Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Niyonkuru Zephanie na Senateri Evode Uwizeyimana basezeranye n’abakunzi babo mu rusengero. Umuyobozi Wungirije...
Read moreUmunyamakuru Cyuzuzo Jeanne d’Arc wa Kiss FM, yambitswe impeta n’umukunzi we bagiye kubana nk’umugore n’umugabo, amusaba kumubera umugore undi ntiyazuyaza...
Read moreNyuma y’uko Padiri Munyeshyaka Wenceslas usanzwe uba mu Bufaransa anakorera umurimo w’Ubupadiri akaba avugwaho kugira uruhare rukomeye muri Jenoside Yakorewe...
Read moreHenri Jean Claude Seyoboka wari ufite ipeti rya Sous Lieutenant mu ngabo zahoze ari FAR, akaba yaroherejwe na Canada kugira...
Read moreMuri iki Cyumweru, mu Karere ka Musanze habaye umuhango wo kwakira indahiro z’abantu 26 binjiye mu rwego rwunganira Ubuyobozi bw'Akarere mu...
Read moreAbanyamuryango ba Koperative RWAMICO y’abacukuzi b’amabuye y’agaciro bo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko abari abayobozi...
Read moreUrukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije icyaha cy’ubujura CSP Kayumba Innocent na mugenzi baregwa hamwe, rubakatira gufungwa imyaka itanu no gutanga...
Read morePolisi ikorera mu Karere ka Gatsibo yafashe uwitwa Hakizisuka Jean Claude w’imyaka 39, acyekwaho kujya mu byanya bikomye akica inyamanswa...
Read moreInama yiga ku mikoreshereze ya Interineti mu Rwanda yateraniye i Kigali, yiga uburyo bwo kuvugurura serivisi za Interineti nk’uburyo bufasha...
Read moreRadio10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onair@radiotv10.rw
Tv10 Studio:
Phone: +2501234567
Email: onset@radiotv10.rw
Marketing & Sales:
Phone: +2501234567
Email: onlinemarketing@radiotv10.rw
Editorial & Press:
Phone: +2501234567
Email: press@radiotv10.rw
Management:
Phone: +2501234567
Email: admin@radiotv10.rw