Tuesday, December 23, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Ibyo kwitega muri tombola y’irushanwa rikundwa na benshi muri ruhago y’Isi

radiotv10by radiotv10
31/08/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Ibyo kwitega muri tombola y’irushanwa rikundwa na benshi muri ruhago y’Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Abakunzi ba ruhago bafite amashyushyu yo kumenya uko amakipe azahura mu irushanwa risanzwe rikunzwe na benshi rya UEFA Champions League, aho biteganyijwe tombola iba ku mugoroba w’uyu munsi.

Ni tombola ikorwa kuri uyu wa Kane tariki 30 Kanama 2023 ku isaha ya saa 18:00′ i Monaco mu Bufaransa.

 

Icyo kwitega

Ni tombola irimo ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yongeye kubasha kwisanga muri aya marushanwa nyuma y’imyaka irenga 6 idakandagizamo ikirenge.

iragaragaramo kandi ikipe ya Newcastle United nay o yo mu Bwongereza yari imaze imyaka myinshi idakandagiramo. Kuri iyi nshuro yaratunguranye iraza.

Nanone kandi birazwi ko amakipe ava muri Federasiyo imwe cyangwa mu Gihugu kimwe, adashobora guhurira mu itsinda rimwe.

Ni tombola iri bwitabirwe n’amakipe 32, agabanywa mu matsinda umunani (8) aho buri tsinda riri bube ririmo amakipe ane (4)

 

Uko amakipe yagabanyijwe mu dukangara

Pot 1

  • Manchester City (ENG)
  • Sevilla FC (ESP)
  • FC Barcelona (ESP)
  • SSC Napoli (ITA)
  • FC Bayern München (GER)
  • Paris Saint-Germain (FRA)
  • SL Benfica (POR)
  • Feyenoord (NED)

Pot 2

  • Real Madrid CF (ESP)
  • Manchester United (ENG)
  • FC Internazionale Milano (ITA)
  • Borussia Dortmund (GER)
  • Club Atlético de Madrid (ESP)
  • RB Leipzig (GER)
  • FC Porto (POR)
  • Arsenal FC (ENG)

Pot 3

  • FC Shakhtar Donetsk (UKR)
  • FC Salzburg (AUT)
  • AC Milan (ITA) – I
  • SC Braga (POR)
  • PSV Eindhoven (NED) – H
  • S.S. Lazio (ITA) – D
  • FK Crvena zvezda (SRB)
  • F.C. Copenhagen (DEN)

Pot 4

  • BSC Young Boys (SUI)
  • Real Sociedad de Fútbol (ESP)
  • Galatasaray A.Ş. (TUR)
  • Celtic FC (SCO)
  • Newcastle United FC (ENG)
  • FC Union Berlin (GER)
  • Royal Antwerp FC (BEL)
  • RC Lens (FRA)

Abel Deus KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

1 × 2 =

Previous Post

Kigali: Hagaragaye ikibazo gishya mu gutwara abagenzi gitandukanye n’ibizwi na benshi

Next Post

Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Related Posts

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

Bidasubirwaho ubu Rayon ifite umutoza mushya mukuru: Menya amasezerano yasinye

by radiotv10
22/12/2025
0

Ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sports bwemeje ku mugaragaro umutoza mushya, Bruno Ferry, ukomoka mu Bufaransa, nyuma yo gushyira umukono ku...

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

IFOTO: Cristiano ku myaka 40 yagaragaje ko umubiri we ucyubakitse bishyitse

by radiotv10
19/12/2025
0

Rurangiranwa muri ruhago y’Isi, Cristiano Ronaldo, yagaragaje ifoto avuye mu bwotero (Sauna) yerekana uburyo yubatse umubiri mu buryo bwihariye. Ni...

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

Umutoza mushya wa Rayon akigera i Kigali atanze ubutumwa bunyura Abakunzi b’iyi kipe

by radiotv10
19/12/2025
0

Umufaransa Bruno Ferry wageze mu Rwanda aje gutangira akazi ko gutoza ikipe ya Rayon Sports, yavuze ko yifuza gukorana amateka...

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

Hagiye hanze amakuru y’umwuga rurangiranwa Cristiano Ronaldo ashobora kuzerekezamo nyuma ya ruhago

by radiotv10
19/12/2025
0

Hari amakuru avuga ko ubwo Cristiano Ronaldo azaba arangije amasezerano ye muri Al Nassr muri 2027 ashobora guhindura ubuzima akajya...

Abakinnyi babiri b’abanyamahanga batangiye imyitozo muri Rayon Sports

Rayon yatanze umucyo ku Munya-Misiri wagaragaye mu myitozo yayo n’uko yiteguye kugura abakinnyi

by radiotv10
18/12/2025
0

Umunyamabanga akaba n’Umuvugizi wa Rayon Sports, Gakwaya Olivier, yatangaje ko nta gahunda iyi kipe ifite yo gusinyisha Umunya-Misiri Ali Ismael...

IZIHERUKA

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It
IMIBEREHO MYIZA

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It

by radiotv10
23/12/2025
0

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

23/12/2025
Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

23/12/2025
Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

Abasirikare b’u Rwanda barangije amahugurwa yo hejuru bagaragaje imwe mu myitozo ihambaye bahawe

23/12/2025
Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

Gisagara: Ingo zitunze inka zikubye inshuro zirenga ebyiri mu myaka ine

23/12/2025
Abapolisi binjiye muri Polisi y’u Rwanda bagaragaje ubumenyi bahawe burimo ubwo guhosha imyigaragambyo

Abapolisi binjiye muri Polisi y’u Rwanda bagaragaje ubumenyi bahawe burimo ubwo guhosha imyigaragambyo

22/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

The Silent Competition Among Friends: How Youth Compare Progress Without Saying It

Umunyamakuru ‘Fatakumavuta’ ubura amezi abarirwa ku ntoki ngo arangize igifungo yatanze ubutumwa

Ibivugwa n’ababonye impanuka ikomeye yabaye mu Mujyi wa Kigali

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.