Sunday, May 11, 2025
RADIOTV10
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Undi muntu yakize SIDA: Ibirambuye ku buryo bwakoreshejwe

radiotv10by radiotv10
17/02/2022
in Uncategorized
0
Undi muntu yakize SIDA: Ibirambuye ku buryo bwakoreshejwe
Share on FacebookShare on Twitter

Isi yungutse umuntu wa gatatu ukize SIDA nyuma yo guterwa uturemangingo twakuwe mu muntu ufite ubudahangarwa bwo kutandura iyi ndwara, akaba ari Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe aho anabaye umugore wa mbere ku Isi ukize iyi Virusi muri ubu buryo.

Amakuru y’ikira ry’uyu mugore yagaragariwe mu nama y’ubuvuzi yabereye mu mujyi wa Denver wo muri Leta ya Colorado muri Leta Zunze Ubumwe za America.

Uyu mugore abaye umuntu wa gatatu ku Isi ukize SIDA hakoreshejwe ubuvuzi bwo gutera ufite ubwandu uturemangingo fatizo tuzwi nka Stem Cells twakuwe mu muntu usanganywe ubudahangarwa bwo kutanduka SIDA.

Amakuru yo gukira kwe yemejwe nyuma y’amezi 14 ayikize aho byagombye gufata igihe ngo bibanze byemezwe ko yakize burundu Virusi itera SIDA.

Abahanga mu buvuzi bavuga ko ubu buryo busanzwe bunakoreshwa mu buvuzi buhanitse bwo kuvura Kanseri yo mu maraso, bushobora gushyira mu kaga abasanzwe bafite ubwandu bwa SIDA mu gihe babukoreshwaho nubwo buri gukorwaho ubushakashatsi.

Uturemangingo fatizo tw’umuntu ufite ubudahangarwa karemano bwo kutandura SIDA, tuba dukungahaye ku budahangarwa ku buryo uwadutewe na we aba adashobora kwandura iyi virus kuko twongerera imbaraga abasirikare bo mu mubiri.

Ubu buryo bumaze gutuma Isi igira abantu batatu bakize SIDA, ni nab wo bwakoreshejwe kuri Timothy Ray Brown wabaye umuntu wa mbere wakize SIDA muri 2007.

Umuyobozi w’Ishyirahamwe rishinzwe kurwanya SIDA ku Isi, Sharon Lewin, yatangaje ko nubwo ubu buryo bwatanze umusaruro kuri uyu mugore wo muri USA ariko atari bwiza kuri buri wese ufite ubwandu bwa SIDA.

Gusa avuga ko ibi bigaragaza intambwe ishimishije ishobora kuganisha ku iboneka ry’umuti uvura iyi ndarwa kugeza ubu itarabonerwa umuti n’urukingo.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

4 × one =

Previous Post

DRC: Impirimbanyi z’uburenganzira bwa muntu ziburanira mugenzi wabo wishwe zagarutse kuri Kabila

Next Post

Abanyarwanda baba mu Bubiligi babucyereye bajya kwakirana ubwuzu Perezida Kagame

Related Posts

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

by radiotv10
09/05/2025
0

Ntazinda Erasme wahoze ari Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza uregwa Icyaha cy’ubushoreke n’icyo guta urugo, yafatiwe icyemezo cyo kurekurwa nyuma yuko...

Ibirambuye ku cyatumye u Rwanda ruhagarika imikoranire n’u Bubiligi

Icyo u Rwanda rwizeza Ababiligi nyuma yuko ruciye umubano n’Igihugu cyabo

by radiotv10
21/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guca umubano w’iki Gihugu n’u Bubiligi, bitazagira ingaruka ku Babiligi bari mu Rwanda cyangwa abifuza...

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

Belgium: Hidden agenda to “repossess” DR Congo

by radiotv10
20/03/2025
0

Comité National du Kivu (CNKI): CNKI was a colonial-era organization created by the Belgians to manage resources and economic activities...

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ngamba rwafatiwe na Canada

by radiotv10
04/03/2025
0

Guverinoma y’u Rwanda iravuga ko ibyatangajwe n’iya Canada mu itangazo ry’ingamba yafatiye u Rwanda ku birebana n’ibibazo biri mu burasirazuba...

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Afurika y’Epfo zahise zivugana zigira n’ibyo zemeranyaho

by radiotv10
31/01/2025
0

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, na mugenzi we wa Afurika, Ronald Lamola bagiranye ikiganiro kuri telefone,...

IZIHERUKA

MU RWANDA

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

by radiotv10
10/05/2025
0

Inama idasanzwe ya Njyanama y’Akarere ka Nyanza yeguje Mayor Ntazinda

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

09/05/2025
Moses Turahirwa imbere y’Urukiko yafashwe n’ikiniga akora ibyazamuye amarangamutima

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

09/05/2025
Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

Umugore uregwa kwica umugabo we amuziza kumumenera ifu y’ubugari yabivuzeho ibyumvikamo kubigambirira

09/05/2025
Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

Kimwe mu biteye amatsiko wamenya ku Mushumba mushya wa Kiliziya Gatulika ku Isi

09/05/2025
AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

AMAFOTO: Mu Burusiya habaye ibirori by’akataraboneka byaranzwe n’akarasisi kamurikiwemo intwaro zikomeye

09/05/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abanyarwanda baba mu Bubiligi babucyereye bajya kwakirana ubwuzu Perezida Kagame

Abanyarwanda baba mu Bubiligi babucyereye bajya kwakirana ubwuzu Perezida Kagame

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Latest News

Umusore uregwa kwica ‘boss’ we yabitanzeho amakuru mu ibazwa rye

Uwari Umuyobozi w’Akarere waregwaga ubushoreke yafatiwe icyemezo gishingiye ku ibaruwa yanditswe n’umugore we

AMAKURU MASHYA: Moses Turahirwa yafatiwe icyemezo cyo gufungwa

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home

Copyright © 2024 RadioTv10.