Thursday, October 23, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Rayon ikomeje gusatira APR, icyizere kuba Ba-Rayon cyongeye kuzamuka

radiotv10by radiotv10
23/04/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Rayon ikomeje gusatira APR, icyizere kuba Ba-Rayon cyongeye kuzamuka
Share on FacebookShare on Twitter

Rayon Sports yatsinze Rwamagana City yongera kugaruka mu makipe ahatanira igikombe cya Shampiyona nyuma yuko mucyeba wayo APR FC itsinzwe na Police FC.

Rayon Sports yitwaye neza mu mukino w’umunsi wa 24 utarabere igihe wa shampiyona kubera ko Ikipe y’Igihugu y’Amavubi icyo yari mu mukino yo gushaka itike y’Igikombe cy’Afurika cyizaba Umwaka utaha mu gihugu cya Ivory Coast.

Uyu mukino wahuje Rwamagana City na Rayon Sports ubundi wagomba gukinwa Taliki ya 23/3/2023, ndetse ubwo mukino warakinwe ariko ntiwarangira kubera Imvura nyinshi yatumye Abasifuzi bahagarika uwo mukino wari ugeze ku munota wa 27 w’igice cya mbere.

Umukino wahagaritse amakipe yombi anganya igitego 1-1, nk’uko byatangajwe na Ferwafa ibinyujije ku Rukuta rway twa Twitter bagira bati “Kubera imvura nyinshi yaguye igatuma umukino wahuzaga Rwamagana City na Rayon Sports uhagarara ku munota wa 27, kuko ikibuga kitari kigishoboye gukinirwaho, uyu mukino uzasubukurwa ejo tariki 23/04/2023 saa 15h00.”

Yakomeje igira iti “Nk’uko biteganywa n’amategeko agenga amarushanwa, mu ngingo ya 38 igika cya gatatu, uyu mukino wahagaze amakipe yombi anganya 1-1 ugomba gukomereza ku munota wari ugezeho kuri Stade ya Ngoma.”

Nyuma y’uko Ferwafa itanze umurongo kuri uwo mukino, uyu munsi umukino wakomeje ndetse Andre Onana aza kuba ikinyuranyo ku makipe menshi nubwo byari byiza kuri Rayon Sports kuko yaje gutsinda igitego cya Kabiri cyabonetse ku munota wa 69 w’Igice cya Kabiri, ndetse n’umukino ukaza kurangira Rayon Sports yegukanye amanota 3 y’umunsi wa 24 wa shampiyona utarabeye igihe.

Iyo ntsinzi ya Rayon Sports yatumye igaruka mu makipe ahatanira igikombe dore ko kugeza ubu yicaye ku mwanya wa 3 n’amanota 52, inyuma ya Kiyovu Sports na APR FC ziyiza imbere.

Onana yatumye Aba-Rayon bamwenyura

Annet KAMUKAMA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eleven − 1 =

Previous Post

Bamwe bati “ni intwari” abandi bati “ni inganzwa ya nyina”-Ibya Hakimi n’umugore we ubundi byaje bite?

Next Post

Gen Muhoozi yasesekaye i Kigali n’ikimuzanye gihita kibukwa

Related Posts

Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

Hatangajwe ibyemezo byafatiwe abasifuzi bayoboye imikino yazamuye impaka irimo uwa APR na Mukura

by radiotv10
23/10/2025
0

Komisiyo ishinzwe imisifurire mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yatangaje ibyemezo bishya bifitanye isano n’imikino ibiri ya Shampiyona iheruka...

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

by radiotv10
22/10/2025
0

Rugema Jocyline bakunze kwita 'Mado' yeguye ku mwanya w’ubunyamabanga muri Fan Base ya Rayon Sports FC, urwego ruhurije hamwe za...

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships

Kigali igiye kwakira ibindi birori by’umukino w’amagare nyuma ya UCI Road World Championships

by radiotv10
22/10/2025
0

Nyuma yuko Umujyi wa Kigali wakiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare, uyu Murwa Mukuru w’u Rwanda ugiye no kwakira ibirori byo guhemba...

Ibidasanzwe ku modoka nshya y’akataraboneka Rutahizamu ukomeye ku Isi Haaland yaguze

Ibidasanzwe ku modoka nshya y’akataraboneka Rutahizamu ukomeye ku Isi Haaland yaguze

by radiotv10
21/10/2025
0

Rutahizamu Erling Haaland ukinira ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza, yaguze imodoka nshya yo mu bwoko bwa Lamborghini ifite...

Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

by radiotv10
22/10/2025
0

Ikipe ya  Mukura Victory Sports & Loisir yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERAFA) isaba ko hakorwa isuzumwa ku misifuriye...

IZIHERUKA

Ntibumva icyatumye ingo zabo zisimbukwa mu guhabwa umuriro w’amashanyarazi
IMIBEREHO MYIZA

Ntibumva icyatumye ingo zabo zisimbukwa mu guhabwa umuriro w’amashanyarazi

by radiotv10
23/10/2025
0

Izajya ihabwa n’abakivuka: Iby’ingenzi wamenya ku irangamuntu nshya igiye kujya itangwa mu Rwanda

Eng.-Rwanda sets date to begin nationwide photo capture for the new digital ID ‘eNdangamuntu’

23/10/2025
Ntibumva icyatumye ingo zabo zisimbukwa mu guhabwa umuriro w’amashanyarazi

Gakenke: Ingorane z’umubyeyi wabyaye akiri umwana nyuma yuko uwamuteye inda afunzwe

23/10/2025
Hatangajwe igihe hazatangira ibikorwa bizatuma Abanyarwanda babona Indangamuntu-koranabuhanga izahabwa kuva ku bakivuka

Hatangajwe igihe hazatangira ibikorwa bizatuma Abanyarwanda babona Indangamuntu-koranabuhanga izahabwa kuva ku bakivuka

23/10/2025
Mukura yanditse yerura ko itishimiye imisifurire mu mukino wayo na APR

Hatangajwe ibyemezo byafatiwe abasifuzi bayoboye imikino yazamuye impaka irimo uwa APR na Mukura

23/10/2025
Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

Ibivugwa nyuma yuko hagiye hanze amajwi ya Perezida wa Rayon

22/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Gen Muhoozi yasesekaye i Kigali n’ikimuzanye gihita kibukwa

Gen Muhoozi yasesekaye i Kigali n’ikimuzanye gihita kibukwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ntibumva icyatumye ingo zabo zisimbukwa mu guhabwa umuriro w’amashanyarazi

Eng.-Rwanda sets date to begin nationwide photo capture for the new digital ID ‘eNdangamuntu’

Gakenke: Ingorane z’umubyeyi wabyaye akiri umwana nyuma yuko uwamuteye inda afunzwe

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.