Sunday, May 3, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO

Abanyamakuru b’Urukiko rw’Imikino bakoreye udushya twinshi mu Nzove (VIDEO&AMAFOTO)

radiotv10by radiotv10
18/11/2022
in SIPORO
2
Abanyamakuru b’Urukiko rw’Imikino bakoreye udushya twinshi mu Nzove (VIDEO&AMAFOTO)
Share on FacebookShare on Twitter

Ikiganiro cya mbere gikunzwe mu Rwanda mu bya siporo, gikomeje kwanikira ibindi byose mu dushya, aho icyo kuri uyu wa Gatanu cyabereye imbonankubone mu Nzove ahakorera uruganda rwa Skol rwenga inzoga ifite icyanga kitagereranywa.

Ukwezi kurashize RADIOTV10 itangije ibikorwa byo kwinjiza abakunzi bayo n’abandi Banyarwanda mu mikino y’Igikombe cy’Isi kizatangira umusibo ejo.

Uretse uburyo budasanzwe buri gukorwamo ikiganiro Urukiko rw’Imikino, RADIOTV10 yanashyizeho ubwasisi ku bifuza kwamamaza ibikorwa byabo, ishyiraho igabanyirizwa rya 50% ku kiguzi cyo kwamamaza.

Udushya kuri RADIOTV10 two tumaze kuba akamenyero, aho kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Ugushyingo 2022, ikiganiro Urukiko rw’Imikino kitakorewe muri studio nkuko bisanzwe, ahubwo ubu kikaba kiri kubera mu Nzove.

Abifuza kwamamaza ibikorwa byabo, baramenyeshwa ko aka kanya banyarukira ku cyicaro gikuru cyacu kuri Tele 10 ku Gishushu mu Karere ka Gasabo, ubundi bakavugana n’abashinzwe ubucuruzi.

Ushobora kandi guhamagara kuri nimero ya Telefone (+250) 078 444 44 44, ubundi ugafashwa gukorana na twe mu kwamamaza ibikorwa byawe, bityo Isi yose ikamenya ibyo ukora, abakugana bakiba inshuro utakekaga.

Umunyamakuru Claude Hitimana
Faustin
Wasiri

Faustin yarahiriye kwinjira mu muryango w’Aba-Rayons

RADIOTV10

Comments 2

  1. Bagwiza Jean Marc says:
    3 years ago

    Fostino turakwakiriye munuryango mugari Wa Rayon sport urisanga mukubaka Equip yacu

    Reply
  2. Uwizeyimana theophile says:
    2 years ago

    Hy

    Reply

Leave a Reply to Bagwiza Jean Marc Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

eight + 15 =

Previous Post

Moses wambika abakomeye nyuma y’ifoto yarikoroje yafashe icyemezo kiremereye

Next Post

Hamenyekanye icyemezo kitanejeje ku bakunzi b’agasembuye bazitabira icy’Isi

Related Posts

Abitabiriye CAVB Men’s Club Championship basuye Urwibutso rwa Gisozi birebera amateka y’ibyabaye mu Rwanda

Abitabiriye CAVB Men’s Club Championship basuye Urwibutso rwa Gisozi birebera amateka y’ibyabaye mu Rwanda

by radiotv10
29/04/2026
0

Abagize itsinda ry’abayobozi, abatoza, abasifuzi mpuzamahanga n’abaherekeje amakipe yitabiriye Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, CAVB Men’s Club Championship 2026,...

Impaka ziyongereye ku bakandida barimo umunyabigwi Shabani Nonda bahatanira kuyobora ruhago ya Congo

Impaka ziyongereye ku bakandida barimo umunyabigwi Shabani Nonda bahatanira kuyobora ruhago ya Congo

by radiotv10
27/04/2026
0

Mu gihe habura iminsi itageze ku kwezi ngo muri Repubulika Ndemokarasi ya Congo habe amatora y’uzayobora federasiyo y’umupira w’amaguru muri...

APR FC na Rayon Sports zabonye intsinzi i Huye mbere yo kwihurira

APR FC na Rayon Sports zabonye intsinzi i Huye mbere yo kwihurira

by radiotv10
27/04/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Amagaju FC ibitego 2-0, mu gihe APR FC yo yatsinze Mukura VS ibitego 3-0 mu...

Umutoza uri mu bakomeye i Burayi haravugwa aho ashobora kwerecyeza

Umutoza uri mu bakomeye i Burayi haravugwa aho ashobora kwerecyeza

by radiotv10
24/04/2026
0

Umutoza Pep Guardiola w'ikipe ya Manchester City yo mu Bwongereza, uri mu bafite ibigwi ku Mugabane w'u Burayi, biravugwa ko...

Hatangajwe ibihano byafatiwe abakinnyi babiri mu Rwanda barimo uwakoze ibyateye urujijo

Hatangajwe ibihano byafatiwe abakinnyi babiri mu Rwanda barimo uwakoze ibyateye urujijo

by radiotv10
22/04/2026
0

Abakinnyi Daouda Yussif Seidu wa APR FC na Gédéon Ndinga Bivula wa Etincelles FC, bafatiwe ibihano n'ubuyobozo bwa Rwanda Premier...

IZIHERUKA

Imibonano mpuzabitsina ishimisha nde cyane hagati y’umugabo n’umugore
MU RWANDA

Imibonano mpuzabitsina ishimisha nde cyane hagati y’umugabo n’umugore

by radiotv10
02/05/2026
0

America yaciye amarenga ko ishaka guhagarika burundu intambara yo muri Iran

America yaciye amarenga ko ishaka guhagarika burundu intambara yo muri Iran

02/05/2026
Amakuru mashya ku bayobozi bakomeye ba Nyanza na Gisagara bari baherutse gufungurwa

AMAKURU MASHYA: RIB yafunze abayobozi mu Nzego z’Ibanze bo mu Turere tune barimo uwari Gitifu w’Umurenge

01/05/2026
Hamenyekanye igihano cyasabiwe umunyamakuru uzwi mu myidagaduro ukurikiranyweho kurwanira mu kabari

Amakuru mpamo ku yari yatangiye kuvugwa ku isezera ry’umunyamakuru w’imyidagaduro uzwi mu Rwanda

01/05/2026
Icyo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Congo yasabye Joseph Kabila

America yafatie ibihano Joseph Kabila wabaye Perezida wa Congo

01/05/2026
Ingabo z’u Rwanda zungutse Abofisiye bafite ubumenyi bujyanye no kuyobora abasirikare

Ingabo z’u Rwanda zungutse Abofisiye bafite ubumenyi bujyanye no kuyobora abasirikare

01/05/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Hamenyekanye icyemezo kitanejeje ku bakunzi b’agasembuye bazitabira icy’Isi

Hamenyekanye icyemezo kitanejeje ku bakunzi b’agasembuye bazitabira icy’Isi

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Imibonano mpuzabitsina ishimisha nde cyane hagati y’umugabo n’umugore

America yaciye amarenga ko ishaka guhagarika burundu intambara yo muri Iran

AMAKURU MASHYA: RIB yafunze abayobozi mu Nzego z’Ibanze bo mu Turere tune barimo uwari Gitifu w’Umurenge

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.