Friday, December 26, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tanzania: Ibitego bya Bocco na Mugalu byatumye Simba SC yatwaye igikombe cya shampiyona itsinze Coastal Union

radiotv10by radiotv10
12/07/2021
in SIPORO
0
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Simba SC yatwaye igikombe cya shampiyona 2020-2021 nyuma yo gutsinda Coastal Union ibitego 2-0 mu mukino wa shampiyona wakinwaga ku mugoroba w’iki Cyumweru.

Ibitego bya Simba SC byatsinzwe na John Raphael Bocco (13’) na Chris Mugalu (23’) bityo Simba SC yuzuza amanota 79 mu mikino 32. Gutsinda uyu mukino byatumye Simba SC irusha Yanga SC amanota icyenda (9) mu gihe hasigaye imikino ibiri kugira ngo shampiyona isozwe.ImageImage

David Kameta 27, Chris Mugalu  7na John Bocco 22 bishimira igitego

Uyu mukino ntabwo Simba SC yari yawukaniye kuko wabonaga hitabajwe abakinnyi badakunze kubona umwanya mu ikipe ya mbere kuko Beno David Kakolanya yari mu izamu, Ibrahim Ame yari kumwe na Kennedy Wilson Djuma mu mutima w’ubwugarizi.

David Kameta yari inyuma iburyo, Gadiel Kamagi Michael ari ibumoso. Erasto Edouard Nyoni, Chatous Chota Chama, Rally Bwalya bari hagati mu gihe abakina bajya imbere bari bagizwe na Luis Miquissone, Chris Mugalu na John Bocco nka kapiteni.Image

Image

Gadiel Michael Kamagi umukinnyi w’ibumoso muri Simba SC

Aishi Salum Manula (GK), Shomar Salim Kapombe, Mzamiru Yassin Said, Taddeo Lwanga, Said Hamis Ndemla, Meddie Kagere na Hassan Dilunga bari ku ntebe y’abasimbura.

Simba SC isigaje gukina na Azam FC umukino uteganyijwe kuwa kane tariki 15 Nyakanga 2021 mbere yo kuzakira Namungo FC ku Cyumweru tariki 18 Nyakanga 2021 ari nabwo izahabwa igikombe cya 22 cya shampiyona.Image

Simba Sc yatwaye igikombe cya shampiyona 2020-2021Image

Erasto Edouard Nyoni usanzwe akina mu bwugarizi muri iyi minsi ari gukorera hagatiImage

David Kameta ukina inyuma iburyo muri Simba SC yari yahawe umwanya

Image

Coastal Union yabaye ikipe Simba Sc yatwariyeho igikombe

Image

 

Image

Image

Chris Mugalu azengereza ubwugarizi bwa Coastal Union

Image

Clatous Chota Chama (17), Erasto Nyoni (18) na John Bocco (22) baburanya umusifuziImage

John Raphael Bocco atera penaliti ku munota wa 23 ahita yuzuza ibitegho 15 muri shampiyona 2020-2021

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 1 =

Previous Post

APR FC yashyize ahagaragara abakinnyi bashya n’abongerewe amasezerano n’abo yasezereye

Next Post

AMAFOTO: Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju yaganiriye n’ikipe y’u Rwanda mbere yo gutangira irushanwa rya Zone 5

Related Posts

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

IZIHERUKA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya
AMAHANGA

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

by radiotv10
25/12/2025
0

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

25/12/2025
Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

25/12/2025
Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

Umusaza utari umeranye neza n’ab’iwe yasanzwe mu nzu yapfuye batanu bo muri urwo rugo batabwa muri yombi

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

25/12/2025
Abagabo babiri bafashwe bakora rwihishwa inzoga na bo ubwabo badashobora gusomaho

Why Celebrating Christmas Is a Big Thing All Over the World

24/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju yaganiriye n’ikipe y’u Rwanda mbere yo gutangira irushanwa rya Zone 5

AMAFOTO: Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju yaganiriye n’ikipe y’u Rwanda mbere yo gutangira irushanwa rya Zone 5

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibyari isengesho muri Nigeria byahindutse amarira mu kanya nk’ako guhumbya

Hamenyekanye iherezo ry’umusirikare w’Umwofisiye mu gisirikare cy’u Burundi warasiwe ku rugamba na AFC/M23

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.