Thursday, September 25, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Jangwani yatanze umucyo ku byakwirakwijwe ko agiye gutera umugongo APR akerecyeza muri mucyeba Rayon

radiotv10by radiotv10
25/09/2025
in FOOTBALL, SIPORO
0
Jangwani yatanze umucyo ku byakwirakwijwe ko agiye gutera umugongo APR akerecyeza muri mucyeba Rayon
Share on FacebookShare on Twitter

Umufana ukomeye w’ikipe ya APR FC, akaba ari n’umuvugizi w’abafana bose, yanyomoje amakuru aherutse gukwirakwizwa ko yaba agiye kwerecyeza muri Rayon Sports, ashimangira ngo ntacyamukura kuri nyamukandagira mu kibuga kikasa imitutu.

Mugisha Frank uzwi nka Jangwani yabitangaje, ubwo Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwahura n’abahagarariye abafana bayo mu nama yari igamije kubasobanurira imitegurire y’umukino w’ijonjora rya mbere rya CAF Champions League uzahuza iyi kipe na Pyramids FC yo mu Misiri

Mu bitabiriye iyo nama, hagaragayemo Mugisha Frank uzwi nka Jangwani, umuvugizi w’abafana ba APR FC, wari umaze igihe  afunze. Nyuma yo gufungurwa, yakiriwe mu byishimo bikomeye n’abafana b’iyi kipe y’Ingabo bamugaragarije ko bamushyigikiye nk’uko byari bisanzwe.

Jangwani, umwe mu bafana bakunzwe cyane mu Rwanda muri iki gihe, yashimiye Chairman wa APR, Brig Gen Deo Rusanganwa, amwizeza ko uyu mwaka bizaba byiza kurusha umwaka ushize ndetse anyomoza amakuru yari yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga avuga ko yaba agiye kwerekeza muri mukeba w’ibihe byose, Rayon Sports.

APR FC yanaboneyeho gutangaza ibiciro byo kwinjira ku mukino aho itike ya make ari bihumbi bitanu (5000) naho ahandi ni bihumbi 10 Frw ahatwikiriye ibihumbi 20 Frw VIP na 30000 VVIP.

Chairman wa APR yaganirije abafana
Jangwani na we yari muri ibi biganiro

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

2 × 4 =

Previous Post

Morning routines that truly work and brighten your day

Next Post

Huye: Abanyerondo barashyirwa mu majwi kuba ari bo bihishe inyuma y’ibyo bashinzwe kurwanya

Related Posts

Amakuru agezweho: Australia yegukanye icyiciro cya 4 cya Shampiyona y’Amagare u Rwanda habuga gato ngo ruze muri Top10

Amakuru agezweho: Australia yegukanye icyiciro cya 4 cya Shampiyona y’Amagare u Rwanda habuga gato ngo ruze muri Top10

by radiotv10
24/09/2025
0

Ikipe y’Igihugu ya Australia yegukanye umudali wa Zahabu muri Shampiyona y’Amagare, mu cyiciro cy’abahatana ari abakinnyi batatu-batatu mu bagore n’abagabo...

Ibiteye amatsiko wamenya kuri Dembélé wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka ku Isi

Ibiteye amatsiko wamenya kuri Dembélé wegukanye igihembo cy’umukinnyi w’umwaka ku Isi

by radiotv10
24/09/2025
0

Ousmane Dembélé, Umufaransa ubu uri kuvugwa muri ruhago y’Isi nyuma yo kwegukana igihembo cy’umukinnyi w’umwaka (Ballon d'Or) ku Isi, yanyuze...

Mu marira y’ibyishimo no kwibuka amateka yanyuze, Dembelé yavuze kuri Ballon d’Or yegukanye

Mu marira y’ibyishimo no kwibuka amateka yanyuze, Dembelé yavuze kuri Ballon d’Or yegukanye

by radiotv10
23/09/2025
0

Ousmane Dembelé, Umufaransa w'imyaka 28 ukinira Paris Saint Germain, yegukanye igihembo cy’Umukinnyi w'umwaka wa 2025, ahabwa umupira wa zahabu (Ballon...

Top 5 peak speeds recorded so far at the UCI Road World Championships in Kigali

Top 5 peak speeds recorded so far at the UCI Road World Championships in Kigali

by radiotv10
23/09/2025
0

Speed has emerged as one of the defining stories of the 2025 UCI Road World Championships in Rwanda. So far,...

The future of sports in Rwanda: Passion or just business!

The future of sports in Rwanda: Passion or just business!

by radiotv10
23/09/2025
0

Sports have always been more than just a game. They bring people together, inspire dreams, and showcase talent. In Rwanda,...

IZIHERUKA

Huye: Abanyerondo barashyirwa mu majwi kuba ari bo bihishe inyuma y’ibyo bashinzwe kurwanya
MU RWANDA

Huye: Abanyerondo barashyirwa mu majwi kuba ari bo bihishe inyuma y’ibyo bashinzwe kurwanya

by radiotv10
25/09/2025
0

Jangwani yatanze umucyo ku byakwirakwijwe ko agiye gutera umugongo APR akerecyeza muri mucyeba Rayon

Jangwani yatanze umucyo ku byakwirakwijwe ko agiye gutera umugongo APR akerecyeza muri mucyeba Rayon

25/09/2025
Morning routines that truly work and brighten your day

Morning routines that truly work and brighten your day

25/09/2025
Icyo Urukiko rwagendeyeho rutesha agaciro ikirego cy’uwari warareze uwabaye Minisitiri ngo wanze kumugira umugore

Icyo Urukiko rwagendeyeho rutesha agaciro ikirego cy’uwari warareze uwabaye Minisitiri ngo wanze kumugira umugore

25/09/2025
Intambara imaze imyaka ibiri yabaye ingingo y’umunsi mu nama ihurije hamwe Isi yose

Intambara imaze imyaka ibiri yabaye ingingo y’umunsi mu nama ihurije hamwe Isi yose

25/09/2025
Eng.-What students in Kigali are busy with after their schools were closed

Eng.-What students in Kigali are busy with after their schools were closed

25/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Huye: Abanyerondo barashyirwa mu majwi kuba ari bo bihishe inyuma y’ibyo bashinzwe kurwanya

Huye: Abanyerondo barashyirwa mu majwi kuba ari bo bihishe inyuma y'ibyo bashinzwe kurwanya

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Huye: Abanyerondo barashyirwa mu majwi kuba ari bo bihishe inyuma y’ibyo bashinzwe kurwanya

Jangwani yatanze umucyo ku byakwirakwijwe ko agiye gutera umugongo APR akerecyeza muri mucyeba Rayon

Morning routines that truly work and brighten your day

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.