Sunday, December 28, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Tanzania: Ibitego bya Bocco na Mugalu byatumye Simba SC yatwaye igikombe cya shampiyona itsinze Coastal Union

radiotv10by radiotv10
12/07/2021
in SIPORO
0
Share on FacebookShare on Twitter

Ikipe ya Simba SC yatwaye igikombe cya shampiyona 2020-2021 nyuma yo gutsinda Coastal Union ibitego 2-0 mu mukino wa shampiyona wakinwaga ku mugoroba w’iki Cyumweru.

Ibitego bya Simba SC byatsinzwe na John Raphael Bocco (13’) na Chris Mugalu (23’) bityo Simba SC yuzuza amanota 79 mu mikino 32. Gutsinda uyu mukino byatumye Simba SC irusha Yanga SC amanota icyenda (9) mu gihe hasigaye imikino ibiri kugira ngo shampiyona isozwe.ImageImage

David Kameta 27, Chris Mugalu  7na John Bocco 22 bishimira igitego

Uyu mukino ntabwo Simba SC yari yawukaniye kuko wabonaga hitabajwe abakinnyi badakunze kubona umwanya mu ikipe ya mbere kuko Beno David Kakolanya yari mu izamu, Ibrahim Ame yari kumwe na Kennedy Wilson Djuma mu mutima w’ubwugarizi.

David Kameta yari inyuma iburyo, Gadiel Kamagi Michael ari ibumoso. Erasto Edouard Nyoni, Chatous Chota Chama, Rally Bwalya bari hagati mu gihe abakina bajya imbere bari bagizwe na Luis Miquissone, Chris Mugalu na John Bocco nka kapiteni.Image

Image

Gadiel Michael Kamagi umukinnyi w’ibumoso muri Simba SC

Aishi Salum Manula (GK), Shomar Salim Kapombe, Mzamiru Yassin Said, Taddeo Lwanga, Said Hamis Ndemla, Meddie Kagere na Hassan Dilunga bari ku ntebe y’abasimbura.

Simba SC isigaje gukina na Azam FC umukino uteganyijwe kuwa kane tariki 15 Nyakanga 2021 mbere yo kuzakira Namungo FC ku Cyumweru tariki 18 Nyakanga 2021 ari nabwo izahabwa igikombe cya 22 cya shampiyona.Image

Simba Sc yatwaye igikombe cya shampiyona 2020-2021Image

Erasto Edouard Nyoni usanzwe akina mu bwugarizi muri iyi minsi ari gukorera hagatiImage

David Kameta ukina inyuma iburyo muri Simba SC yari yahawe umwanya

Image

Coastal Union yabaye ikipe Simba Sc yatwariyeho igikombe

Image

 

Image

Image

Chris Mugalu azengereza ubwugarizi bwa Coastal Union

Image

Clatous Chota Chama (17), Erasto Nyoni (18) na John Bocco (22) baburanya umusifuziImage

John Raphael Bocco atera penaliti ku munota wa 23 ahita yuzuza ibitegho 15 muri shampiyona 2020-2021

 

 

 

 

 

 

 

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

17 − 11 =

Previous Post

APR FC yashyize ahagaragara abakinnyi bashya n’abongerewe amasezerano n’abo yasezereye

Next Post

AMAFOTO: Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju yaganiriye n’ikipe y’u Rwanda mbere yo gutangira irushanwa rya Zone 5

Related Posts

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

by radiotv10
28/12/2025
0

Tariki 25 Ugushyingo 2025, Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwasheshe inzego zose za Rayon Sports maze rushyiraho Komite y’inzibacyuho iyobowe na...

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

by radiotv10
28/12/2025
0

Isi ya ruhago ikomeje kunamira uwari umutoza Jean-Louis Gasset witabye Imana ku myaka 72 y’amavuko, aho bamwe mu bafite amazina...

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

Umukinnyi ukomoka muri Congo wakinaga mu Burundi yinjiye muri Shampiyona y’u Rwanda

by radiotv10
26/12/2025
0

Umukinnyi Faustin Likau Pizzalo KITOKO ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wakinaga muri Shampiyona y’u Burundi, yamaze gusinyira ikipe...

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

Ikipe y’Igihugu kimwe iri mu zihabwa amahirwe mu gikombe cya Afurika yaciwe akayabo kubera gusuzugura itangazamakuru

by radiotv10
26/12/2025
0

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yaciye ikipe y’Igihugu ya Misiri amande angana na $5,000 (arenga Miliyoni 7 Frw) kubera...

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

Impamvu yatumye Inteko Rusange ya Kiyovu Sports isubikwa bitunguranye

by radiotv10
25/12/2025
0

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatangaje ko bwasubitse inama y’Inteko Rusange yari iteganyijwe kuba ku wa Gatandatu tariki ya 27 Ukuboza...

IZIHERUKA

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?
FOOTBALL

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

by radiotv10
28/12/2025
0

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

27/12/2025
Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

27/12/2025
Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

Isi ya ruhago mu gahinda ko kubura uyifitemo ibigwi washenguye abafite amazina akomeye

28/12/2025
Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

Why Ginger Is More Than a Spice: Five Health Benefits You Should Know

27/12/2025
Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

Perezida Kagame yasabaanye n’abana bafite impano mu mupira w’amaguru basangiye Noheli n’uwukuriye ku Isi

26/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
AMAFOTO: Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju yaganiriye n’ikipe y’u Rwanda mbere yo gutangira irushanwa rya Zone 5

AMAFOTO: Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju yaganiriye n’ikipe y’u Rwanda mbere yo gutangira irushanwa rya Zone 5

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ukwezi mu nshingano, Murenzi yaba ari mu nzira yo gukemura ibibazo bya Rayon cyangwa ni hahandi?

Hatangajwe icyagaragaye nyuma yuko hafashwe umugabo wagaragaye muri Kigali akora ibyateje impagarara

Rusizi: Umugore yabwiwe ko ataryoshye mu buriri agerageje kwiyahura  irondo ryari maso rirahagoboka

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.