Friday, August 8, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Ibyo kwitega muri tombola y’irushanwa rikundwa na benshi muri ruhago y’Isi

radiotv10by radiotv10
31/08/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Ibyo kwitega muri tombola y’irushanwa rikundwa na benshi muri ruhago y’Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Abakunzi ba ruhago bafite amashyushyu yo kumenya uko amakipe azahura mu irushanwa risanzwe rikunzwe na benshi rya UEFA Champions League, aho biteganyijwe tombola iba ku mugoroba w’uyu munsi.

Ni tombola ikorwa kuri uyu wa Kane tariki 30 Kanama 2023 ku isaha ya saa 18:00′ i Monaco mu Bufaransa.

 

Icyo kwitega

Ni tombola irimo ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yongeye kubasha kwisanga muri aya marushanwa nyuma y’imyaka irenga 6 idakandagizamo ikirenge.

iragaragaramo kandi ikipe ya Newcastle United nay o yo mu Bwongereza yari imaze imyaka myinshi idakandagiramo. Kuri iyi nshuro yaratunguranye iraza.

Nanone kandi birazwi ko amakipe ava muri Federasiyo imwe cyangwa mu Gihugu kimwe, adashobora guhurira mu itsinda rimwe.

Ni tombola iri bwitabirwe n’amakipe 32, agabanywa mu matsinda umunani (8) aho buri tsinda riri bube ririmo amakipe ane (4)

 

Uko amakipe yagabanyijwe mu dukangara

Pot 1

  • Manchester City (ENG)
  • Sevilla FC (ESP)
  • FC Barcelona (ESP)
  • SSC Napoli (ITA)
  • FC Bayern München (GER)
  • Paris Saint-Germain (FRA)
  • SL Benfica (POR)
  • Feyenoord (NED)

Pot 2

  • Real Madrid CF (ESP)
  • Manchester United (ENG)
  • FC Internazionale Milano (ITA)
  • Borussia Dortmund (GER)
  • Club Atlético de Madrid (ESP)
  • RB Leipzig (GER)
  • FC Porto (POR)
  • Arsenal FC (ENG)

Pot 3

  • FC Shakhtar Donetsk (UKR)
  • FC Salzburg (AUT)
  • AC Milan (ITA) – I
  • SC Braga (POR)
  • PSV Eindhoven (NED) – H
  • S.S. Lazio (ITA) – D
  • FK Crvena zvezda (SRB)
  • F.C. Copenhagen (DEN)

Pot 4

  • BSC Young Boys (SUI)
  • Real Sociedad de Fútbol (ESP)
  • Galatasaray A.Ş. (TUR)
  • Celtic FC (SCO)
  • Newcastle United FC (ENG)
  • FC Union Berlin (GER)
  • Royal Antwerp FC (BEL)
  • RC Lens (FRA)

Abel Deus KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

three + five =

Previous Post

Kigali: Hagaragaye ikibazo gishya mu gutwara abagenzi gitandukanye n’ibizwi na benshi

Next Post

Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Related Posts

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

by radiotv10
08/08/2025
0

Umutoza wa APR FC, Abderrahim Talib yongeye kwibutsa abakunzi b'iyi kipe ko badakwiye guterwa ubwoba na Rayon Sports mu mukino...

Kinshasa yatoranyijwe kwakira Inteko rusange ya CAF

Kinshasa yatoranyijwe kwakira Inteko rusange ya CAF

by radiotv10
07/08/2025
0

Umujyi wa Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Ndemokarasi ya Congo, watoranyijwe kuzakira Inama y’inteko rusange isanzwe ya 47 y’Impuzamashyirahamwe y’Umupira...

Jules Karangwa wabaye umunyamakuru yahawe inshingano zikomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

Jules Karangwa wabaye umunyamakuru yahawe inshingano zikomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda

by radiotv10
07/08/2025
0

Jules Karangwa wigeze gukora umwuga w’itangazamakuru nk’umunyamakuru w’ibiganiro bya Siporo, yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Urwego rukurikirana Shampiyona y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...

Mashami Vincent yamaze kwemezwa nk’umutoza w’ikipe yo hanze y’u Rwanda

Mashami Vincent yamaze kwemezwa nk’umutoza w’ikipe yo hanze y’u Rwanda

by radiotv10
06/08/2025
0

Umutoza Mashami Vincent watozaga ikipe ya Police FC wanigeze gutoza Ikipe y’Igihugu Amavubi, yatangajwe nk’Umutoza Mukuru wa Dodoma Jiji FC...

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

Rayon yishyuye Youssou Diagne wayishyuzaga miliyoni 2Frw imuha umunsi atagomba kurenza atagaruka

by radiotv10
05/08/2025
0

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura myugariro wayo Youssou Diagne umwenda w'amadollari 1500 (miliyoni 2 Frw) yari imufitiye, inamuhamagaza mu...

IZIHERUKA

Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka
MU RWANDA

Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka

by radiotv10
08/08/2025
0

Eng- To be issued from birth: Key facts about Rwanda’s new National ID

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

08/08/2025
Uwari wungirije Perezida Ruto yamuzamuyeho ibirego bikomeye

Uwari wungirije Perezida Ruto yamuzamuyeho ibirego bikomeye

08/08/2025
Abavoka 21 mu Rwanda barimo uzwi mu busesenguzi mu bya politiki bahawe ibihano

Abavoka 21 mu Rwanda barimo uzwi mu busesenguzi mu bya politiki bahawe ibihano

08/08/2025
AFC/M23 yatanze umucyo ku byavugwaga ko igiye gusinyana amasezerano n’ubutegetsi bwa Congo

Eng.-AFC/M23 refutes UN accusations of involvement in civilian killings

08/08/2025
Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

Icyizere Umutoza wa APR aha abafana ku mukino wa mbere w’ishiraniro azahuramo na Rayon

08/08/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Kigali: Abantu 10 bafatiwe mu bujura barimo abo byagaragaye ko banze guhinduka

Eng.-The Rwandan digital ID will be issued to citizens, refugees, and foreign residents

Uwari wungirije Perezida Ruto yamuzamuyeho ibirego bikomeye

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.