Perezida Paul Kagame avuga ko Afurika itaremewe gusigara inyuma, kuko ibyagezweho n’indi Migabane, na yo yabigeraho, ariko ko bisaba gukoresha...
Read moreDetailsMu gihe iteka rya Minisitiri w’Ubuzima ryo muri 2019 riteganya uburyo hari abemerewe gukuramo inda babikorewe n’abaganga, nk’abana bazitewe bataruzuza...
Read moreDetailsPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare, yafashe umumotari wari utwaye amabalo abiri y’imyenda ya Caguwa yinjijwe mu Gihugu...
Read moreDetailsUrwego Rwashyiriweho Gukora Imirimo y'Insigarira y'Inkiko Mpanabyaha zirimo urwari rwarashyiriweho u Rwanda (ICTR) rwatangaje ko rwashoboye kumenya amakuru y’abantu bose...
Read moreDetailsBamwe mu bakoresha umuhanda uturuka Karuruma werecyeza ahazwi nka Cyuga mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo, bavuga ko...
Read moreDetailsNyuma y’uko abahinga mu kibaya cya Mugogo cyo mu Murenge wa Busogo mu Karere ka Musanze bamaze igihe bavuga ko...
Read moreDetailsBamwe mu barwaye uburwayi bwo mu mutwe mu bihe bitandukanye bo mu Karere ka Rubavu, bakaza gukira; bavuga ko bahabwa...
Read moreDetailsAbo mu nzego za gisirikare n'iz’umutekano baturutse mu Bihugu bitandakanye birimo u Rwanda, Tanzania n’u Buholandi, bari mu mahugurwa agamije...
Read moreDetailsEugène Barikana wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda muri iyi manda igiye kurangira, yatawe muri yombi nyuma yo...
Read moreDetails