Monday, September 1, 2025
RADIOTV10
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10
No Result
View All Result
RADIOTV10
No Result
View All Result
Home IMYIDAGADURO

Umuhanzi uzwi muri Gospel mu Rwanda yagaragaje itandukaniro ry’ubuhanzi bw’ubu no hambere

radiotv10by radiotv10
01/09/2025
in IMYIDAGADURO, MUZIKA
0
Umuhanzi uzwi muri Gospel mu Rwanda yagaragaje itandukaniro ry’ubuhanzi bw’ubu no hambere
Share on FacebookShare on Twitter

Umuhanzi Jean Pierre Clever Tuyizere wamenyekanye nka Papi Clever uririmbana n’umugore we Dorcas, yemeza ko umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana wateye imbere ku buryo utunze abawukora na we arimo, mu gihe mu bihe byatambutse atari ko byahoze.

Papi Clever avuga ko abahanzi b’Indirimbo z’Imana, bakunze kwitwa abakozi b’Imana, na bo bakabigenderaho bumva ko bari gukorera Imana ariko batagamije kugira icyo bakura muri uyu mwuga.

Uyu muhanzi watangiye ubuhanzi akora wenyine, avuga ko na we ari umwe mu bahanzi na bo bumvaga ko kuririmbira Imana bidakwiye guherekezwa n’inyungu runaka, ariko ko bigenda byikora, ku buryo na we asigaye agira inyungu akura mu buhanzi bwe ubu asigaye akorana n’umufasha we.

Uyu muhanzi unafite ibitaramo binyuranye muri Leta Zunze Ubumwe za America, yagize ati “Umuziki wa Gospel wateye imbere, ntabwo ari nka kera. Kera ntabwo twari tuzi abo bishobora kubeshaho mu buryo bufatika ubwo ndavuga amafaranga yakubeshaho, ugasanga abantu barabikorera muri conditions zigoye, ariko uyu munsi siko bimeze, hari abantu benshi dutunzwe n’umuziki.”

Akomeza agira ati “Bigenda bitera imbere nubwo tugifite urugendo rwo kugenda kugira ngo tugere ku rwego ruri hejuru.”

Yakomeje avuga ko mu muziki hari ibikenewe kugira ngo ukomeze ugere ku rwego rwisumbuyeho.

Ati “Twakwishimira ibyabaye abantu bateye imbere mu bijyanye n’imyumvire ku muziki, ubumenyi, hari aba producer beza (abatunganya imiziki), tubona ibyuma byiza, abantu bashoramo amafaranga bazana ama sound meza ku buryo iyo dukoze konseri uba wumva ibintu rwose bimeze neza nta kintu tubuze.”

Papi Clever yize umuziki ndetse we n’umugore we bafite ibitaramo byo kuzenguruka America muri uku kwezi kwa Nzeri, bazahera mu mujyi wa Dallas.

Esther Fifi UWIZERA
RADIOTV10

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

3 × five =

Previous Post

Perezida Kagame ari muri Senegal

Next Post

Eng.-President Paul Kagame in Senegal

Related Posts

Ubutumwa Knowless yageneye umugabo we Clement ku isabukuru ye

Ubutumwa Knowless yageneye umugabo we Clement ku isabukuru ye

by radiotv10
01/09/2025
0

Umuhanzikazi Knowless yifurije isabukuru nziza umugabo we Ishimwe Clement, akoresheje amagambo aryohereye, amushimira uburyo yamubereye uw’agaciro gakomeye mu buzima bwe....

Umukinnyi wa Filimi Lynda yongeye gushimangira urwo akunda umukunzi we yasimbuje Zaba Missedcall bakanyuzanyijeho

Umukinnyi wa Filimi Lynda yongeye gushimangira urwo akunda umukunzi we yasimbuje Zaba Missedcall bakanyuzanyijeho

by radiotv10
28/08/2025
0

Umukinnyikazi wa Filimi, Uwankusi Nkusi Lynda wamamaye nka Lynda Priya, yongeye gushimangira urwo akunda umukunzi we mushya, amwifuriza isabukuru nziza...

