Saturday, January 24, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Ifoto y’umuhanzikazi Ariel Wayz yateje yarondogoje benshi ku mbuga nkoranyambaga

radiotv10by radiotv10
06/07/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Ifoto y’umuhanzikazi Ariel Wayz yateje yarondogoje benshi ku mbuga nkoranyambaga
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzikazi uri mu barikuzamuka muri muzika hano mu Rwanda, Ariel Wayz na Juno Kizigenza baherutse gushyira hanze indirimbo barikumwe, kuva aba bombi bahurira mu ndirimbo hakomeje kuvugwa inkuru z’urukundo rwabo nubwo ubwabo batarabyemeza kumugaragaro.

Kuva Juno yakorana indirimbo na Ariel kubera ukuntu basigaye baragara cyane barikumwe abenshi basigaye bavugako bari murukundo.

Juno na Ariel mu mashusho yakwirakwijwe cyane kumbuga nkoranyambaga, ibere ry’uyu mukobwa ryagarutsweho cyane.

Hashize iminsi hagaragara amashusho uyu mukobwa arikumwe na Juno ndetse hari abavuga ko aba bombi basigaye babana mu nzu imwe.

Mu mshusho yakwirakwijwe kumbuga nkoranyambaga, agaragaza Ariel na Juno bari ahantu murugo, muri aya mashusho Ariel yambaye umupira usatuye.

Bombi baba babyina indirimbo ya Bruce Melody, nkuko bigaragara muri aya mashusho baba babyinana bikubanaho, uyu mukobwa biboneka ko nta sutiya aba yambaye ku buryo abyina ibere rimwe ryikubita hirya irindi hino.Aya mshusho ya Ariel ari kumwe na Juno ubona bizihiwe cyane niyo yavugishije abantu benshi mu bakoresha imbuga nkoranymbaga.

Uwitwa Nusra Irakoze ati: “Uziko iber riduhay show”.

Image

Kugaragara kw’ibere rya Ariel Wayz byateje ururondogoro ku mbuga nkorambaga

Mugisha Yvan nawe ati: “Byahereye kuma tako none bigeze no kuma bere ubanza juno atari bushire gusa noneho ari bushirire papa”.

Pacifique nawe ati: “Wyz ubanza azi kunyonga igare ku mugani Wa Mico utubere ni…”

Uwitwa Mugemana Nicky nawe ati: “Riracyari umutemeli ntimusebye undi mwana”.

Ariel Wayz yavuze ko Juno Kizigenza baheruka gushyira hanze indirimbo bari kumwe yitwa ‘Away’ yari itegerejwe na benshi kubera ukuntu bayiteguje abantu bikagera aho banasomana; ari inshuti ye ariko nta kidasanzwe kiri hagati yabo.

Image

Ariel Wayz ni umuhanzikazi wize umuziki mu ishuri ry’umuziki ryo ku Nyundo

Hari hari aho bagirag bati: “Ku rukundo rwawe nzahaguma. Nzanyura mu nzira zawe. Ku bw’urukundo rwawe Tuzica umujyi. Ku bw’urukundo rwawe ibyo bazavuga ntacyo bimbwiye. Uzanjyana kure”.

See the source image

Ariel Wayz (Ibumoso) na Juno Kizigenza (Iburyo) bamaze iminsi basohoye indirimbo “Away” ikunzwe cyane muri iki gihe

Ijya gusohoka habanje kujya hanze amashusho hanze bari gusomana bituma benshi bacika ururondogoro bakeka aba bombi bakundana ariko nyuma biza kumenyekana ko bashakaga kugira ngo bavuzwe mbere y’uko ijya hanze.

Inkuru ya: Jean Paul Mugabe/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

7 + 6 =

Previous Post

Basketball: Murekatete Bella ahamya ko imyiteguro y’imikino y’akarere ka 5 itanga ikizere cyo kuzabona itike

Next Post

Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Related Posts

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

by radiotv10
24/01/2026
0

Abanyamakuru bazwi mu Rwanda, Aissa Cyiza, Cyuzuzo Jeanne d’Arc, Michèle Iradukunda uzwi nka Michou, na Mucyo Christella, bazwi mu kiganiro...

Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye

Bruce Melodie nyuma y’amasaha macye yerecyeje muri Kenya yahise atangira gukora icyamujyanye

by radiotv10
23/01/2026
0

Umuhanzi Bruce Melodie ukunze kwiyita ‘Munyakazi’, nyuma y’amasaha macye ahagurutse i Kigali akerecyeza i Nairobi muri Kenya mu bikorwa byo...

Why Hobbies Can Make You Happier (and Which Ones Are Trending)

Why Hobbies Can Make You Happier (and Which Ones Are Trending)

by radiotv10
23/01/2026
0

Life can be stressful. School, work, social life, and responsibilities can make anyone feel tired or overwhelmed. One simple way...

Did you know that hugging can help heal sadness? Here are the benefits of hugging

Did you know that hugging can help heal sadness? Here are the benefits of hugging

by radiotv10
22/01/2026
0

There are moments when someone feels sad, lonely, or stressed, and words are not enough to make them feel better....

Ibyamenyekanye ku cyatumye umuhanzi The Ben asiba ubutumwa bwateje urujijo

Ibyamenyekanye ku cyatumye umuhanzi The Ben asiba ubutumwa bwateje urujijo

by radiotv10
20/01/2026
0

Umuhanzi The Ben wari watangaje ko amakuru yari yatangajwe na mugenzi we Bruce Melodie ko bafite ibitaramo bizazazenguka Igihugu ari...

IZIHERUKA

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye
IMIBEREHO MYIZA

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

by radiotv10
24/01/2026
0

Hahishuwe byinshi byirengagizwa bituma urubyiruko rukomeza gutsikamirwa n’ubushomeri biruturutseho

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

24/01/2026
Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

24/01/2026
Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

24/01/2026
Inkuru y’Isomo: Ibiteye amatsiko mu mibanire y’umusore wemeye gushaka umukobwa ufite SIDA ubu bubatse urugo runezerewe

Inkuru y’Isomo: Ibiteye amatsiko mu mibanire y’umusore wemeye gushaka umukobwa ufite SIDA ubu bubatse urugo runezerewe

24/01/2026
Gen. Muhoozi yabaye nk’utoneka Bobi Wine bamaze iminsi baterana amagambo anarira ayo kwarika

Gen. Muhoozi yabaye nk’utoneka Bobi Wine bamaze iminsi baterana amagambo anarira ayo kwarika

23/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ibiza byaje bibatunguye byashyize imibereho yabo mu ihurizo rikomeye

Hagaragajwe igipimo gishya cy’ubushomeri mu rubyiruko rw’u Rwanda no ku bandi

Rubavu: Bashimira uburyo Leta yabatekerejeho ikabunganira ariko n’ubundi barakikoreye umutwaro

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.