Tuesday, January 27, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home AMAHANGA

Sierra Leone: Uwabaye Perezida yahamagajwe na Polisi ngo imuhate ibibazo

radiotv10by radiotv10
08/12/2023
in AMAHANGA, POLITIKI
0
Sierra Leone: Uwabaye Perezida yahamagajwe na Polisi ngo imuhate ibibazo
Share on FacebookShare on Twitter

Polisi yo muri Sierra Leone yahamagaje uwahoze ari Perezida w’iki Gihugu, Ernest Bai Koroma, kugira ngo abazwe, ku bijyanye n’igikorwa cyo kugerageza guhirika ubutegetsi giherutse kuvugwa muri iki Gihugu.

Kugerageza guhirika ubutegetsi muri Sierra Leone, bayabaye mu kwezi gushize k’Ugushyingo tariki 26, ariko uyu mugambi ukaba waraje gupfuba uburijwemo n’inzego z’umutekano z’iki Gihugu.

Minisitiri w’Itangazamakuru muri iki Gihugu, kuri uyu wa Kane tariki 07 Ukuboza 2023, Ernest Bai Koroma wabaye Perezida w’iki Gihugu, yahamagajwe kugira ngo agire ibyo abazwa kuri ririya hirika ry’ubutegetsi ryageragejwe muri iki Gihugu.

Mu mpera z’ukwezi gushize k’Ugushyingo, nibwo abantu bitwaje intwaro bateye mu kigo cya gisirikare muri Sierra Leone, batera Gereza n’ahandi hakorera inzego za Leta, babohora imfungwa zigera ku 2 200 ndetse bica abantu barenga 20.

Leta ya Sierra Leone ivuga koi bi byari mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bw’iki Gihugu, wari uyobowe n’abashinzwe kurinda uwahoze ari Perezida Ernest Bai Koroma.

Ernest Bai Koroma wahakanye yivuye inyuma ibi byatangajwe na Leta, yari yavuze ko yiteguye kwitaba Polisi, igihe cyose yaba ikeneye kugira ibyo imubaza kuri ibi yari yavuzweho.

Inzego z’ubuyobozi zavuze ko kugeza ubu abantu 71 batawe muri yombi mu gihe iperereza rigikomeje. Muri bo harimo abasirikare 45, Abapolisi 7 ndetse n’abasivili 13.

Shemsa UWIMANA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 4 =

Previous Post

Guhangana n’imihindagurikire y’ibihe: Kigali mu mujyi itatu yasekewe n’amahirwe yatoranyijwe i Dubai

Next Post

Harakekwa ikihishe inyuma y’igikorwa kigaragara nko gukora mu jisho America

Related Posts

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

by radiotv10
27/01/2026
0

Ifoto ya Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu imugaragaza ari kuvugira kuri Telefone yagiye yomekwaho utuntu duhisha kamera yayo n’akarango...

AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

Igisubizo AFC/M23 ihaye abayisaba kurekura ibice yafashe

by radiotv10
27/01/2026
0

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ridateze kurekura igice na kimwe mu byo ryafashe,...

Amasezerano y’amateka yagezweho hagati y’u Burayi n’u Buhindi

Amasezerano y’amateka yagezweho hagati y’u Burayi n’u Buhindi

by radiotv10
27/01/2026
0

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi n’u Buhinde batangaje amasezerano akomeye y’ubucuruzi nyuma y’imyaka hafi 20 y’ibiganiro byagiye bihagarara kenshi, mu gihe...

AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

AFC/M23 says it will not withdraw from any area within liberated territories

by radiotv10
27/01/2026
0

The AFC/M23 coalition that is against the government of the Democratic Republic of Congo, announced that it is never going...

Irebere akarasisi kadasanzwe kamurikiwemo intwaro za rutura mu Buhindi (AMAFOTO)

Irebere akarasisi kadasanzwe kamurikiwemo intwaro za rutura mu Buhindi (AMAFOTO)

by radiotv10
26/01/2026
0

U Buhindi bwizihije umunsi w’ubwigenge uzwi nka ‘Republic Day’ waranzwe n’ibikorwa binyuranye birimo akarasisi kamukiwemo n’intwaro zirimo izikomeye. Ni ibirori...

IZIHERUKA

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka
AMAHANGA

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

by radiotv10
27/01/2026
0

Inama ufite uburambe mu mbuga nkoranyambaga n’itangazamakuru mu Rwanda yagiriye ukizamuka uvugwaho kwishongora

Inama ufite uburambe mu mbuga nkoranyambaga n’itangazamakuru mu Rwanda yagiriye ukizamuka uvugwaho kwishongora

27/01/2026
Ibindi byagiye hanze bitari byavuzwe kuri dosiye y’umwarimu wa Kaminuza ufunzwe

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’Umwarimu wa kaminuza uherutse gufungwa hamwe n’abakobwa batatu

27/01/2026
AFC/M23 yavuze umwanzuro yafashe nyuma yo kubona ko uruhande bahanganye rukomeje kwenyegeza imirwano

Igisubizo AFC/M23 ihaye abayisaba kurekura ibice yafashe

27/01/2026
Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

Iby’ingenzi wamenya mu kirego cy’akabakaba Miliyari 100Frw u Rwanda rwarezemo Igihugu cy’i Burayi

27/01/2026
Miss Naomie wagaragaje ibya Hoteli Château le Marara yongeye kuvuga nyuma y’icyemezo cyafashwe

Igisubizo cyihuse Miss Naomie yahaye uwibajije impamvu adatwita

27/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Harakekwa ikihishe inyuma y’igikorwa kigaragara nko gukora mu jisho America

Harakekwa ikihishe inyuma y’igikorwa kigaragara nko gukora mu jisho America

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Telefone Netanyahu yagaragaye yitabiraho yazamuye impaka

Inama ufite uburambe mu mbuga nkoranyambaga n’itangazamakuru mu Rwanda yagiriye ukizamuka uvugwaho kwishongora

Andi makuru yamenyekanye kuri dosiye y’Umwarimu wa kaminuza uherutse gufungwa hamwe n’abakobwa batatu

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.