IFOTO: Umuhanzi Andy Bumuntu yagaragaye mu isura nshya

IFOTO: Umuhanzi Andy Bumuntu yagaragaye mu isura nshya

by radiotv10
26/08/2025
0

Umuhanzi Kayigi Andy wamamaye nka Andy Bumuntu, wanigeze gukora umwuga w’itangazamakuru, wamenyerewe afite imisatsi miremire izwi nka Dreadlocks, yagaragaye yarogoshe...

Nyuma yuko umuhanzi uzwi ku Isi agaragaye mu muhanda yambaye akenda k’imbere hakurikiyeho iki?

Nyuma yuko umuhanzi uzwi ku Isi agaragaye mu muhanda yambaye akenda k’imbere hakurikiyeho iki?

by radiotv10
22/08/2025
0

Umuhanzi w’Umuraperi w'Umunyamerika Lil Nas X wanegukanye ibihembo mu bizwi ku Isi bya Grammy Awards, yatawe muri yombi ahita anajyanwa...

Umugore w’umuhanzi Jose Chameleone arashaka 60% by’umutungo w’umugabo we muri gatanya asaba

Umugore w’umuhanzi Jose Chameleone arashaka 60% by’umutungo w’umugabo we muri gatanya asaba

by radiotv10
21/08/2025
0

Daniella Atim washyingiranywe n’Umuhanzi w’Umunya-Uganda Jose Chameleone, ubu akaba ari kwaka gatanya, arasaba 60% by’umutungo w’umugabo we, mu kirego yagejeje...

IZIHERUKA

Ubutumwa Knowless yageneye umugabo we Clement ku isabukuru ye
IBYAMAMARE

Ubutumwa Knowless yageneye umugabo we Clement ku isabukuru ye

by radiotv10
01/09/2025
0

Hagaragajwe ibisabwa abatunze imbwa mu Rwanda birimo ibitamenyerewe cyane

Hagaragajwe ibisabwa abatunze imbwa mu Rwanda birimo ibitamenyerewe cyane

01/09/2025
Menya umubare w’imanza zakijijwe zitaregewe Inkiko hakoreshejwe ‘Plea Bargain’-ibiganiro by’Ubushinjacyaha n’abaregwa

Hatangajwe umubare w’imanza zaciwe nk’Inkiko z’u Rwanda n’izakemuwe hakoreshejwe ubuhuza n’ubwumvikane

01/09/2025
Eng.-Updates on Doha talks between AFC/M23 and the DRC Government

Eng.-AFC/M23 warns DRC Government, issues ultimatum to FARDC, FDLR, and allied forces

01/09/2025
Haravugwa gukaza umurego kw’imirwano hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

AFC/M23 yongeye kwihanangiriza Ubutegetsi bwa Congo iha integuza FARDC, FDLR n’abacancuro

01/09/2025
Hagaragajwe igipimo cy’imvura iteganyijwe mu Rwanda mu kwa 09 hanatangwa ubujyanama

Hagaragajwe igipimo cy’imvura iteganyijwe mu Rwanda mu kwa 09 hanatangwa ubujyanama

01/09/2025
ADVERTISEMENT
Next Post
Eng.-President Paul Kagame in Senegal

Eng.-President Paul Kagame in Senegal

Contact Us

E-mail:
radiotv10rwanda@gmail.com
infos@radiotv10.rw

Radio10 Sales & Marketing:
Phone: +250784444444

Radio10 Studio:
Phone: +250788317918

Useful Links

  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Latest News

Ubutumwa Knowless yageneye umugabo we Clement ku isabukuru ye

Hagaragajwe ibisabwa abatunze imbwa mu Rwanda birimo ibitamenyerewe cyane

Hatangajwe umubare w’imanza zaciwe nk’Inkiko z’u Rwanda n’izakemuwe hakoreshejwe ubuhuza n’ubwumvikane

Download App

Copyright © 2024 RadioTv10.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In

Add New Playlist

No Result
View All Result
  • My Home
  • MU RWANDA
  • AMAHANGA
  • SIPORO
  • IMYIDAGADURO
  • LIVE RADIO10
  • LIVE TV10

Copyright © 2024 RadioTv10.