Thursday, September 18, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or, Cristiano Ronaldo aza ku mwanya wa 7 (Amafoto)

radiotv10by radiotv10
30/11/2021
in SIPORO
0
Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or, Cristiano Ronaldo aza ku mwanya wa 7 (Amafoto)
Share on FacebookShare on Twitter

Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or ye ya karindwi mu mateka, ahigitse abo bari bahanganye barimo Benzema, Cristiano Ronaldo na Robert Lewandowski.

Byari ibirori ubwo Lionel Messi yahabwaga Ballon d’Or ya karindwi mu mateka nk’umukinnyi wahize abandi mu mwaka w’imikino wa 2020/21, ibirori byabereye mu mujyi wa Paris.

Mbere y’umuhango wo gutanga ibi bihembo Lionel Messi waje uherekejwe n’umuryango we ni we wahabwaga amahirwe yo kwegukana Ballon d’Or nyuma yo gufasha ikipe y’igihugu ya Argentine, abeye Kapiteni kwegukana igikombe cya Copa America.

Lionel Messi wegukanye Ballon d’Or yaherukaga kuyitwara muri 2019 ahigitse Rutahizamu wa Man United, akaba na mucyeba we Criastono Ronaldo.
Messi amaze gutwara Ballon d’Or zirindwi mu myaka itandukanye harimo esheshatu yatwaye akinira FC Barcelona, n’imwe yatwaye ari umukinnyi wa PSG. Yagiye azitwara mu myaka itandukanye ariyo : 2009, 2010, 2011, 2012, 2015, 2019 na 2021.
Mu bagore Kapiteni wa FC Barcelona akaba na Rutahizamu w’iyi kipe, Alexia Putellas, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umugore mu mwaka wa 2020/21, yegukana Ballon d’Or.

                                           Alexia Putellas ukinira FC Barcelone

Uko ibihembo byatanzwe by’abakinnyi bitwaye neza muri 2020/21

Usibye Messi wegukanye Ballon d’Or, Umutaliyani Gianluigi Donnarumma ukinira Paris Saint-Germain yegukanye ‘Trophée Yachine’ nk’umuzamu mwiza w’umwaka 2020/21.
Alexia Putellas ukinira FC Barcelone yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umugore mu mwaka wa 2020/21, yegukana Ballon d’Or.

Robert Lewandowski yatowe nka rutahizamu w’umwaka 2020/21 mu birori byo gutanga Ballon d’Or biri kubera mu Bufaransa.

Pedro González López ‘Pedri’ ukinira FC Barcelone yatowe nk’umukinnyi mwiza mu batarengeje imyaka 21, ahabwa igihembo cyitwa ‘Kopa’. Pedro González López ukinira FC Barcelone niwe watowe nk’umukinnyi mwiza mubatarengeje imyaka 21

Ikipe ya Chelsea FC yo mu Bwongereza, iheruka gutwara igikombe cyo ku mugabane w’Uburayi “Champions League”  niyo yahawe igihembo cy’ikipe y’umwaka 2020/21.

                                                     Gianluigi Donnarumma yegukanye ‘Trophée Yachine’ Lewandowski yatowe nka rutahizamu w’umwaka 2020/21                       Chelsea FC yo mu Bwongereza niyo kipe nziza y’umwaka wa 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

8 + twelve =

Previous Post

Ni Messi cyangwa Robert Lewandowski- Ballon d’Or 2021 irarara mu maboko yande?

Next Post

COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

Related Posts

Pavelh Ndzila wagiye muri Rayon avuye muri APR bwa mbere ahishuye impamvu atagikinira Ikipe y’Igihugu

Pavelh Ndzila wagiye muri Rayon avuye muri APR bwa mbere ahishuye impamvu atagikinira Ikipe y’Igihugu

by radiotv10
18/09/2025
0

Umunyezamu Pavelh Ndzila w’ikipe ya Rayon Sports yagiyemo avuye muri APR FC na yo yinjiyemo ari umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ya...

