasezeranye kubana mu mategeko, bavuga ko...
Read moreDetailsMinisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirinte, n'abandi bayobozi bakuru mu Gihugu, barimo Perezida w'Urukiko rw'Ikirenga, Dr Faustin Ntezilyayo; bitabiriye umuhango wo...
Read moreDetailsZimwe mu mpinduka ziri mu misoro y'imitungo itimukanwa, harimo kuba hagiye gushyirwaho imisoro ku bagurisha ibibanza, kuko byarimo icyuho, hagatangwa...
Read moreDetailsBamwe bo mu Murenge wa Gahara mu Karere ka Kirehe bakora akazi ko kudoda inkweto gafatwa nk’agasuzuguritse kuri bamwe, bavuga...
Read moreDetails