Monday, October 20, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Rutahizamu kabuhariwe wo kwa Didier Drogba yamaze kwinjira mu Mavubi

radiotv10by radiotv10
23/09/2022
in SIPORO
0
Rutahizamu kabuhariwe wo kwa Didier Drogba yamaze kwinjira mu Mavubi
Share on FacebookShare on Twitter

Rutahizamu Gerard Bi Goua Gohou ukomoka muri Côte d’Ivoire, wamaze guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, ubu ari gukorana imyitozo na ba Serumogo mu Ikipe y’Igihugu Amavubi aho iri muri Maroc yitegura imikino ya Gicuti.

Uyu rutahizamu usanzwe akina muri Kazakhistan ubu uri gukorana imyitozo n’Amavubi yitegura imikino ya gicuti, yinjiye mu ikipe y’u Rwanda nyuma yuko Perezida wa FERWAFA yemeje ko gahunda yo kugarura abanyamahanga mu ikipe y’Igihugu biri gutekerezwaho.

Mu kiganiro aherutse kugirana n’Itangazamakuru ubwo hanatangazwaga urutonde rw’abakinnyi bazifashishwa muri iyi mikino ya gicuti, Nizeyimana Mugabo Olivier yari yatangaje ko mu gihe cya vuba hari abakinnyi bazahabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda nyuma yo kugaragaza ubushake ko bifuza kurukinira.

Mu bavugwaga cyane mu minsi ishize, ni rutahizamu wa Rayon Sports Leandre Essomba Willy Onana, bivugwa ko na we ari mu nzira zo guhabwa ibyangombwa by’ubwenegihugu bw’u Rwanda nkuko yabyifuje.

Gusa mbere yuko Onana ukomoka muri Cameroon yinjira mu Mavubi, yabimburiwe n’Umunya- Côte d’Ivoire, Gerard Bi Goua Gohou na we akaba ari rutahizamu uvugwaho kuba azi kureba mu izamu.

Ikipe ye akinira muri Kazakhistan ikaba yemeje ko uyu rutahizamu yahamagawe n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi.

Gerard Bi Goua Gohou ari gukorana imyitozo n’abakinnyi b’Amavubi

Ngo kureba mu izamu ni ibintu bye

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × 3 =

Previous Post

Uwari Colonel muri FARDC wari inkoramutima ya Kabila yagiye muri M23

Next Post

Haravugwa ifungwa ry’undi Mujenerali wa FARDC uzwi mu rugamba na M23

Related Posts

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

Ubutumwa bwa Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda nyuma y’umusaruro utarishimiwe

by radiotv10
17/10/2025
0

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Bizimana Djihad, yagaragaje ko na bo batishimiye umusaruro babonye mu mikino baherutse gukina, ariko ko basezeranya...

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

Rayon imazemo iminsi ibibazo ubu iravugwamo inkuru nziza yashimisha abafana

by radiotv10
17/10/2025
0

Rutahizamu Fall Ngagne wa Rayon Sports wayifashije mu mwaka w'imikino ushize agashimisha abafana bayo, wari umaze amezi 10 mu mvune,...

Amakuru agezweho mu Ikipe iyoboye Shampiyona y’u Rwanda

Amakuru agezweho mu Ikipe iyoboye Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
16/10/2025
0

Ikipe ya Police FC iyoboye urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona y’u Rwanda imaze gukinwa iminsi itatu, yatandukanye na Muhadjiri Hakizimana wari...

Amahirwe y’Amavubi yo kujya mu cy’Isi birangiye abuze burundu

Nyuma yuko Amavubi yongeye gutenguha Abanyarwanda harakurikiraho iki?

by radiotv10
16/10/2025
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, yatangaje ko nyuma yuko Ikipe y’Igihugu itsinzwe imikino ibiri yikurikiranya, hagiye gushakwa uburyo hategurwa...

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

Umukinnyi w’umunyempano Djabel utaherukaga kugaragara muri Shampiyona y’u Rwanda agiye kongera kuyikina

by radiotv10
14/10/2025
0

Manishimwe Djabel wanyuze mu makipe akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports na APR FC yanabereye kapiteni, wari umaze igihe yaragiye...

IZIHERUKA

Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe
MU RWANDA

Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe

by radiotv10
19/10/2025
0

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

18/10/2025
Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zagobotse abanyeshuri 900

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zagobotse abanyeshuri 900

18/10/2025
Ubutumwa buryohereye umunyamakurukazi uzwi mu Rwanda yageneye umuhanzi wamwambitse impeta

Hamenyekanye itariki y’ubukwe bw’umunyamakurukazi n’umuhanzi bazwi mu Rwanda

18/10/2025
Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

Minisitiri w’Intebe yirukanye abayobozi batatu mu bigo bibiri byo ku rwego rw’Igihugu

18/10/2025
Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

Umusore arahigishwa uruhindu nyuma yo kwica ateye icyuma umukobwa bakundanaga bari banararanye

17/10/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Haravugwa ifungwa ry’undi Mujenerali wa FARDC uzwi mu rugamba na M23

Haravugwa ifungwa ry’undi Mujenerali wa FARDC uzwi mu rugamba na M23

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa Perezida wa Senegal yageneye Perezida Kagame n’Abanyarwanda nyuma yo gusoza uruzinduko rwe

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Sudani y’Epfo zagobotse abanyeshuri 900

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.