• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Gikundiro Forever yakusanyije hafi miliyoni yo gufasha ikipe

radiotv10by radiotv10
03/11/2021
in SIPORO
0
Gikundiro Forever yakusanyije hafi miliyoni yo gufasha ikipe
Share on FacebookShare on Twitter

Mu rwego rwo gufasha ikipe ya Rayon Sports kwitegura umukino wa shampiyona ugomba kuyihuza na Rutsiro FC, Gikundiro Forever imaze gukusanya agera ku bihumbi magana arindwi yo gufasha Rayon Sports kwitegura uyu mukino.

 

Kuri uyu wa gatatu tariki 3 Ugushyingo 2021 nibwo Rayon Sports izakina umukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona na Rutsiro FC. Ni umukino uzabera kuri Stade Umuganda guhera saa cyenda.

 

Kubera ingaruka z’umutingito watewe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo cyo muri Congo, byatumye Stade ya Rubavu kuri ubu itemerewe kwakira abafana kugeza igihe Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda rizatangira andi mabwiriza.

 

Umuvugizi wa Rayon Sports, Jean Paul Nkurunziza yatangaje ko mbere y’uko bamenyeshwa ko nta bafana bemerewe kwinjira muri Stade Umuganda, bari biteguye guherekeza ikipe yabo ariko ngo n’ubundi ntibyababuza kuyishyigikira mu bundi buryo.

 

Ati ” Kuko abafana batemerewe kwinjira muri Stade Umuganda, abagize Gikundiro Forever biyemeje gukusanya amafaranga n’ubundi yafasha ikipe yacu mu kwitegura uyu mukino. Ubu tugize ibihumbi magana arindwi (700.000 FRW ) akomeje kwiyongera.”

 

Jean Paul ko ” Gahunda uyu mwaka ni igikombe kandi ntiwagitwara hari imikino wagiye utakaza. Uyu nawo ni umwe muyo dukeneye ko abasore bacu baduha amanota atatu kandi tuzakomeza kubaba hafi n’ikipe muri rusange.”

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eighteen + 2 =

Previous Post

Abacuruzi barashinja Inyange kwigiza nkana ku biciro by’amata yabaye iyanga ku Isoko

Next Post

Inteko rusange yanyuzwe n’ibisobanuro bya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu

Related Posts

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

AMAFOTO: Irebere uko abakinnyi b’Amavubi baje mu mwiherero bambaye binogeye ijisho

by radiotv10
01/06/2026
0

Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu, Amavubi, bamaze kugera mu mwiherero wo kwitegura imikino ya gicuti yo kwitegura iyo gushaka itije yo kuzitabira...

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona inakirwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya APR FC yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona ihita inakirwa n'Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, General Mubarakh Muganga mu birori...

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

Police VC na RRA WVC zegukanye ‘Climate Action Volleyball Tournament’ ibihembo bikuba kabiri ibyatanzwe muri Shampiyona

by radiotv10
31/05/2026
0

Ikipe ya RRA mu bagore ndetse na Police VC mu bagabo ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Climate Action Volleyball...

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

Abafana ba rurangiranwa Cristiano Ronaldo bashobora kuzamubona no mu myaka ine iri imbere agiconga ruhago

by radiotv10
29/05/2026
0

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Roberto Martínez yavuze ko Cristiano Ronaldo ashobora no kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2030 nubwo icyo...

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

Amafoto: Perezida Kagame yishimiwe ubwo yitabiraga umukino ikipe ihagarariye u Rwanda muri BAL yaboneyemo itike ya final

by radiotv10
28/05/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wahuje RSSB Tigers ihagararriye u Rwanda muri Basketball Africa League na Al Ahly yo mu...

Next Post
Inteko rusange yanyuzwe n’ibisobanuro bya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu

Inteko rusange yanyuzwe n’ibisobanuro bya Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

AFC/M23 iravuga ko igihe kigeze ngo igire icyo ikora kuko ibintu byafashe intera

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.