Saturday, December 6, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

CRICKET: U Rwanda rwatsinze Nigeria mbere yo gucakirana na Uganda

radiotv10by radiotv10
02/10/2021
in SIPORO
0
CRICKET: U Rwanda rwatsinze Nigeria mbere yo gucakirana na Uganda
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinze Nigeria amanota 126-121 mu mukino w’umunsi wa kabiri w’irushanwa Nyafurika ryo gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022 kizabera muri West Indies mu cyiciro cy’abakinnyi (ingimbi) batarengeje imyaka 19. Iyi mikino yo gushaka itike iri kubera mu Rwanda kuva kuwa 30 Nzeri-6 Ukwakiea 2021.

Ni umukino wabereye kubuga cya Cricket giherereye mwishuri ry’myuga nubumenyingiro (IPRC KIGALI OVAL)

Muri uyu mukino, ikipe y’igihugu ya Nigeri niyo  yatsinze Toss (Gutombora kubanza ku Bating  cyangwa ku Bollinga) bityo bahitamo gutangira baboringa, kubanza gutangira batera udupira arinako babuza u Rwanda gutsinda amanota menshi.

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yatsinze Nigeria nyuma y’uko u Rwanda rwari rwatsinzwe na Tanzania umukino ufungura

Birumvikana ko u Rwanda rwatangiriye muri batting (kubanza gukubita udupira) runashaka uko bashyiraho amanota menshi. Abasore b’uRwanda ntibigeze boroherwa n’ikipe ya Nigeria kuko batigeze basoza Ovars zabo zose. Muri Overs 49 n’udupira 3 abakinnyi bose uko ari 10 b’u Rwanda basohowe hanze y’ikibuga (All out).

Igice cyambere cyarangiye (Innings break) ikipe yu Rwanda ishyizeho amanota 125(125 Total runs)

Muri uyu mukino kapiteni wu Rwanda DIDIER Ndikubwimana yakinnye Overs 48 n’udupira 4 ariko atsindamo amanota 32 gusa.

Kapiteni w’u Rwanda, Ndikubwimana Didier ari kumwe na mugenzi we wa Nigeria, Emmanuel Boniface Oche

Igice cya kbiri cyatangiye Nigeria ariyo igiye ku Batinga (Batting) gukubita udupira arinako bashaka uko bakuraho ikinyuranyo cyashyizweho nu Rwanda kingana namanota 125 wongeyeho inota 1 (126)

Mugutangira ikipe ya Nigeria yagaragazaga urwego ruri hejuru kuburyo benshi mubakurikiranaga uyu mukino bayihaga amahirwe yogutsinda cyane ko aba basore bo banakinnye imikino y’igikombe cy’isi,Abasore bu Rwanda nabo niko barwanaga nokureba uko badefanda amanota bari batsinze,arinako bagenda basohora abakinnyi ba Nigeria.

Umukino warangiye u Rwanda arirwo rwegukanye itsinzi,kuko narwo rwabashije gusohora abakinnyi bose uko ari 10 ba Nigeria(All out)

Nigeria ikaba yatsinze amanota 121(Total runs) muri overs 39 n’ubupira 3 bingana n’ubupira 237.

Umukino w’u Rwanda na Nigeria wabereye i Gahanga

Muri uyu mukino Ntwari Steven (Rwanda) niwe wabaye umukinnyi mwiza w’umukino (Man of the match).

Undi mukino wahuzaga ikipe y’igihugu ya Tanzania na Namibia, Tanzania yabashije gutsinda umukino wayo wa kabiri itsinze Namibia amanota 200 muri Overs 50, abakinnyi 8 nibo basohotse ku ruhande rwa Tanzania.

Mu gihe Namibia yabatingaga yari ifite intego y’amanota 201,ariko abasosore ba Tanzaniya nibigeze baborohera kuko muri overs 37 n’udupira 3 bari bamaze gukuramo abakinnyi bose ba Namibia (All out), Namibia ikaba yarimaze gushyiraho amanota 152.

U Rwanda rwabonye intsinzi imbere ya Nigeria

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 2 Ukwakira 2021 ni ikiruhuko, imikino irakomeza kuri iki cyumweru.

