• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Florent Ibengé watozaga AS Vita Club yabonye akazi muri RS Berkane akazajya ahembwa ayarenga 50,000,000 FRW

radiotv10by radiotv10
05/07/2021
in SIPORO
0
Florent Ibengé watozaga AS Vita Club yabonye akazi muri RS Berkane akazajya ahembwa ayarenga 50,000,000 FRW
Share on FacebookShare on Twitter

Florent Ibengé  wari umutoza wa AS Vita Club y’iwabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri RS Berkane mu cyiciro cya mbere muri Maroc.

RS Berkane ibitse igikombe cya TOTAL CAF Confederation Cup 2019-2020 yatwaye itsinze Pyramids ku mukino wa nyuma, izajya ihemba Florent Ibengé ibihumbi 55 by’amadolari ya Amerika (55,000 USD) amadolari agera kuri miliyoni 55 z’amafaranga y’u Rwanda (55,000,000 FRW) buri kwezi.

Kuri iki Cyumweru, Ibengé yarebye umukino iyi kipe yakiriye ikanatsinda Olympic de Safi ibitego 3-0.  Florent wari umaze kubaka izina muri AS Vita Club, nyuma yo kubageza mu matsinda ya TOTAL CAF Confederation Cup 2020-2021 bakanasoza shampiyona y’uyu mwaka, bahise bahitamo gutandukana kugira ngo abe yajya gushakira ahandi.

Kuri iki Cyumweru rero nibwo Florent Ibengé yagaragaye kuri Berkane Stadium areba uko bari bahagaze bakina na Olympic de Safi mbere yo kubona akazi mu buryo buri ku mugaragaro (Official).

Image

Image

Florent Ibengé  wari umutoza wa AS Vita Club y’iwabo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze gusinya amasezerano y’imyaka ibiri muri RS Berkane

Image

Florent Ibengé yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Rennaissance Sportif de Berkane avuye muri AS Vita Club

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + 13 =

Previous Post

Kigali: Batewe impungenge n’uburyo batwarwamo iyo barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Next Post

Basketball: Murekatete Bella ahamya ko imyiteguro y’imikino y’akarere ka 5 itanga ikizere cyo kuzabona itike

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
Basketball: Murekatete Bella ahamya ko imyiteguro y’imikino y’akarere ka 5 itanga ikizere cyo kuzabona itike

Basketball: Murekatete Bella ahamya ko imyiteguro y’imikino y’akarere ka 5 itanga ikizere cyo kuzabona itike

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Gahunda ya America yo gushyiraho ikigo cya Ebola muri Kenya ikomeje guterwa amabuye

Hatangajwe icyemezo ku kirego u Rwanda rwari rwarezemo u Bwongereza rubwishyuza miliyari 100Frw

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.