• My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
Tuesday, June 2, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Dore abahanzi bagezweho mu Rwanda bahataniye ibihembo n’uburyo wabatora

radiotv10by radiotv10
02/10/2025
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Dore abahanzi bagezweho mu Rwanda bahataniye ibihembo n’uburyo wabatora
Share on FacebookShare on Twitter

Abahanzi b’amazina azwi mu Rwanda banagezweho muri iyi minsi, nka The Ben, Bruce Melodie na Kevin Kade, bahatanye mu bihembo bya Diva Awards bigiye kuba ku nshuro yabyo ya gatatu.

Diva Awards igiye kuba ku nshuro ya gatatu, izabanje hari higanjemo ibyiciro byo mu bijyanye n’ubwiza gusa ariko muri uyu mwaka hakaba hariyongereyemo ibindi byiciro byo mu muziki n’imideli.

Nyuma yo gutangaza abahatanye muri buri cyiciro kuri ubu no gutora mu buryo bwo kuri murandasi bikaba bigeze aharimbanyije aho byatangiye taliki ya 26 Nzeri  bikaba bizasozwa kuwa 26 Ukwakira 2025.

Mu bahanzi bakomeye bahataniye igihembo harimo “The Ben, Kavin Kade, Chriss Eazy, Element, Bruce Melodie, Yampano na Kivumbi King” aba bakaba bahataniye igihembo cy’umuhanzi w’umwaka.

Mu bahanzi bahataniye igihembo mu bari n’abategarugori harimo “Alyn Sano, Bwiza, Ariel Wayz, France Mpundu na Fifi Raya.”

Uretse ibi byiciro harimo n’ibindi byinshi birimo “Umuraperi w’umwaka, umuhanzi mwiza wa gakondo, umuhanzi mwiza mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwatunganyije amashusho neza, Producer w’umwaka, umuhanzi mushya muri 2025, Abavanga imiziki neza (Djs), indirimbo y’umwaka, Collabo y’umwaka n’ibindi.

Uretse ibi byiciro harimo n’ibindi byo mu mideli aho hazahembwa ‘umunyamideli w’umwaka, uwahanze imideli kurusha abandi hamwe n’inzu yahize izindi mu gutunganya no kwambika ibyamamare.

Mu bijyanye n’ubwiza nabo ntabwo uyu mwaka bacikanwe kuko nabo irushanwa rigeze aharyoshye haba mu bakora imisatsi, abogosha, abatera ibirungo n’abandi.

Ushaka gukora uwo ushyigikiye unyura kuri https://divvanews.com/ ubundi ugatora ukoresheje igiceri cy’ijana gusa, inshuro zose ushaka ku munsi.

Diva Awards 2025 biteganyijwe ko izaba taliki ya 26 Ukwakira 2025, ibere muri Zaria Court guhera ku isaha ya saa kumi n’imwe z’umugoroba.

RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

thirteen − twelve =

Previous Post

Ukuri ku rupfu rwa Nyiramajyambere wavuze imvugo iri kwamamara mu Rwanda muri iyi minsi

Next Post

Igihano cy’urupfu cyakatiwe Joseph Kabila wayoboye Congo gikomeje guhagurukirwa

Related Posts

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

Uwamamaye mu gukora amashusho y’abahanzi nyarwanda agiye kurushingana n’umukobwa wakundanye n’ikindi cyamamare

by radiotv10
01/06/2026
0

Uwamamaye nka Cedru mu mwuga wo gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi, yambitse impeta umukobwa witwa Ella wavuzweho gukundana na Lick Lick...

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

Skills Every Young Adult Should Learn Before Turning 30

by radiotv10
01/06/2026
0

Your twenties are often described as the decade of discovery. It is a time when many people finish school, start...

Secrets to building strong and healthy friendships

Secrets to building strong and healthy friendships

by radiotv10
01/06/2026
0

Friendships are some of the most valuable relationships in our lives. Good friends support us during difficult times, celebrate our...

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

Super Manager yaciye amarenga y’icyo ashobora gukurikizaho nyuma y’icyemezo cy’urubanza yari yarezemo asaba miliyoni 380Frw

by radiotv10
29/05/2026
0

Umuhanzi Super Manager uzwi mu myidagaduro mu Rwanda, nyuma yo gutsinda urubanza yari yarezemo sosiyete y’itumanaho ayisaba indishyi ya Miliyoni...

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

Confidence vs. Arrogance: Knowing the Difference Can Change Your Relationships

by radiotv10
29/05/2026
0

Everyone wants to be confident because confidence helps us take on challenges, pursue opportunities, and believe in our abilities. However,...

Next Post
Igihano cy’urupfu cyakatiwe Joseph Kabila wayoboye Congo gikomeje guhagurukirwa

Igihano cy’urupfu cyakatiwe Joseph Kabila wayoboye Congo gikomeje guhagurukirwa

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Latest News

Abamotari bakoresha moto za Spiro mu Rwanda bagarukanye ikindi kibazo kibaremereye

Abagore bashinjwa amarozi bafatanywe ibirimo amazirantoki n’umusaraba

AFC/M23 yagaragaje ibimenyetso by’uko uruhande bahanganye rwiteguye gukaza urugamba

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
  • My Home – English

Copyright © 2024 RadioTv10.