Sunday, May 11, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Umukinnyi wazamuriraga benshi ibinezaneza aciye impaka ku byo kugaruka muri Rayon

radiotv10by radiotv10
11/07/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Umukinnyi wazamuriraga benshi ibinezaneza aciye impaka ku byo kugaruka muri Rayon
Share on FacebookShare on Twitter

Umunya-Maroc Youssef Rharb utazibagirana muri ruhago y’u Rwanda kubera amacenga ye azamura ibyishimo by’abakunzi b’umupira w’amaguru, nyuma y’uko bivuzwe ko agiye kugaruka muri Rayon Sports, na we yagize icyo abivugaho.

Youssef Rharb ntazibagirana muri rahago y’u Rwanda kubera imikinire ye isusurutsa benshi, by’umwihariko akaba yarigaragaje mu mwaka w’imikino wa 2021-2022, ubwo yakiniraga Rayon Sports yayijemo ari intizanyo y’ikipe ya Raja Casablanca.

Nubwo muri Mutarama we na mugenzi we Ayoub basubiye muri Maroc nyuma y’uko ikipe ya Rayon Sports itari yishimiye ibyo bari batangaje ko babayeho nabi muri iyi kipe, ubu hari amakuru meza ku bakunzi b’iyi kipe ko uyu Munya-Maroc Youssef Rharb, agiye kugaruka ndetse ko mu cyumweru gitaha azaba yasesekaye mu Rwanda.

Ni amakuru yatangiye gucicikana ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 10 Nyakanga 2023, ndetse aza kwemezwa na nyiri ubwite, mu butumwa yatanze bugenewe abakunzi ba Rayon Sports.

“Muraho bafana ba @rayon_sports , ni Youssef Rharb. Nishimiye kugaruka mu muryango wanjye wa Rayon Sports. Ndaje vuba ” – Youssef Rharb pic.twitter.com/Vsn33WxyAM

— RadioTv10 Rwanda (@Radiotv10rwanda) July 10, 2023

Muri ubu butumwa bw’amashusho, Youssef Rharb yagize ati “Mukomere bakunzi ba Rayon Sports, ndabakumbuye cyane, nishimiye kuba ngiye kugaruka mu muryango wa Rayon Sports. Tuzabonana bidatinze.”

Ubuyobozi bwa Rayon Sports kandi na bwemeje aya makuru y’igaruka rya Youssef Rharb, buvuga ko yasinye umwaka umwe muri iyi kipe agarukatsemo yaranayigiriyemo ibihe byiza.

Umwaka ushize ubwo yasubiraga iwabo
Guconga ruhago byo ni ibintu bye

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

seventeen + 3 =

Previous Post

Umuhanzikazi mushya ahishuye inkuru y’agahinda yashibutsemo indirimbo yazamuriye benshi amarangamutima

Next Post

Nyuma y’amasaha macye muri Kigali hagaragaye indi nkongi

Related Posts

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

Abahanzi bazaririmba mu birori bya Basketball bitegerejwe mu Rwanda bamenyekanye

by radiotv10
09/05/2025
0

Abazitabira imikino nyafurika ya BAL 2025, bazasusurutswa n’abahanzi barimo uzwi ku Mugabane wa Afurika, King Promise wamenyekanye mu ndirimbo nka...

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

Harimo iyari imaze imyaka 11: Amakipe yazamutse mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yamenyekanye

by radiotv10
08/05/2025
0

Ikipe ya AS Muhanga yaherukaga mu cyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda muri 2014 na Gicumbi FC yagiherukagamo muri...

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

Kiyovu na Gasogi mu nzira yo gucutswa, As Kigali igasigara ku ibere yonyine

by radiotv10
08/05/2025
0

Ubuyozi bw’Umujyi wa Kigali, bugiye gukuraho inkunga bwahaga andi makipe azwi muri ruhago nyarwanda nka Kiyovu Sports na Gasogi United,...

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

Zabyaye amahari hagati ya Rayon n’umukinnyi yasinyishije avuye muri mucyeba wayo

by radiotv10
07/05/2025
0

Myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi na Rayon Sports, Ombolenga Fitina yandikiye iyi kipe iherutse kumugura, ayisaba ko basesa amasezerano kubera kutubahiriza...

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

Hamenyekanye amakuru y’undi mukinnyi mu Rwanda wahagaritse ruhago akiri muto akajya mu mahanga

by radiotv10
07/05/2025
0

Ndayishimiye Thierry wakinaga mu bwugarizi bw’ikipe ya AS Kigali, yahagaritse gukina umupira w’amaguru nk’uwabigize umwuga, aho yerecyeje ku Mugabane w’u...

IZIHERUKA

MU RWANDA

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

09/05/2025
Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Nyuma y’amasaha macye muri Kigali hagaragaye indi nkongi

Nyuma y’amasaha macye muri Kigali hagaragaye indi nkongi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.