Tuesday, July 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or, Cristiano Ronaldo aza ku mwanya wa 7 (Amafoto)

radiotv10by radiotv10
30/11/2021
in SIPORO
0
Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or, Cristiano Ronaldo aza ku mwanya wa 7 (Amafoto)
Share on FacebookShare on Twitter

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or ye ya karindwi mu mateka, ahigitse abo bari bahanganye barimo Benzema, Cristiano Ronaldo na Robert Lewandowski.

Byari ibirori ubwo Lionel Messi yahabwaga Ballon d’Or ya karindwi mu mateka nk’umukinnyi wahize abandi mu mwaka w’imikino wa 2020/21, ibirori byabereye mu mujyi wa Paris.

Mbere y’umuhango wo gutanga ibi bihembo Lionel Messi waje uherekejwe n’umuryango we ni we wahabwaga amahirwe yo kwegukana Ballon d’Or nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentine, abeye Kapiteni kwegukana igikombe cya Copa America.

Lionel Messi wegukanye Ballon d’Or yaherukaga kuyitwara muri 2019 ahigitse Rutahizamu wa Man United, akaba na mucyeba we Criastono Ronaldo.
Messi amaze gutwara Ballon d’Or zirindwi mu myaka itandukanye harimo esheshatu yatwaye akinira FC Barcelona, n’imwe yatwaye ari umukinnyi wa PSG. Yagiye azitwara mu myaka itandukanye ariyo : 2009, 2010, 2011, 2012, 2015, 2019 na 2021.
Mu bagore Kapiteni wa FC Barcelona akaba na Rutahizamu w’iyi kipe, Alexia Putellas, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umugore mu mwaka wa 2020/21, yegukana Ballon d’Or.

                                           Alexia Putellas ukinira FC Barcelone

Uko ibihembo byatanzwe by’abakinnyi bitwaye neza muri 2020/21

Usibye Messi wegukanye Ballon d’Or, Umutaliyani Gianluigi Donnarumma ukinira Paris Saint-Germain yegukanye ‘Trophée Yachine’ nk’umuzamu mwiza w’umwaka 2020/21.
Alexia Putellas ukinira FC Barcelone yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umugore mu mwaka wa 2020/21, yegukana Ballon d’Or.

Robert Lewandowski yatowe nka rutahizamu w’umwaka 2020/21 mu birori byo gutanga Ballon d’Or biri kubera mu Bufaransa.

Pedro González López ‘Pedri’ ukinira FC Barcelone yatowe nk’umukinnyi mwiza mu batarengeje imyaka 21, ahabwa igihembo cyitwa ‘Kopa’. Pedro González López ukinira FC Barcelone niwe watowe nk’umukinnyi mwiza mubatarengeje imyaka 21

Ikipe ya Chelsea FC yo mu Bwongereza, iheruka gutwara igikombe cyo ku mugabane w’Uburayi “Champions League”  niyo yahawe igihembo cy’ikipe y’umwaka 2020/21.

                                                     Gianluigi Donnarumma yegukanye ‘Trophée Yachine’ Lewandowski yatowe nka rutahizamu w’umwaka 2020/21                       Chelsea FC yo mu Bwongereza niyo kipe nziza y’umwaka wa 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

8 + 14 =

Previous Post

Ni Messi cyangwa Robert Lewandowski- Ballon d’Or 2021 irarara mu maboko yande?

Next Post

COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

Related Posts

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

Ibiteye amatsiko mu masezerano ya Cristiano Ronaldo wemewe kuguma muri Al Nassr

by radiotv10
27/06/2025
0

Nyuma y'iminsi myinshi hibazwa ahazaza ha kizigenza Cristiano Ronaldo dore ko yari afite amasezerano azarangirana n’uku kwezi, byarangiye yemeye kuguma...

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

Volleyball: Ikipe ya Police VC yafunguye ‘academy’ igira icyo isaba abatangiranye na yo

by radiotv10
27/06/2025
0

Ikipe ya Police Volleyball Club yafunguye ku mugaragaro irerero (academy) ryayo ry’abahungu n’abakobwa, mu kigo cy’Amashuri cya Lycée de Kigali,...

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

Rurangiranwa Kylian Mbappe yagaragaye mu isura nshya yateye impungenge abafana

by radiotv10
26/06/2025
0

Imiterere mishya ya Kylian Mbappe iteye impungenge abafana ba Real Madrid, nyuma yo gutakaza ibilo bitanu kubera uburwayi bwa virusi,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Ombolenga nyuma yo gusubira muri APR yavuze ku kuba yazagaruka muri Rayon

by radiotv10
25/06/2025
0

Myugariro Ombolenga Fitina wasubiye muri APR FC yigeze kubera kapiteni, yavuze ko igihe yazajya mu yindi kipe, bigoye ko yazasubira...

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

Beach Volleyball: Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika arimo iyahindutse

by radiotv10
23/06/2025
0

Amakipe agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa Nyafurika (Continental Cup) mu mukino wa Beach Volleyball rigiye kubera muri Morocco, arimo...

IZIHERUKA

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro
AMAHANGA

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro

by radiotv10
01/07/2025
0

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

01/07/2025
Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

01/07/2025
Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

Ikirego kiregwamo umunyapolitiki Ingabire Victoire cyamaze kugezwa mu Rukiko

01/07/2025
Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Mu mvugo yumvikanamo icyizere Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

30/06/2025
Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

Ibivugwa kuri bombori bombori mu rugo rw’abasitari bazwi mu Rwanda Kimenyi na Muyango

30/06/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 irashinja Ubutegetsi bwa Congo gukora igikorwa cy’ubugome ndengakamere nyuma y’amasezerano y’amahoro

Bahawe ‘Saza Neza’ bibaha icyizere cyo kuramba bayamburwa batazi ikibiteye none bagiye gusaza nabi

Rwamagana: Babona hari icyakorwa ngo abana babo badakomeza kuva mu ishuri bakiri bato

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.