Monday, January 19, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Inkumi Rutahizamu wa Real Madrid, Vinicius Junior yihebeye- Amafoto

radiotv10by radiotv10
24/07/2023
in AMAHANGA, FOOTBALL, IMYIDAGADURO, SIPORO
0
Inkumi Rutahizamu wa Real Madrid, Vinicius Junior yihebeye- Amafoto
Share on FacebookShare on Twitter

Umunya – Brazil Vinicius Junior umwe mu bakinnyi bakomeye muri Real Madrid cyera kabaye yerekanye inkumi yihebeye.

Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Marca cyandikira muri Espagne, cyavuze ko Vinicius Junior yagaragaje iby’urukundo rwe na Kenia Os ukomoka Muri Mexico.

Ubusanzwe uyu mukinnyi unyura imbere ku ruhande rw’ibumoso ntabwo ngo yajyaga agaragara mu buzima bw’urukundo. Ibi ngo yabigaragarije kuri Instagram ye. Ubwo yari mu biruhuko n’uwo yihebeye. Gusa ngo ntabwo benshi bakekaga ko yaba ari umukunzi we.

Ubu Real Madrid iri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu. Ku itariki 19 Nyakanga nibwo Vinicius Junior yasanze bagenzi be nyuma yo kuva muri ibyo biruhuko yagiranyemo ibihe byiza n’umukunzi we.

Ubwo umwaka w’imikino ushyize wasozwaga Vini yasabye umutoza ko yajya kuruhuka yitegura umwaka uzakurikiraho. Marca yandikira muri Espagne yavuze ko Vini yayihamirije ko Keina OS bamaranye ibihe mu kuruhuko ari umukunzi we.

Keina OS yavutse mu 2000 avukira muri Mexico.

Ibitangazamakuru byo muri Brazil, nabyo byari bimaze igihe biri mu rujijo byibaza niba Keina OS akundana na Vinicius. Ibi babishingiraga ku mafoto na Video zafashwe aba bombi baruhikira muri Brazil.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

15 + eight =

Previous Post

Bitunguranye Klyian Mbappe yemeye kwicara muri PSG aho kugenda

Next Post

Amakuru agezweho ku wari utegerezanyijwe amatsiko muri ruhago nyarwanda

Related Posts

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

by radiotv10
19/01/2026
0

Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko Umutoza mukuru w’iyi Kipe, Bruno Ferry yapfushije umubyeyi we Jean Pierre Ferry, nyuma y'iminsi...

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

by radiotv10
19/01/2026
0

Perezida Paul Kagame yarebye umukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika warangiye Ikipe y’Igihugu ya Senegal icyegukanye, nyuma y’imvururu zawuranze kubera...

Impaka ziracyakomeje hagati y’abafana ba Bruce Melodie na The Ben: Noneho baravuga iki?

Amakuru mashya: Igitaramo cyasize impaka cya The Ben na Bruce Melodie kigiye gukurikirwa n’ibyo bazazengurukamo Igihugu

by radiotv10
19/01/2026
0

Abahanzi Bruce Melodie na The Ben baherutse guhurira mu gitaramo kimwe cyatangije umwaka wa 2026, byamaze kwemezwa ko bagiye gukora...

Aba-Rayon turababaye ariko dore uko mbibona- Ubutumwa bw’Umu-Rayon w’ukuri

Aba-Rayon turababaye ariko dore uko mbibona- Ubutumwa bw’Umu-Rayon w’ukuri

by radiotv10
19/01/2026
0

Ndi umukunzi wa Rayon Sport w'akadosohoka, nimbivuga mubyumve nk’Ukuri kuzuye. Niba hari igihe nshobona kubona ibyishimo bisendereye ni igihe iyi...

Abarwanyi ba AFC/M23 bakimara kuva muri Uvira byuzuye ibintu byahise bidogera

Abarwanyi ba AFC/M23 bakimara kuva muri Uvira byuzuye ibintu byahise bidogera

by radiotv10
19/01/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko impugenge ryagaragaje niriramuka rirekuye Umujyi wa Uvira, zahise...

IZIHERUKA

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo
FOOTBALL

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

by radiotv10
19/01/2026
0

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

19/01/2026
Impaka ziracyakomeje hagati y’abafana ba Bruce Melodie na The Ben: Noneho baravuga iki?

Amakuru mashya: Igitaramo cyasize impaka cya The Ben na Bruce Melodie kigiye gukurikirwa n’ibyo bazazengurukamo Igihugu

19/01/2026
Aba-Rayon turababaye ariko dore uko mbibona- Ubutumwa bw’Umu-Rayon w’ukuri

Aba-Rayon turababaye ariko dore uko mbibona- Ubutumwa bw’Umu-Rayon w’ukuri

19/01/2026
Updates on Rwanda’s new Digital ID, set to be issued this year

Updates on Rwanda’s new Digital ID, set to be issued this year

19/01/2026
Umweyo wavugije ubuhuha mu Bayobozi n’Abakozi mu Karere ka Karongi uhereye kuri Mayor

Ibikekwa ku mugabo wicanye ubugome umugore bigeze kubana na we akageragezeza kwiyahura

19/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Amakuru agezweho ku wari utegerezanyijwe amatsiko muri ruhago nyarwanda

Amakuru agezweho ku wari utegerezanyijwe amatsiko muri ruhago nyarwanda

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rayon yagize ibindi byago nyuma y’iminsi micye ipfushije uwari Umuganga wayo

AMAFOTO: Perezida Kagame yari muri Stade mu mukino wasize amateka muri Afurika

Amakuru mashya: Igitaramo cyasize impaka cya The Ben na Bruce Melodie kigiye gukurikirwa n’ibyo bazazengurukamo Igihugu

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.