Saturday, January 17, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home SIPORO FOOTBALL

Ibyo kwitega muri tombola y’irushanwa rikundwa na benshi muri ruhago y’Isi

radiotv10by radiotv10
31/08/2023
in FOOTBALL, SIPORO
0
Ibyo kwitega muri tombola y’irushanwa rikundwa na benshi muri ruhago y’Isi
Share on FacebookShare on Twitter

Abakunzi ba ruhago bafite amashyushyu yo kumenya uko amakipe azahura mu irushanwa risanzwe rikunzwe na benshi rya UEFA Champions League, aho biteganyijwe tombola iba ku mugoroba w’uyu munsi.

Ni tombola ikorwa kuri uyu wa Kane tariki 30 Kanama 2023 ku isaha ya saa 18:00′ i Monaco mu Bufaransa.

 

Icyo kwitega

Ni tombola irimo ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yongeye kubasha kwisanga muri aya marushanwa nyuma y’imyaka irenga 6 idakandagizamo ikirenge.

iragaragaramo kandi ikipe ya Newcastle United nay o yo mu Bwongereza yari imaze imyaka myinshi idakandagiramo. Kuri iyi nshuro yaratunguranye iraza.

Nanone kandi birazwi ko amakipe ava muri Federasiyo imwe cyangwa mu Gihugu kimwe, adashobora guhurira mu itsinda rimwe.

Ni tombola iri bwitabirwe n’amakipe 32, agabanywa mu matsinda umunani (8) aho buri tsinda riri bube ririmo amakipe ane (4)

 

Uko amakipe yagabanyijwe mu dukangara

Pot 1

  • Manchester City (ENG)
  • Sevilla FC (ESP)
  • FC Barcelona (ESP)
  • SSC Napoli (ITA)
  • FC Bayern München (GER)
  • Paris Saint-Germain (FRA)
  • SL Benfica (POR)
  • Feyenoord (NED)

Pot 2

  • Real Madrid CF (ESP)
  • Manchester United (ENG)
  • FC Internazionale Milano (ITA)
  • Borussia Dortmund (GER)
  • Club Atlético de Madrid (ESP)
  • RB Leipzig (GER)
  • FC Porto (POR)
  • Arsenal FC (ENG)

Pot 3

  • FC Shakhtar Donetsk (UKR)
  • FC Salzburg (AUT)
  • AC Milan (ITA) – I
  • SC Braga (POR)
  • PSV Eindhoven (NED) – H
  • S.S. Lazio (ITA) – D
  • FK Crvena zvezda (SRB)
  • F.C. Copenhagen (DEN)

Pot 4

  • BSC Young Boys (SUI)
  • Real Sociedad de Fútbol (ESP)
  • Galatasaray A.Ş. (TUR)
  • Celtic FC (SCO)
  • Newcastle United FC (ENG)
  • FC Union Berlin (GER)
  • Royal Antwerp FC (BEL)
  • RC Lens (FRA)

Abel Deus KWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × 2 =

Previous Post

Kigali: Hagaragaye ikibazo gishya mu gutwara abagenzi gitandukanye n’ibizwi na benshi

Next Post

Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Related Posts

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

by radiotv10
16/01/2026
0

Ikipe ya Rayon Sports iri mu biganiro bya nyuma n’abakinnyi batatu barimo Yannick Mukunzi, Faustin Usengimana na Yves Mugunga, mu...

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

Ntabwo tugomba kuba abo kwakira gusa: Minisitiri Mukazayire yahaye umukoro ikipe y’igihugu ya Handball

by radiotv10
16/01/2026
0

Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yahaye umukoro abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Handball yitegura Igikombe cya Afurika kigiye kubera mu Rwanda,...

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

Byagenze bite ngo uwakanyujijeho muri ruhago y’Isi ahagarikwe ku mwanya w’ubuyobozi bwa Federasiyo y’iwabo?

by radiotv10
15/01/2026
0

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroun (FECAFOOT), Samuel Eto’o, yahagaritswe imikino ine n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), azira imyitwarire...

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

APR yihanganishije Rayon ku byago yagize byashenguye Aba-Rayon benshi

by radiotv10
14/01/2026
0

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwihanganishije ikipe ya Rayon Sports ku bw’ibyago yagize byo gupfusha uwari umuganga w’iyi kipe Dr....

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

BREAKING: Bitunguranye Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yirukanywe

by radiotv10
14/01/2026
0

Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko Adel Amrouche wari umutoza Mukuru w'Ikipe y'Igihugu Amavubi, yirukanywe nyuma yo gukorerwa...

IZIHERUKA

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye
MU RWANDA

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

by radiotv10
17/01/2026
0

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

17/01/2026
Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

17/01/2026
Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

Hatagize igihinduka abakinnyi batatu bafite amazina akomeye mu Rwanda bagiye kugaragara mu bururu n’umweru

16/01/2026
Ahakekwaho kuba haraturutse igisasu cyaturikanye abana batatu bavukana b’i Gicumbi

Hasobanuwe iby’igisasu cyabonetse hafi y’ishuri mu Mujyi wa Kigali

16/01/2026
Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

Mu mvugo y’urwenya umunyamakuru Angeli Mutabaruka yavuze kuri boss we KNC bakorana bikanyura benshi

16/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Abategarugori b’u Rwanda bihaye umukoro wihariye washibutse mu mananiza barambiwe

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Kaminuza y’u Rwanda iravugwaho ubuhemu n’abo yari yagobotse ikaza kwisubira ibatunguye

What Dehydration Does to the Body (Beyond Thirst)

Stepping in Rwandan Heroes’ Footsteps: A lesson Gen Z should always keep in mind

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.