Saturday, December 13, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO IBYAMAMARE

Ifoto y’umuhanzikazi Ariel Wayz yateje yarondogoje benshi ku mbuga nkoranyambaga

radiotv10by radiotv10
06/07/2021
in IBYAMAMARE, IMYIDAGADURO
0
Ifoto y’umuhanzikazi Ariel Wayz yateje yarondogoje benshi ku mbuga nkoranyambaga
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzikazi uri mu barikuzamuka muri muzika hano mu Rwanda, Ariel Wayz na Juno Kizigenza baherutse gushyira hanze indirimbo barikumwe, kuva aba bombi bahurira mu ndirimbo hakomeje kuvugwa inkuru z’urukundo rwabo nubwo ubwabo batarabyemeza kumugaragaro.

Kuva Juno yakorana indirimbo na Ariel kubera ukuntu basigaye baragara cyane barikumwe abenshi basigaye bavugako bari murukundo.

Juno na Ariel mu mashusho yakwirakwijwe cyane kumbuga nkoranyambaga, ibere ry’uyu mukobwa ryagarutsweho cyane.

Hashize iminsi hagaragara amashusho uyu mukobwa arikumwe na Juno ndetse hari abavuga ko aba bombi basigaye babana mu nzu imwe.

Mu mshusho yakwirakwijwe kumbuga nkoranyambaga, agaragaza Ariel na Juno bari ahantu murugo, muri aya mashusho Ariel yambaye umupira usatuye.

Bombi baba babyina indirimbo ya Bruce Melody, nkuko bigaragara muri aya mashusho baba babyinana bikubanaho, uyu mukobwa biboneka ko nta sutiya aba yambaye ku buryo abyina ibere rimwe ryikubita hirya irindi hino.Aya mshusho ya Ariel ari kumwe na Juno ubona bizihiwe cyane niyo yavugishije abantu benshi mu bakoresha imbuga nkoranymbaga.

Uwitwa Nusra Irakoze ati: “Uziko iber riduhay show”.

Image

Kugaragara kw’ibere rya Ariel Wayz byateje ururondogoro ku mbuga nkorambaga

Mugisha Yvan nawe ati: “Byahereye kuma tako none bigeze no kuma bere ubanza juno atari bushire gusa noneho ari bushirire papa”.

Pacifique nawe ati: “Wyz ubanza azi kunyonga igare ku mugani Wa Mico utubere ni…”

Uwitwa Mugemana Nicky nawe ati: “Riracyari umutemeli ntimusebye undi mwana”.

Ariel Wayz yavuze ko Juno Kizigenza baheruka gushyira hanze indirimbo bari kumwe yitwa ‘Away’ yari itegerejwe na benshi kubera ukuntu bayiteguje abantu bikagera aho banasomana; ari inshuti ye ariko nta kidasanzwe kiri hagati yabo.

Image

Ariel Wayz ni umuhanzikazi wize umuziki mu ishuri ry’umuziki ryo ku Nyundo

Hari hari aho bagirag bati: “Ku rukundo rwawe nzahaguma. Nzanyura mu nzira zawe. Ku bw’urukundo rwawe Tuzica umujyi. Ku bw’urukundo rwawe ibyo bazavuga ntacyo bimbwiye. Uzanjyana kure”.

See the source image

Ariel Wayz (Ibumoso) na Juno Kizigenza (Iburyo) bamaze iminsi basohoye indirimbo “Away” ikunzwe cyane muri iki gihe

Ijya gusohoka habanje kujya hanze amashusho hanze bari gusomana bituma benshi bacika ururondogoro bakeka aba bombi bakundana ariko nyuma biza kumenyekana ko bashakaga kugira ngo bavuzwe mbere y’uko ijya hanze.

Inkuru ya: Jean Paul Mugabe/RadioTV10 Rwanda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

one × 4 =

Previous Post

Basketball: Murekatete Bella ahamya ko imyiteguro y’imikino y’akarere ka 5 itanga ikizere cyo kuzabona itike

Next Post

Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Related Posts

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

Dore ubutumwa umuhanzikazi Aline Gahongayire yigeneye ku isabukuru ye

by radiotv10
12/12/2025
0

Umuhanzikazi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yizihije isabukuru y’amavuko kuri uyu wa 12 Ukuboza 2025,...

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

Havuzwe ibimaze kugerwaho mu iperereza ku munyamakuru Djihad waje mu Rukiko yambaye bidasanzwe

by radiotv10
11/12/2025
0

Mu rubanza rw’abaregwa gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni, barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, hasobanuwe ko uyu uzwi mu biganiro kuri YouTube,...

Uko byagenze ubwo umuhanzi Lionel Sentore yahuraga n’umubyeyi we baherukanaga mu myaka 13 ishize

Uko byagenze ubwo umuhanzi Lionel Sentore yahuraga n’umubyeyi we baherukanaga mu myaka 13 ishize

by radiotv10
11/12/2025
0

Umuhanzi mu njyana ya gakondo, Lionel Sentore, yagaragaje ibyishimo yatewe no kongera guhura n’umubyeyi we bari bamaze imyaka 13 batabonana,...

Bamporiki wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusezerana w’Umuhanzi Niyo Bosco

Bamporiki wabaye muri Guverinoma y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gusezerana w’Umuhanzi Niyo Bosco

by radiotv10
11/12/2025
0

Edouard Bamporiki wabaye mu nzego nkuru z’u Rwanda, yagiye gushyigikira umuhanzi Niyo Bosco, mu muhango wo gusezerana imbere y’amategeko n’umugore...

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

Umva igisubizo umuhanzikazi Alyn Sano yasubije abajijwe niba akiri ISUGI

by radiotv10
10/12/2025
0

Umuhanzikazi Alyn Sano yabajijwe niba akiri isugi, abanza gutungurwa no kuba uwari ubimubajije atinyuka kubimubaza, amusubiza na we amubaza niba...

IZIHERUKA

Curiosity grows around Rwanda’s new Digital ID
IMIBEREHO MYIZA

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

by radiotv10
13/12/2025
0

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

13/12/2025
Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

13/12/2025
Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

Rutahizamu wa Police FC yambitse impeta y’urukundo umukunzi we bitegura kurushinga

13/12/2025
Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

Patriotism and the Power of Youth: Why the Future of Our Nation Depends on Us

13/12/2025
America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

America yahaye umuburo Igihugu cyo muri Afurika cyafashe icyemezo kitayinyuze

12/12/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Ruhango: Abo mu murenge wa Mbuye babuze amazi meza bashoka ibiziba

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Rwanda’s digital ID advances with 300,000 already registered

Amakuru agezweho ku ntambara yo muri Congo n’ubundi ikirimo ingabo z’u Burundi

Ubutumwa bwahawe Abapolisi 74 barimo abo hejuru muri Polisi y’u Rwanda bagiye mu kiruhuko

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.
No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.