Inama Pavelh Ndzila agira Rayon mbere yo guhura na Singida yageze mu Rwanda

Inama Pavelh Ndzila agira Rayon mbere yo guhura na Singida yageze mu Rwanda

by radiotv10
18/09/2025
0

Umunyezamu wa Rayon Sports FC, Umunye-Congo Brazzaville Pavelh Ndzila yatanze inama ku cyakorwa ngo ikipe ye isezerere Singida Black Stars...

Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

Umunyamakuru wamenyekanye muri Siporo yagaragaje abakinnyi b’ibihe byose kuri we mu Rwanda

by radiotv10
13/09/2025
0

Umunyamakuru Mucyo Antha Biganiro wamenyekanye mu biganiro bya siporo, yashyize hanze abakinnyi 11 n’umutoza abona b’ibihe byose banyuze mu mupira...

Dore ibihano bishya bizajya bitangwa ku makosa yagaragaye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

Dore ibihano bishya bizajya bitangwa ku makosa yagaragaye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

by radiotv10
12/09/2025
0

Urwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’umupira w’Amaguru 'Rwanda Premier League', rwatangaje ibihano bishya bizaja bihabwa abarenga ku mategeko n’amabwiriza mu mwaka...

Abakinnyi ba APR bavuye mu makipe y’Ibihugu barimo Mugisha wahesheje umugisha Amavubi dore uko bahagaze (AMAFOTO)

Abakinnyi ba APR bavuye mu makipe y’Ibihugu barimo Mugisha wahesheje umugisha Amavubi dore uko bahagaze (AMAFOTO)

by radiotv10
11/09/2025
0

Abakinnyi ba APR FC bavuye mu makipe y’Ibihugu, bahise basanga bagenzi babo muri Tanzania aho iyi kipe iri mu mikino...

IZIHERUKA

AFC/M23 yafashe icyemezo gishyira igorora abakoresha umupaka wa ‘Grande Barrière’ w’u Rwanda na Congo
AMAHANGA

AFC/M23 yafashe icyemezo gishyira igorora abakoresha umupaka wa ‘Grande Barrière’ w’u Rwanda na Congo

by radiotv10
18/09/2025
0

Ibisobanuro by’umugabo uregwa kwicana ubugome umugore we abanje kumutonganya ngo yazerereye atamubwiye

Ibisobanuro by’umugabo uregwa kwicana ubugome umugore we abanje kumutonganya ngo yazerereye atamubwiye

18/09/2025
AMAKURU AGEZWEHO: Uwakekwagaho kwica urw’agashinyaguro uwarokotse Jenoside na we yarashwe arapfa

Uwari aho Abapolisi barasiye batatu bakekwaho ubugizi bwa nabi muri Kamonyi yavuze uko byagenze

18/09/2025
Pavelh Ndzila wagiye muri Rayon avuye muri APR bwa mbere ahishuye impamvu atagikinira Ikipe y’Igihugu

Pavelh Ndzila wagiye muri Rayon avuye muri APR bwa mbere ahishuye impamvu atagikinira Ikipe y’Igihugu

18/09/2025
Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

Mu birori birimo ibyamamare umuhanzi Niyo Bosco n’umukunzi we bateye intambwe nyuma yo kumugaragaza

18/09/2025
Inama Pavelh Ndzila agira Rayon mbere yo guhura na Singida yageze mu Rwanda

Inama Pavelh Ndzila agira Rayon mbere yo guhura na Singida yageze mu Rwanda

18/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

COVID-19: Kuki Abaturarwanda bagiye guterwa urukingo rwa gatatu? Hari impungenge biteye?

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

AFC/M23 yafashe icyemezo gishyira igorora abakoresha umupaka wa ‘Grande Barrière’ w’u Rwanda na Congo

Ibisobanuro by’umugabo uregwa kwicana ubugome umugore we abanje kumutonganya ngo yazerereye atamubwiye

Uwari aho Abapolisi barasiye batatu bakekwaho ubugizi bwa nabi muri Kamonyi yavuze uko byagenze

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.