Wednesday, January 14, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Iwabo w’imyidagaduro mu Gisimenti na Biryogo hagiye kumara icyumweru ari kwa Mukundabirori

radiotv10by radiotv10
20/06/2022
in IMYIDAGADURO
0
Iwabo w’imyidagaduro mu Gisimenti na Biryogo hagiye kumara icyumweru ari kwa Mukundabirori
Share on FacebookShare on Twitter

Muri iki gihe mu Rwanda hatangiye ibikorwa bya CHOGM bizitabirwa n’ababarirwa mu bihumbi bitandatu, mu Mujyi wa Kigali haranatangira ibikorwa by’imyidagaduro bizamara icyumweru.

Ibi bikorwa by’imyidagaduro bizabera mu bice bitandukanye byo mu Mujyi wa Kigali birimo n’ibisanzwe bimenyereweho uyu mwihariko wo kwakira abifuza kuruhura mu mutwe.

Ahazwi nko ku Gisimenti haherutse gushyirwa umwihariko wo kuzajya hakumirwamo ibinyabiziga mu minsi y’impera c’Icyumweru kugira ngo abifuza kwica akanyota no kwidagadura bahabwe rugari banabikore bisanzuye mu mihanda, na ho hazabera ibi bikorwa by’imyidagaduro.

Si ho gusa kuko no mu Biryogo na ho haherutse gukumirwamo ibinyabiziga ubu hakaba hahurira imbaga y’abatari bacye bagiye kuhanywera icyayi kizwi nka The Vert ndetse n’igikoma kirahirirwa na benshi, na ho hazaba hari imyidagaduro iruhura abantu.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwatumiye abawutuye ndetse n’abandi babyifa ko aha ku Gisimenti hagiye kumara icyumweru ari kwa ba mukundabirori.

Umujyi wa Kigali uvuga ko “ubararikiye ibikorwa by’imyidagaduro bitandukanye biri muri Car Free Zonze ya Gisimenti no mu Mujyi rwagati bizamara icyumweru cyose.”

Ubu butumire bw’Umjyi wa Kigali, buvuga ko muri ibi bikorwa by’imyidagaduro, harimo iby’umuziki ndtse n’abifuza ibyo kurya no kunywa bikazajya biba ari munange, bizajya binitabirwa n’abashyitsi.

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buvuga ko kwinjira muri ibi bitaramo ari Ubuntu, buti “ikindi ni uko hari interineti y’ubuntu (Free-wifi). Igihe cyose ugiriyeyo uracyirwa.”

Aba DJs bazajya basusurutsa abantu
Icyo kunywa na cyo kiraba gihari ku bwinshi

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 2 =

Previous Post

Perezida Kagame, Tshisekedi, Ndayishimiye, Museveni, Kiir na Kenyatta bari kwiga ku bya Congo

Next Post

Niki gikomeje gutuma havugwa ko Papa Francis yaba agiye kwegura?

Related Posts

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

Mu magambo aryohereye umunyarwenya uzwi mu Rwanda yagaragaje umukunzi we bwa mbere

by radiotv10
12/01/2026
0

Umunyarwenya Etienne Iryamukuru wamamaye muri ‘Bigomba Guhinduka’, yagaragaje umukunzi we amwibutsa ko amukunda uruhora rukura. Ni mu butumwa uyu munyarwenya...

Producer ukiri muto mu Rwanda yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

Producer ukiri muto mu Rwanda yegukanye igihembo gikomeye muri Afurika

by radiotv10
12/01/2026
0

Mugisha Fred Robinson uzwi nka Element Eleeh mu gutanganya umuziki no mu buhanzi, yegukanye igihembo cya Producer mwiza w’umwaka (Best...

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

How to Enjoy Your Weekend Without Spending Much Money

by radiotv10
09/01/2026
0

Many people associate weekends with spending money, eating out, shopping, traveling, or entertainment. But enjoying your weekend doesn’t have to...

Umunyamideri Isimbi Model nyuma yo kugaragaza atwite inda nkuru agarukanye amashimwe akomeye

Umunyamideri Isimbi Model nyuma yo kugaragaza atwite inda nkuru agarukanye amashimwe akomeye

by radiotv10
09/01/2026
0

Umunyamideri Isimbi Vestine uzwi nka Isimbi Model wari uherutse kugaragaza amafoto yenda kwibaruka, yagaragaje amashimwe yuko yibarutse umwana we n’umugabo...

Why Fashion Trends Always Come Back After Many Years

Why Fashion Trends Always Come Back After Many Years

by radiotv10
09/01/2026
0

Have you ever noticed how your parents’ old clothes suddenly look trendy again? One day it’s flared jeans, the next...

IZIHERUKA

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe
FOOTBALL

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

14/01/2026
Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

13/01/2026
Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

Ambasaderi wa America mu Rwanda yasezeweho na Minisitiri Nduhungirehe

13/01/2026
Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye

13/01/2026
Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

Byinshi ku musore wafanaga bikomeye Rayon bivugwa ko yiyahuye kubera gutsindwa n’urwandiko yasize

13/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Niki gikomeje gutuma havugwa ko Papa Francis yaba agiye kwegura?

Niki gikomeje gutuma havugwa ko Papa Francis yaba agiye kwegura?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

Rayon yagize ibyago ipfusha uwari umaze igihe kinini ayikorera

Icyateye Perezida wa Angola guha Tshisekedi igisubizo kinyuranye n’ibyo yari yamusabye mu guhangana na AFC/M23

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.