Perezida wa Kenya, William Ruto usanzwe ari Umukristu, yifatanyije n’Abayisilamu muri iki gihe bari mu kwezi kw’igisibo, aboneraho kugaragaza ko abantu bagomba gushyira hamwe batitaye ku madini basengeramo cyangwa ikindi...
Read moreMu Rwanda hari inyama zitaribwa ndetse bizwi ko uziriye wahita witaba Imana, gusa si ko bimeze muri Congo-Brazzaville, kuko barya inyama z’inyamaswa zose zo mu gasozi nk'ingona, inzoka, inkende, n'izindi...
Read moreAbaturage bo muri Zone ya Gatumba mu Ntara ya Bujumbura mu Gihugu cy’u Burundi, bongeye guterwa n’imyuzure nyuma y’imyaka itatu bizejwe igisubizo cyayo. Imiryango itaramenyekana umubare, yakuwe mu byayo n'imyuzure...
Read moreUmukecuru wo muri Uganda wujuje imyaka 130 y’amavuko, yakorewe ibirori by’agatangaza, mu kwishimira iyi myaka amaze ku Isi, akaba agikomeye kuko yumva akanareba ndetse akaba avuga neza adategwa. Lucy Kahubiire...
Read moreUbwato bwari butwaye abantu 150 mu Kiyaga cya Kivu, bwakoreye impanuka hafi y’Ikirwa cy’Idjwi ku mpamvu itaramenyekana, hahita hitaba Imana abantu batandatu babashije kuboneka, mu gihe abandi babarirwa muri mirongo...
Read moreIkirunga cya Nyamulagira cyo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gishobora kuruka kandi ibikoma byacyo bikaba byashokera muri Pariki ya Virunga, none abatuye mu Mujyi wa Goma n’ibice bihakikije, bahawe...
Read moreInteko Ishinga Amategeko ya Uganda yatangije umushinga w’Itegeko ryo guhana abaryamana bahuje ibitsina uteganya n’igihano cy’igifungo gishobora kuzajya gihabwa abahamijwe iki cyaha. Ni umushinga watangiye kuganirwaho n’Abashingamategeko b’Inteko ya Uganda...
Read moreUmusozi umwe wo mu Gihugu cy’u Burundi, bwacyeye bawubona uri kugenda, bikangaranya ababibonye batabaje basaba bagenzi babo bari aho uyu musozi werecyezaga kuhava bihuse. Uyu musozi ni uwo muri Zone...
Read moreInteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi yatoye itegeko rihagarika icuruzwa ry’imodoka zikoresha ibikomoka kuri peteroli kuva muri 2035. Iri tegeko ryemejwe mu cyumweru twaraye dusoje tariki 14 Gashyantare 2023,...
Read morePerezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, avuga ko akurikije amahirwe ari muri iki Gihugu ayoboye nta Murundi wari ukwiye kuba umushomeri ahubwo ko biterwa n’ubunebwe bwa bamwe. Ndayishimiye wakunze kugaragaza ko...
Read more