Kuri iki cyumweru rero nibwo  u Rwanda ruzakina na Uuganda kuri stade mpuzamahanga ya Cricket iri i Gahanga mu gihe undi mukino uzahuza Tanzania na Nigeria ku kibuga cya Cricket kiri mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro rya Kigali(RP-IPRC KIGALI OVAL). Imikino izatangirira rimwe, saa tatu n’igice z’igitondo (09:30’).

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 1 =

Previous Post

Ole Gunnar Solskjær yishimiye igaruka rya Marcus Rashford mbere yo gucakirana na Everton

Next Post

Hagiye hanze amafoto y’ubwukwe bw’umunyezamu, Nsengimana Dominique bwabaye mu ibanga

Related Posts

Ikibazo cya Bus, umwenda wa miliyoni 260Frw,…-Ubuyobozi bushya bwa Rayon bwatangaje byinshi by’uko bayisanze

Ikibazo cya Bus, umwenda wa miliyoni 260Frw,…-Ubuyobozi bushya bwa Rayon bwatangaje byinshi by’uko bayisanze

by radiotv10
05/12/2025
0

Nyuma y’ihererekanyabubasha, Perezida wa Komite y'Inzibacyuho ya Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje ko bahawe ikipe ifite amadeni arenga miliyoni 260...

Imikino ibanza ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda igiye kurangira amakipe ahagaze ate?

Imikino ibanza ya Shampiyona ya Volleyball mu Rwanda igiye kurangira amakipe ahagaze ate?

by radiotv10
05/12/2025
0

Imikino ibanza muri shampiyona y’icyiciro cya mbere (Phase Aller) muri Volleyball irasozwa mu mpera z’iki cyumweru guhera kuri uyu wa...

Abijanditse mu gikunze kuvugwaho kwica ruhago Nyarwanda bategujwe ikibategereje bidatinze

Abijanditse mu gikunze kuvugwaho kwica ruhago Nyarwanda bategujwe ikibategereje bidatinze

by radiotv10
02/12/2025
0

Umunyamabanga Mushya Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Bonnie Mugabe avuga ko yinjiye muri iri shyirahamwe azi ko amanyanga...

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

Amagare muri Afurika: Umunya-Eritrea Biniam yabaye umukinnyi w’umwaka, Masengesho ahiga Abanyarwanda

by radiotv10
30/11/2025
0

Biniam Girmay ukomoka mu Gihugu cya Eritrea ni we wabaye Umukinnyi w'umwaka muri Afurika mu mukino w'amagare muri 2025, mu...

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini bakundana uruzira uburyarya

by radiotv10
28/11/2025
0

Rutahizamu w'ikipe ya Arsenal Bukayo Saka yasabye urukundo Tolami Benson, umukobwa bakundanye igihe kirekire, mu birori byabereye muri resitora yo...

IZIHERUKA

Gen. Makenga wa M23 na Corneille Nagaa bagaragaye barindiwe umutekano bidasanzwe
AMAHANGA

AFC/M23 yageneye ubutumwa u Burundi bwakajije imbaraga mu bufasha buha ubutegetsi bwa Congo

by radiotv10
06/12/2025
0

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

06/12/2025
U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

06/12/2025
Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

Kayonza: Abahinga Kawa bahawe amatungo magufi yo kubafasha kongera umusaruro

06/12/2025
Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

Umukinnyi wa Filimi wamamayeho ubugome budasanzwe ku Isi uzwi nka Tagawa yitabye Imana

05/12/2025
Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

Amafoto ukwiye kureba yaranze umunsi w’isinywa ry’amasezerano y’amateka y’u Rwanda na DRCongo

05/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Hagiye hanze amafoto y’ubwukwe bw’umunyezamu, Nsengimana Dominique bwabaye mu ibanga

Hagiye hanze amafoto y’ubwukwe bw’umunyezamu, Nsengimana Dominique bwabaye mu ibanga

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yageneye ubutumwa u Burundi bwakajije imbaraga mu bufasha buha ubutegetsi bwa Congo

Kolari iri mu zubatse izina mu Rwanda yatangiye kwizihiza mu buryo budasanzwe izabukuru y’imyaka 30

U Burusiya bwagize icyo bwizeza u Buhindi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.