Friday, January 30, 2026
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Ifoto y’umuhanzikazi Ariel Wayz yateje yarondogoje benshi ku mbuga nkoranyambaga

radiotv10by radiotv10
06/07/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Ifoto y’umuhanzikazi Ariel Wayz yateje yarondogoje benshi ku mbuga nkoranyambaga
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzikazi uri mu barikuzamuka muri muzika hano mu Rwanda, Ariel Wayz na Juno Kizigenza baherutse gushyira hanze indirimbo barikumwe, kuva aba bombi bahurira mu ndirimbo hakomeje kuvugwa inkuru z’urukundo rwabo nubwo ubwabo batarabyemeza kumugaragaro.

Kuva Juno yakorana indirimbo na Ariel kubera ukuntu basigaye baragara cyane barikumwe abenshi basigaye bavugako bari murukundo.

Juno na Ariel mu mashusho yakwirakwijwe cyane kumbuga nkoranyambaga, ibere ry’uyu mukobwa ryagarutsweho cyane.

Hashize iminsi hagaragara amashusho uyu mukobwa arikumwe na Juno ndetse hari abavuga ko aba bombi basigaye babana mu nzu imwe.

Mu mshusho yakwirakwijwe kumbuga nkoranyambaga, agaragaza Ariel na Juno bari ahantu murugo, muri aya mashusho Ariel yambaye umupira usatuye.

Bombi baba babyina indirimbo ya Bruce Melody, nkuko bigaragara muri aya mashusho baba babyinana bikubanaho, uyu mukobwa biboneka ko nta sutiya aba yambaye ku buryo abyina ibere rimwe ryikubita hirya irindi hino.Aya mshusho ya Ariel ari kumwe na Juno ubona bizihiwe cyane niyo yavugishije abantu benshi mu bakoresha imbuga nkoranymbaga.

Uwitwa Nusra Irakoze ati: “Uziko iber riduhay show”.

Image

Kugaragara kw’ibere rya Ariel Wayz byateje ururondogoro ku mbuga nkorambaga

Mugisha Yvan nawe ati: “Byahereye kuma tako none bigeze no kuma bere ubanza juno atari bushire gusa noneho ari bushirire papa”.

Pacifique nawe ati: “Wyz ubanza azi kunyonga igare ku mugani Wa Mico utubere ni…”

Uwitwa Mugemana Nicky nawe ati: “Riracyari umutemeli ntimusebye undi mwana”.

Ariel Wayz yavuze ko Juno Kizigenza baheruka gushyira hanze indirimbo bari kumwe yitwa ‘Away’ yari itegerejwe na benshi kubera ukuntu bayiteguje abantu bikagera aho banasomana; ari inshuti ye ariko nta kidasanzwe kiri hagati yabo.

Image

Ariel Wayz ni umuhanzikazi wize umuziki mu ishuri ry’umuziki ryo ku Nyundo

Hari hari aho bagirag bati: “Ku rukundo rwawe nzahaguma. Nzanyura mu nzira zawe. Ku bw’urukundo rwawe Tuzica umujyi. Ku bw’urukundo rwawe ibyo bazavuga ntacyo bimbwiye. Uzanjyana kure”.

See the source image

Ariel Wayz (Ibumoso) na Juno Kizigenza (Iburyo) bamaze iminsi basohoye indirimbo “Away” ikunzwe cyane muri iki gihe

Ijya gusohoka habanje kujya hanze amashusho hanze bari gusomana bituma benshi bacika ururondogoro bakeka aba bombi bakundana ariko nyuma biza kumenyekana ko bashakaga kugira ngo bavuzwe mbere y’uko ijya hanze.

Inkuru ya: Jean Paul Mugabe/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

nine − 8 =

Previous Post

Basketball: Murekatete Bella ahamya ko imyiteguro y’imikino y’akarere ka 5 itanga ikizere cyo kuzabona itike

Next Post

Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Related Posts

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

Ni iki cyatumye indirimbo y’umuhanzi uzwi mu Rwanda ijya hanze nyuma y’imyaka umunani?

by radiotv10
28/01/2026
0

Umuhanzikazi Sarah Sanyu wamamaye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana mu Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi, yashyize hanze indirimbo...

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

Inama zikomeje kugirwa ukizamuka mu gukoresha imbuga nkoranyambaga washyizeho ubutumwa bwumvikanamo ubwishongozi

by radiotv10
27/01/2026
1

Bamwe mu bamaze igihe bakoresha imbuga nkoranyambaga banazwi mu mwuga w’itangazamakuru, bagiriye inama utarazimaraho igihe ukomeje kunyuzaho ubutumwa buvugwaho ko...

Miss Naomie wagaragaje ibya Hoteli Château le Marara yongeye kuvuga nyuma y’icyemezo cyafashwe

Igisubizo cyihuse Miss Naomie yahaye uwibajije impamvu adatwita

by radiotv10
27/01/2026
0

Nyuma yuko hari uwanditse avuga ngo “umwaka urahise undi uratashye Miss Namie akoze ubukwe ariko nta kanunu ko gusama”, uyu...

Umwe mu bamamaye mu gusobanura Filimi mu Rwanda n’umukunzi we bageze ku ntego y’urukundo rwabo

Umwe mu bamamaye mu gusobanura Filimi mu Rwanda n’umukunzi we bageze ku ntego y’urukundo rwabo

by radiotv10
26/01/2026
0

Uwamamaye nka PK mu gusobanura filimi mu Rwanda, wari uherutse kwambika impeta y’urukundo umukunzi we, bamaze gukora ubukwe nk’umugore n’umugabo....

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

Abanyamakurukazi b’amazina azwi mu Rwanda basangije abantu amafoto bishimira igihe bamaze bakorana

by radiotv10
24/01/2026
0

Abanyamakuru bazwi mu Rwanda, Aissa Cyiza, Cyuzuzo Jeanne d’Arc, Michèle Iradukunda uzwi nka Michou, na Mucyo Christella, bazwi mu kiganiro...

IZIHERUKA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge
MU RWANDA

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

by radiotv10
29/01/2026
0

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

29/01/2026
Hatanzwe umucyo ku cyari kigamijwe haba inama yahuje Perezida Kagame na Tshisekedi i Doha

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

29/01/2026
Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

Uwashyize ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga bwumvikanyemo ubwishongozi yazanye ubundi asubiza ababutanzeho ibitekerezo

29/01/2026
Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

Min.Nduhungirehe yagize icyo yibutsa Inteko y’u Burayi yongeye kwinjira mu by’Umunyapolitiki Ingabire Victoire

29/01/2026
Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

Igisubizo Iran ihaye America nyuma y’ibyo yise ibikangisho ikomeje kuyishyiraho

29/01/2026
ADVERTISEMENT
Next Post
Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Hakozwe operasiyo yo gufata umugabo ukewaho gucuruza ku rwego rwo hejuru ibiyobyabwenge

Umunyamakuru Maurice yavuze aho yamenyeye ko yahawe inshingano na Guverinoma y’u Rwanda n’ibyakurikiyeho

Eng.-Minister Nduhungirehe reminds the European Parliament it has no jurisdiction over Rwanda

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.